IYABIVUZE NIYONSENGA Blandine
-
Amakuru
MIGEPROF isanga hakenewe kongerera ubushobozi abagore mu ikoranabuhanga
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF, igaragaza ko hakenewe ubufatanye mu kuvanaho ibyuho bigituma hagaragara ubusumbane hagati y’abagabo n’abagore mu gukoresha…
Read More » -
Amakuru
Kicukiro: umuryango Hacorwa wahuguye abagore ku ihohoterwa rikorerwa mungo
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Gahanga bahagarariye abandi, bahuguwe n’umuryango Ibiganza by’Impuhwe cyangwa se Hands of Compassion Rwanda(HACORWA).…
Read More » -
Amakuru
Kayonza: imiryango iragirwa inama yo kudahishira abatera abangavu inda
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba buvuga ko bugiye gushyira imbaraga mu gushakisha no guhana hakurikijwe amategeko imiryango igira uruhare mu kunga no…
Read More » -
Amakuru
RNIT iterambere fund: kwizigamira bikwiye kuba umuco ku banyarwanda bidasabye ko hari ibyo uba wasaguye.
Ubuyobozi bw’Ikigega RNIT Iterambere Fund bugaragaza ko kwizigamira bikwiye kuba umuco ku banyarwanda bidasabye ko hari ibyo uba wasaguye. Ibi…
Read More » -
Amakuru
RTB: Hatangijwe igikorwa kigamije gufasha urubyiruko kwihangira imirimo.
Mu karere ka Nyarugenge, hatangijwe ku mugaragaro umushinga wo guteza imbere ubukerarugendo, ku bufatanye bw’umuryango w’ubumwe bw’uburayi(EU) n’ikigo cy’igihugu gishinzwe…
Read More » -
Amakuru
Rwamagana: Ikibazo cy’ibura rya hato na hato ry’umuriro n’amazi kigiye kuvugutirwa umuti urambye
Mu gihe hari abaturage mu murenge wa Fumbwe bavuga ko bagorwa no kubona umuriro n’amazi hafi, ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana…
Read More »