AmakuruJOBS
Trending

Itangazo Ry’isoko Ryo Kugemura Ibiryo Byo Gutekera Abana Kuwa Gatandatu Mugihe Cy’umwaka Wose Guhera Muri Mutarama 2026 Kugeza Mu Kuboza 2026 Ku Bana 296

RW 0143 EMLR PAROISSE GIKONDO

E-mail: rw143projectdirector@gmail.com

TÉL: 0788639471/0788504706

ITANGAZO RY’ISOKO

Umushinga RW-143 GIKONDO ukorera mu Itorero Méthodiste Libre mu Rwanda (EMLR) muri Paroisse Cathedrale Gikondo, Urahamagarira ba Rwiyemezamirimo babifitiye ubushobozi kuza gupiganirwa isoko ryo kugemura ibiryo byo gutekera abana kuwa Gatandatu mugihe cy’umwaka wose guhera muri Mutarama 2026 kugeza mu Kuboza 2026 ku bana 296.

Abifuza gupiganirwa iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

  • FACTURE PROFORMA IGARAGAZA IBICIRO BY’IBIRYO
  • KUBA YARIYANDIKISHIJE MURI TVA
  • REGISTRE DE COMMERCE
  • ATTESTATION DE NON-CREANCES ITARENGEJE AMEZI ATATU YO KUTABAMO

IMISORO YA LETA NA RSSB

  • IRANGAMUNTU PHOTOCOPY Y’UPIGANIRWA ISOKO CG UHAGARARIYE COMPANY
  • IBYEMEZO BY’AHANTU HATATU YAKOZE AMASOKO AKAYARANGIZA NEZA.
  • AGOMBA KUGARAGAZA KANDI NUMERO YA COMPTE YO KWISHYURIRWAHO ATSINDIYE ISOKO ISA NI IZINA RYA COMPANY
  • AGOMBA KUBA ATANGA KANDI FACTURE YA E.B.M.
  • IBARUWA ISABA ISOKO YANDIKIWE KOMITE Y’UMUSHINGA

Abifuza gupiganirwa iryo soko bashobora kuza kubiro by’Umushinga gufata igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa, bamaze kwishyura amafaranga y’u Rwanda Ibihumbi icumi (10,000Frws) adasubizwa agahabwa inyemezabwishyu n’Umushinga aho ukorera mu masaha y’akazi , Amabahasha y’ipiganwa azakirwa kandi afungurirwe mu ruhame kuwa 23 ukuboza 2025 saa yine (10.00) ku biro by’umushinga .

Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara kuri Telefone : 0788639471/0723440828

Bikorewe i Gikondo 08/12/2025

Ubuyobozi bwa Paroisse Cathedrale Gikondo

Uhagarariye Umushinga muri Paroisse Cathedrale Gikondo

Past. MUJYAMBERE Innocent

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button