AmakuruJOBS
Trending

Isoko ryo kudoda imyambaro y’abanyeshuli bafashwa n’umushinga wa REPES mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Musambira.

FXB Rwanda

B.P 188 Kigali

Email : info@fxbrwanda.org

Itangazo ryˈipiganwa 008/G/FXB/2024

Isoko ryo kudoda imyambaro y’abanyeshuli bafashwa n’umushinga wa REPES mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Musambira.

Binyuze mu mushinga wa REPES, FXB-Rwanda, Umuryango Nyarwanda utari uwa Leta, iramenyesha abantu bose n’ibigo bibyifuza kandi babifitiye ubushobozi, ko mu rwego rwo gufasha abafatanyabikorwa bayo b’abanyeshuri ko ishaka gutanga isoko ryo kudoda imyambaro y’ishuli mu bigo bikurikira :

ABANYESHURI N’IBIGO BIGAHO

ECOLE

P1

P2

P3

P4

P5

P6

TOTAL

 EP Jean de Pape

M

2

M

2

M

4

M

2

M

0

M

3

13

F

5

F

2

F

6

F

2

F

3

F

2

20

EP Cyambwe

M

4

M

9

M

4

M

3

M

7

M

2

29

F

7

F

8

F

8

F

10

F

9

F

7

49

EP Kambyeyi

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

1

F

1

F

0

2

EP Shaka

M

9

M

6

M

9

M

9

M

4

M

4

41

F

10

F

13

F

3

F

4

F

11

F

3

44

GS Buye

M

1

M

0

M

0

M

1

M

0

M

0

2

F

0

F

0

F

1

F

0

F

0

F

0

1

GS Kagarama

M

1

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

1

F

0

F

0

F

0

F

1

F

1

F

1

3

Kageyo

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

0

F

0

F

1

1

TOTAL

39

40

35

33

36

23

206

ECOLE

S1

S2

S3

S4

S5

S6

TOTAL

 GS Kagarama

M

2

M

0

M

1

M

0

M

0

M

0

3

F

3

F

0

F

0

F

0

F

0

F

0

3

Es Musambira

M

6

M

5

M

3

M

1

M

0

M

1

16

F

1

F

1

F

5

F

2

F

1

F

0

10

Karubanda

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

1

F

0

F

0

1

GS Gihembe

M

1

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

1

F

0

F

0

F

0

F

1

F

0

F

1

2

GS Buye

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

1

F

0

F

0

F

0

F

0

1

GS Masaka

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

1

F

0

F

0

F

0

1

GS Ruyenzi

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

1

F

0

F

0

1

GS St Dominique Gihara

M

0

M

1

M

0

M

0

M

0

M

0

1

F

0

F

0

F

0

F

0

F

0

F

0

0

GS Wimana

M

M

1

M

0

M

0

M

0

M

0

1

F

0

F

1

F

0

F

0

F

0

F

0

1

GS St Joseph Birambo

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

0

F

1

F

0

1

ETO Nyamata Bugesera

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

0

F

1

F

0

1

ES Gisozi

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

M

0

0

F

0

F

0

F

0

F

0

F

1

F

0

1

TOTAL

13

10

10

6

4

2

45

Nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe iri haruguru, buri munyeshuli agenewe imyambaro y’ishuli ibiri (2 paires). Upiganwa agomba kubanza gusura ibigo by’amashuli byavuzwe haruguru agasuzuma neza imiterere y’imyambaro y’ishuli apiganirwa yibanda ku kureba igitambaro umwambaro w’ishuri udozemo, amabara, n’ibindi byose byazatuma atanga servisi isabwa mu buryo bumoze.

Imyambaro y’ishuli itangwa igizwe n‘ijipo/ipantalo n’ishati. Uzatsindira iri soko agomba kuba yiteguye kugemura iyi myambaro y’ishuli ku biro bya FXB Rwanda biri mu murenge wa Runda, akarere ka Kamonyi. Iyi myambaro y’ishuri izagezwa ahavuzwe haruguru mu gihe kitarenze amezi abiri ukimara gusinya amasezerano na FXB Rwanda. Kwishyurwa bizakorwa nyuma yo kwakira imyambaro yose yuzuye kandi ishimwe n’ikigo ndetse na FXB Rwanda.

Uwifuza wese gupiganira iri soko agomba kugaragaza ibi bikurikira:

  • Icyemezo cy’uko yiyandikishije mu gitabo cy’ubucuruzi gitangwa na RDB (RDB certificate)
  • Kuba nta mwenda abereyemo ikigo k’imisoro n’amahoro (VAT Tax clearence certificate);
  • Kuba nta mwenda abereyemo RSSB (RSSB clearence certificate);
  • Igiciro cyatanzwe kigomba kugaragaza neza umubare w’amafaranga atarimo TVA, TVA ukwayo ndetse n’igiteranyo cya yose.

Ibahasha ifunze neza irimo ibaruwa yandikiwe Umuyobozi Nshingwabikorwa wa FXB Rwanda irimo ibiciro igaragaza ibyasabwe hejuru igomba kuba yageze mu Bunyamabanga bukuru bwa FXB-Rwanda buherereye mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Runda, Akagali ka Ruyenzi muri metero 100 uvuye ku murenge wa Runda, bitarenze ku wa gatatu taliki ya 22/05/2024 saa kumi za nimugoroba (16h00).

Icyitonderwa:

  1. FXB Rwanda ishobora kwanga ibiciro igihe ibyatanzwe bihabanye n’ibiri ku isoko.
  2. Abapiganirwa iri soko bagomba gushyiraho email zabo kugirango bazamenyeshwe ibyavuye mu ipiganwa
  3. Uwakenera nomero za telefone z’abayobozi b’ibigo yabaza FXB Rwanda kuri aderesi zatanzwe haruguru.

Bikorewe ku Runda, kuwa 15 Gicurasi 2024

Emmanuel KAYITANA

Executive Director

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button