AmakuruJOBS
Trending

Itangazo Ryo Gupiganira Isoko Ryo Kugura No Kugemura Inkweto 303 Zigenewe Abana 303 Bafashwa N’uwo Mushinga

ITANGAZO RYO GUPIGANIRA ISOKO

Ubuyobozi bw’itorero UEBR REMERA rifite umushinga RW0444 UEBR REMERA uterwa inkunga na Compassion International Rwanda ubarizwa mu ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyaruguru, Umurenge wa REHURU, Akagali ka REMERA, buramenyesha ba Rwiyemezamirimo babifitiye ubushobozi, babyemerewe, babyifuza kandi bujuje ibyangombwa bisabwa gupiganira isoko ryo kugura no kugemura inkweto 303 zigenewe abana 303 bafashwa n’uwo mushinga.

IBISABWA BA RWIYEMEZAMIRIMO

1.Ibaruwa yandikiwe umushumba isaba kugura no kugemura inkweto

2.Kugaragaza photocopy y’indangamuntu

3.Kuba afite Tin Number

4.Kuba afite icyemezo cy’ibyo akora gitangwa na RDB (Registre de commerce)

5.Icyemezo cyo kutabamo umwenda wa Leta w’imisoro ya Leta na RRA kiriho umukono wa notaire wa Leta

6.Kuba yariyandikishije ku musoro nyongera gaciro (TVA) kiriho umukono wa notaire wa Leta

7.Kugaragaza icyemezo gitangwa na RSSB kerekana ko ntamwenda abereyemo icyo kigo kiriho umukono wa notaire kitarengeje amezi 3 gitanzwe.

8.Kugaragaza ibyangombwa 3 byaho yagemuye inkweto cyangwa ibigendanye nabyo.

9.Kugaragaza borderau yishyuriyeho amafaranga ibihumbi 5000Frws adasubizwa kuri konti 4412163369 UEBR P. REMERA iri muri BPR yo kugura igitabo cy’ipiganwa(DAO).

10.Kuza yitwaje kashe ya company

11.Dossiers z’abazapiganwa zifungishijwe ijambo banga zigomba koherezwa kuri
email ari yo: rw0444projectremera@gmail.com bagashyira kopi kuri email: enzaramyimana@rw.ci.org

Gufungura amabahasha y’abitabiriye ipiganwa bizakorwa kuwa Kabiri tariki ya 11/11/2025 saatanu zuzuye(11h00) za mugitondo bibere ku biro y’umushinga RW0444 Remera muruhame.Buri wese yitwaje Ijambo banga yakoresheje. Amabwiriza yose n’ibizagenderwaho bazabisoma muri DAO iboneka kubiro by’umushinga RW0444 Remera mu minsi y’akazi bakimara kumva iri tangazo. Uzajya arangiza kwishyura icyo gitabo azajya yohereza ubusabe bwe kuri email: rw0444projectremera@gmail.com yoherezeho ni inyemezabwishyu yishyuriyeho, DAO ayihabwe kuri email cyangwa aze kuyifata ku biro by’umushinga .

078800958: Umushumba wa paruwasi UEBR Remera, 0788990740: Umuyobozi w’umushinga

Bikorewe I Remera, kuwa 28/10/2025

Umushumba wa Paruwasi UEBR Remera Pastor. HABINTWARI Mathieu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button