AmakuruJOBS
Trending

Itangazo rya Cyamunara y’ibinyabiziga

ITANGAZO RYA CYAMUNARA

Ikigo cy’Ubwishingizi  PRIME INSURANCE Ltd, kiramenyesha abantu bose ko cyifuza kugurisha mu cyamunara ibinyabiziga bikurikira:

IBIRANGO BY’IBIGURISHWA

  CHASSIS

UBWOKO BY’IKINYABIZIGA

UMWAKA CYAKOREWEHO

AHO CYAMUNARA IZABERA

AMASAHA

   RAE 756V

 JTMHV01J6H215818

JEEP TOYOTA LAND CURUISER VX V8

2017

 MIC Building

       3rd Floor

   10:00AM

    RAD912D

 ADNCPUD22Z0046146

NISSAN/H/BODY D/C

2014

MIC Building

    3rd Floor

AMABWIRIZA NGENDERWAHO:

Gusura bizakorerwa ahoikinyabiziga gitezwa cyamunara giherereye nkuko bigaragara mu mbonerahamwe iri hejuru guhera kuwa kabiri tariki 25/02/2025 kugeza kuwa kane tariki ya 06/03/2025.

Ikinyabizigakigurishwa uko

Igicirocyemejwe kizaba gikubiyemo umusoro ungana na 18%.

Ukiguze ahita yishyura 10% uwo munsi kuri konti ya Prime Insurance Ltdnimero 00040- 00040000-69 iri muri Bank of Kigali Ltd adasubizwa.

Mugihe uwatsindiye ikinyabiziga amazeiminsi irenze ibiri (2) y’akazi atishyuye amafaranga yose, ikinyabiziga yari yatsindiye gihita kigurishwa abandi kandi ntasubizwe amafaranga yamaze gutanga.

Uguzeyemererwagutwara ikinyabiziga aruko yishyuye amafaranga yose.

Uguze ahabwa igihe kitarenze ukwezi kumwe (1) kugirango abe yandukuje ikinyabiziga kikajya mu mazina ye (mutation).

ICYITONDERWA:

Kwemererwa kujya kurutonde rwa cyamunara biteye ku buryo bukurikira:

  • Gutanga million imwe y’amafaranga y’u Rwanda (Rwf 1,000,000) asubizwa igihe  upiganwa atabashije gutsindira icyo apiganirwa.
  • Amafaranga yo kwinjira mu cyamunara yavuzwe haruguru ntasubizwa uwatsindiye ikinyabizigaahubwo ayaheraho yishura ikinyabiziga yatsindiye.
  • cyamunara kizakorwa kuwa Gatanu tariki ya 07/03/2025 saa yine za mugitondo aho buri kinyabiziga giparitse(MIC building 3rd Floor)

Bikorewe i Kigali, ku wa 24/02/2025

Col (Rtd) Eugene M. HAGUMA

UMUYOBOZI MUKURU

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button