Umurage Media
-
Ubuzima
Breaking News: Musanze FC isinyishije umutoza Adel Abdelrahman Ibrahim asimbura Niyongabo Amars
Ahmed Adel Abdelrahman Ibrahim washyize umukono ku masezerano y’amezi 6 azamara atoza Musanze FC, ategerejweho kuzahura iyi kipe ihagaze ku…
Read More » -
Ubuzima
Lionel Messi akomeje guheka Fc Barcelona ayivana aho rukomeye
Umunya Argentine Lionel Andeas Messi akomeje kwereka isi ko arumukinnyi w’akataraboneka afasha ikipe ye ya FC Barcelona gutsinda mumikino itandukanye.…
Read More » -
Imyidagaduro
Fresh Gemmy wakoranye indirimbo na Mr Kagame arishimira aho muzika ye igeze ndetse yanahaye ubutumwa abahanzi bagenzi be inama.
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Gisa Emmanuel gusa akoresha Fresh Gemmy nk’amazina y’umuhanzi atuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Fresh…
Read More » -
Ubuzima
RPL:Rutanga Eric ahesheje Rayon Sport amanota K’umunota wa nyuma Police inanirwa kwikura i Muhanga
Umukino w’abacyeba waberaga i Nyamirambo umukino wari wakiriwe n’a Kiyovu Sport Stade ya Kigali Nyamirambo yari yakubise yuzuye Urwego rw’Umuvunyi…
Read More » -
Ubuzima
RPL: Musanze Inyagiwe imvura y’ibitego na APR, Gicumbi ikomeza inzira irindimuka Gasogi itsikirira i Rubavu
Abakinnyi XI babanjemo kuruhande rwa APR FC: Rwabugiri Omar, Omborenga Fitina, Niyomugabo Claude, Manzi Thierry, Mutsinzi Ange, Bukuru Christophe, Niyonzima Olivier, Byiringiro Lague, Manishimwe Djabel, Nizeyimana Djuma,…
Read More » -
Imikino
AGT: REG idafite Kami Kabange na Berreck yihimuye kuri Patriots bwa mbere muri Kigali Arena |AMAFOTO|
Kigali Arena itari yuzuye nkuko uyu mukino wa Basketball umaze kubitumenyereza yari yakiriye Final y’igikombe cy’Agaciro “Agaciro Basketball Tournament”. Ibirori…
Read More » -
Ubuzima
Unai Emery nyuma y’amezi cumi n’umunani atoza Arsenal akaba amaze guhambirizwa
Nyuma y’amezi cumi numunani uyobora ikipe y’Arsenal Josh Kroenke akaba umuhungu wa nyirikipe umunya Amerika Stan Kroenke amuhaye umwanya wo…
Read More » -
Ubuzima
Rayon Sport y’abakinnyi 10 ibonye amanota atatu AS Kigali yikura inyuma y’ishyamba
Rayon sport yari yakiriye AS Muhanga i Nyamirambo kuri stade Regional umukino wasozaga umunsi wa 10 wa shampiyona ‘Rwanda Premier…
Read More » -
Imyidagaduro
Byinshi wamenya kuri The Clis witegura gushyira hanze indirimbo asubiza Marina
Umuhanzi Buhungiro Cyilima Jean Climaque ubusanzwe akoresha amazina ya The clis muri muzika , kuri ubu aritegura gushyira indurimbo ye…
Read More » -
Imikino
K’ubufatanye n’ishyirahamwe ry’imikino mu mashuri(FRSS), FERWABA iri gutoranya impano mu gihugu hose
Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino wa Basketball (FERWABA) ku bufatanye n’Ishyirahamwe ry’imikino mu mashuri (FRSS) riri mu gikorwa cyo gushakisha impano za…
Read More » -
Ubuzima
Miliyoni 230 zitumye abagera kuri 11 barimo Mabombe basezererwa muri FERWAFA
Nyuma yaho AZAM yari isanzwe ari umufatanyabikorwa mukuru wa FERWAFA akuyemo ake karenge agasesa amasezerano yari afitanye na FERWAFA, FERWAFA…
Read More » -
Imyidagaduro
Miss Rwanda 2020: gahunda n’amatariki ya miss Rwanda byagiye ahagaragara ….ntucikwe
Akanama gashinzwe gutegura amarushanwa ya Miss Rwanda mu minsi ishize nibwo kamenyesheje abakobwa Bose b’abanyarwandakazi babyifuza ko kwiyandikisha mu irushanwa…
Read More » -
Udushya
Menya impamvu abagabo benshi bakunze konka amabere y’abakobwa mbere y’imibonano mpuza bitsina
Ni kenshi abagore bakunze kugaragaza impungenge baterwa n’abasore cyangwa abagabo bakunze konka amabere yabo mu gihe bari ahiberereye cyangwa bitegura…
