
Eglise presbytérienne au Rwanda – EPR
PRESBYTERY ZINGA
PARUWASI MUSAZA
RW 0589 EPR-RUGANGO
Ubuyobozi bw’Itorero Presbyterian ry’u Rwanda (EPR), Paroisse ya MUSAZA ifite icyicaro mu kagari ka Kabuga, Umurenge wa Musaza, Akarere ka Kirehe, Intara y’Iburasirazuba rifite Umushinga RW0585 EPR RUGANGO uterwa inkunga na Compassion International Rwanda burifuza gutanga isoko ryo Kugurira abana imyenda yo kurimba.
Uwifuza gupiganira iri soko,agomba kuza gufata igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa ku Biro bya EPR Paruwase ya MUSAZA aho Umushinga ukorera guhera ku itariki ya 01/11/2025 kugeza ku itariki ya 15/11/2025, mu masaha y’akazi amaze kwishyura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10,000 Rwf) adasubizwa ashyirwa kuri Konti № 4035200051051 IRI MURI Equity IFUNGUYE MU MAZINA YA EPR PAROISSE MUSAZA Amabahasha y’ipiganwa azakirwa kandi afungurirwe mu ruhame ku wa 17/11/2025 isaa ine (10h00) za mugitondo ku biro by’Umushinga RW0585 EPR RUGANGO. Nyuma y’iyo saha, nta yandi mabahasha azakirwa. Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara kuri Telephone: 0783226380.
ibyangombwa byoherezwa kuri email zikurikira iyo bitoherejwe hombi biba
imfabusa. rw0585eprugango@gmail.com /Cuwase@compassion.com
N.B: Uwifuza gupiganira aya masoko arahamagarirwa kuza gusura sample ku biro by’umushinga kuva ku itariki ya 03/11/2025 kugeza ku itariki ya 15/11/2025 ku biro by’umushinga mu masaha y’akazi.
Bikorewe i Musaza, kuwa 31/11/2025
Umuyobozi wa EPR/Paroisse Musaza
Pastor .JAMBO ASHIMWE Jean Baptiste
























