
ITANGAZO RYA CYAMUNARA
Ikigo cy’Ubwishingizi PRIME INSURANCE Ltd, kiramenyesha abantu bose ko cyifuza kugurisha mu cyamunara ibinyabiziga bikurikira:
IBIRANGO BY’IBIGURISHWA |
CHASSIS |
UBWOKO BY’IKINYABIZIGA |
UMWAKA CYAKOREWEHO |
AHO CYAMUNARA IZABERA |
AMASAHA |
RAE 756V |
JTMHV01J6H215818
|
JEEP TOYOTA LAND CURUISER VX V8 |
2017 |
MIC Building 3rd Floor |
10:00AM
|
RAD912D |
ADNCPUD22Z0046146 |
NISSAN/H/BODY D/C |
2014 |
MIC Building 3rd Floor
|
AMABWIRIZA NGENDERWAHO:
Gusura bizakorerwa ahoikinyabiziga gitezwa cyamunara giherereye nkuko bigaragara mu mbonerahamwe iri hejuru guhera kuwa kabiri tariki 25/02/2025 kugeza kuwa kane tariki ya 06/03/2025.
Ikinyabizigakigurishwa uko
Igicirocyemejwe kizaba gikubiyemo umusoro ungana na 18%.
Ukiguze ahita yishyura 10% uwo munsi kuri konti ya Prime Insurance Ltdnimero 00040- 00040000-69 iri muri Bank of Kigali Ltd adasubizwa.
Mugihe uwatsindiye ikinyabiziga amazeiminsi irenze ibiri (2) y’akazi atishyuye amafaranga yose, ikinyabiziga yari yatsindiye gihita kigurishwa abandi kandi ntasubizwe amafaranga yamaze gutanga.
Uguzeyemererwagutwara ikinyabiziga aruko yishyuye amafaranga yose.
Uguze ahabwa igihe kitarenze ukwezi kumwe (1) kugirango abe yandukuje ikinyabiziga kikajya mu mazina ye (mutation).
ICYITONDERWA:
Kwemererwa kujya kurutonde rwa cyamunara biteye ku buryo bukurikira:
- Gutanga million imwe y’amafaranga y’u Rwanda (Rwf 1,000,000) asubizwa igihe upiganwa atabashije gutsindira icyo apiganirwa.
- Amafaranga yo kwinjira mu cyamunara yavuzwe haruguru ntasubizwa uwatsindiye ikinyabizigaahubwo ayaheraho yishura ikinyabiziga yatsindiye.
- cyamunara kizakorwa kuwa Gatanu tariki ya 07/03/2025 saa yine za mugitondo aho buri kinyabiziga giparitse(MIC building 3rd Floor)
Bikorewe i Kigali, ku wa 24/02/2025
Col (Rtd) Eugene M. HAGUMA
UMUYOBOZI MUKURU