Read More » -
Ubuzima
APR FC yikuye i Gorogota naho Gasogi na Heroes zibona amanota atatu
Kuri stade nshya y’ubwatsi bw’ubukorano bahawe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, Sunrise yari yakiriye ikipe y’ingabo…
Read More » -
Ubuzima
Breaking: Seninga Innocent watozaga Entincelles asezeye k’umirimo nyuma y’iminsi icyenda gusa
Nkuko tubikesha ibaruwa Seninga Innocent yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe asezeye kubera impamvu zo kutubahiriza amasezerano harimo nko kuba atarembwe umushahara…
Read More » -
Ubuzima
‘Rwanda Premier League’: Umunsi wa 10 w’imikino uduhishiye iki? Menya byinshi ku mikino yose iteganyijwe
Ikibazo kiri kwibazwa cyane n’abakunzi b’imikino muri rusange kiragira Kiti: “APR FC irikura i Gologota hahoze witwa Amabati yakomeje gutsikirira…
Read More » -
Imyidagaduro
Safi madiba na Marina bahuje ingufu bakora indirimbo nshya ishobora gusiga benshi bakozwe k’umutima
Safi Madiba na mugenzi we Marina Deborah bakorera ibikorwa byabo bya muzika munzu ifasha abahanzi ndetse ikanatunganya muzika ya The…
Read More » -
Imikino
Basketball: kuri uyu wa kane no kuwa gatanu harasozwa imikino y’agaciro
Nyuma y’imikino y’ijinjora yakinwe mumpera z’icyumweru gitambutse REG BBC na Patriot BBC nizo zageze k’umukino wanyuma mucyiciro cy’abagabo, The Hoops…
Read More » -
Imyidagaduro
Umunyarwenya Protais Sesco ntahamanya nabavuga ko mu Rwanda Comedy iciriritse
Comedy nyarwanda ni rumwe mu ngeri zitandukanye z’imyidagaduro zimaze igihe kitari kinini gusa ikomeje kwigarurira imitima y’abatari bake ndetse igaragaza…
Read More » -
Ubuzima
Isura nshya ya Stade Amahoro ivuguruye yakira ibihumbi 40 itwikiriye hose imirimo igiye gutangira vuba
Stade Amahoro yari isanzwe yakira abasaga ibihumbi 23 birengaho igiye kuvugururwa ijye yakira ibihumbi 40 ndetse akarusho nuko izaba itwikiriye…
Read More » -
Imyidagaduro
AFRIMA AWARD: abanyarwanda batashye amaramasa , Burna Boy Ahigika abandi Bose
Muri irijoro ryakeye muri Nigeria niho hatangirwa ibihembo by’abahize abandi muri Afrima Award Dore ibihembo byatanzwe muri Afrima yaberaga muri…
Read More » -
Urukundo
Volleyball: REG VC yongeye gukura intsinzi kuri UTB VC Kirehe ikomeje kubura inota
Duhereye k’umukino wabereye i Gisagara k’umunsi wejo Gisagara VC itaratakaza inota narimwe yihereranye IPRC Ngoma yari yabashije gukina iseti ya…
Read More » -
Ubuzima
Amatsinda ya Cecafa Senior Challenge y’ abagabo Amavubi atazitabira yamaze gushyirwa ahagaragara
Nyuma yuko u’ Rwanda rutazitabira Cecafa Senior Challenge y’ abagabo kubera ikibazo cy’amikoro iyi, Cecafa iteganijwe kubera mugihugu cya Uganda…
Read More » -
Ubuzima
Police FC isubiranye umwanya wa mbere Rayon sport yikura umbere ya Gicumbi bigoranye
Imikino usoza umunsi wa cyenda yakinwaga kuri icyi cyumweru isize Police FC isubiranye umwanya wa mbere. Duhereye mukarere ka Rubavu…
Read More » -
Imikino
Basketball: inteko rusange ngaruka mwaka isize hakiriwe amakipe mashya
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 23 Ugushyingo 2019, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino wa Basketball (FERWABA) ryagize inteko Rusange Ngarukamwaka, yayobowe…
Read More » -
Imikino
REG BBC yongera kwereka APR BBC ko igifite akazi gakomeye
Kuri uyu wa gatandatu imikino y’ Agaciro Basketball Tournament yari yakomeje kumunsi wayo wa kabire, mw’ itsinda rya kabiri aho…
Read More » -
Imikino
ABT: imikino ibanza yatangiye Patriot yitwarana neza.
