AmakuruJOBS
Trending

Itangazo Ryo Gupiganira Isoko Ryo Kwambika Imyenda

RW0793 EAR MUSAZA

B.P.719,

Kigali, Rwanda.

EAR MUSAZA PARISH

RW0793 EAR MUSAZA

Tel :0788554772 ,email : rw0793earmusaza@gmail.com

 ITANGAZO RYO GUPIGANIRA ISOKO RYO KWAMBIKA IMYENDA 

Ubuyobozi bw’itorero rya EAR Paroisse MUSAZA ahakorera umushinga RW0793 uterwa inkunga na Compassion international Rwanda, dukorera mu karere ka KIREHE umurenge wa MUSAZA Akagari ka MUSAZA.Turifuza gutanga isoko ryo kwambika abana 253 Imyenda mishya(smart clothers) bland new 

 kandi idafite inenge nimwe. Abo bana harimo abakobwa 123 n’abahungu 128 bari mu kigero k’imyaka 6-16. Abifuza gukora iri soko, basabwa kuba bujuje ibi bikurikira : 

1 . Ibaruwa isaba isoko ikubiyemo ibiciro yandikiwe umushumba wa EAR Paroisse ya Musaza .

2.Kuba afite icyangombwa cyubucuruzi kigaragaza ko akora iyo imirimo gitangwa na RDB hamwe n’Icyangombwa kerekana ko ari muri TVA.

3.Kuba yemera gutanga facture ya EBM (Electronic Belling machine )

4.Icyemezo cyokutabamo imisoro ya RRA na RSSB kitarengeje amezi 3 kandi kiriho umukono wa noteri w’umwimerere.

  1. Copy y’indangamuntu yuhagarariye company.
  2. kuba yemera kwishyurirwa kuri Konti ya bank yiyo company
  3. Dossier izahabwa agaciro ni iya rwiyemezamirimo wasuye sample ziboneka mu biro by’umushinga mu masaha y’akazi kuva ku wa 09/12/2025 zizaba zi hari.
  4. B :- Abifuza gupiganira iryo soko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko ku emails: rw0793earmusaza@gmail.comagatanga copy kuri email Cuwase@rw.ci.org;idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizarangira ku wa 15/12/2025 saa kumi n’imwe (17h00). Isoko rizafungurirwa mu ruhame ku wa 16/12/2025 ku kicaro cy’umushinga saa yine zuzuye (10h00)Nyuma ibyavuye mu ipiganwa muzabisangizwa kuri email

Bikorewe I Musaza,kuwa 08/12/2025

Umuyobozi w’ itorero EAR PAROISSE MUSAZA

Rev. BAMURABAKO JUVENAL

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button