Imikino yatangiriye I Nyamirambo ahazwi nko kuri club Rafiki haberaga imikino y’abakiri bato batarengeje imyaka 17 Elite ikina na Rafiki…
Read More » -
Imikino
Kuri uyu wa kane minisitiri mushya wa siporo yasuye ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda
Minisitiri Aurore Munyangaju Mimosa uherutse gushyirwa kuri iyi mirimo na Nyakubahwa Perezida wa Repebulika y’u Rwanda kuri uyu wakane yasuye…
Read More » -
Ubuzima
Gasogi United inganyije na Musanze umukino wabanjirijwe n’amagambo kumpande zombi
Gasogi United yari ku mwanya wa 10 yakiriye Musanze FC yari ku mwanya wa 12 ku kinyuranyo cy’amanota abiri. Umukino…
Read More » -
Politike
Tour du Rwanda 2020 ya 2.1 kunshuro ya kabiri, inzira yamaze gushyirwa
Tour du Rwanda ya 2.1, 2020 nyuka y’umwaka tuyitegereje, FERWAC ikaba yamaze kumurika inzira zizakurikizwa muri Tour du Rwanda 2020…
Read More » -
Ubuzima
Jose Mourihno agarutse muri premier league hamwe na Tottenham
Ikipe ya Tottenham Hotspurs kumunsi w’ejo hashize nibwo yatangaje ko yamaze gutanukana numutoza wumunya Argentina wayitozaga mugihe cy’inyaka itanu ishize…
Read More » -
Ubuzima
Luis Enrique yamaze kugaruka kumirimo yo gutoza Esipanye (Spain)
Umutoza Luis Enrique Martinez Garicià wamenyekanye cyaje mw’ikipe ya FC Barcelone akaza kuyivamo yerekeza mw’ikipe yigihugu ya Esipanye, yamaze kugaruka…
Read More » -
Ubuzima
Moise Katumbi Chapwe yatumiye Gianni Infantino i Lubumbashi
Moise Katumbi Chapwe usanzwe ayoboro ikipe ya TP Mazembé yo muri Repubulika…
Read More » -
Ubuzima
Eden Hazard ntago yemeranya n’abakomeje kumushinja kubyibuha cyane harimo na Obi Mikel bakinanye muri Chelsea
Uyu mukinnyi wavuye muri Chelsea aguzwe miliyoni 130 z’ipawundi yerekeza muri Real Madrid yatangarije itangazamakuru mukiganiro yagiranye na Sky sports…
Read More » -
Ubuzima
Word cup U17: Brazil yegukanye igikombe cy’isi cyaberaga iwabo
Brazil yageze k’umukino wanyuma inyuze munzira y’umusaraba dore benshi bibazaga ko iza gusezererwa n’ubufaransa ariko siko byagenze kuko yabashije kugera…
Read More » -
Ubuzima
Jack Tuyisenge yashyikirije ibikoresho bishya ku ikipe yatangiriyemo umwuga akora
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’ u Rwanda Jack Tuyisenge ukinira ikipe ya Petro Athletic De Luanda yo mugihugu cya Angola, yashyikirije…
Read More » -
Politike
Munyaneza Didier uzwi nka Mbape amaze kwigaragaza i Dakar muri Senegal mumpera z’iki cyumweru
Nkibisanzwe abasore bakina umukino wamagare mu Rwanda basanzwe bitabira amarushanwa mpuza mahanga bafite ishyaka ryakataraboneka ndetse bakabasha kugaragaza neza u’…
Read More » -
Imyidagaduro
Kenny sol yashyize hanze indirimbo yahindura imibanire hagati y’abakundana
Rusanganwa Norbert wamenyekanye nka Kenny sol wahoze akorana n’itsinda Yemba voice ryaje guhindura imikorere kubera impamvu bwite zabasore bari bagize…
Read More » -
Ubuzima
APR FC nyuma yo kunyagira Etoile de l’est yakiriwe n’isinzi y’abafana bagize urwasabahizi fun club AMAFOTO
APR FC nyuma yo kwitwara neza igatsinda Etoile de l’est yagize umwanya wo kwishimana n’abafana bayo ba Ngoma Ibi birori…
Read More » -
Imyidagaduro
Ange Lucky Celine, umuhanzikazi ukizamuka yashyize indirimbo hanze iri mu rurimi rw’igifaransa
Rwibutso Wibabara Ange Celine Lucky w’imyaka 22 y’amavuko umenyerewe nka Ange Celine Lucky mu muziki , yashyize indirimbo Vis Ta Vie…
Read More » -
Ubuzima
Nizeyimana Mirafa niwe watowe nk’umukinnyi w’ukwezi kwa cumi
March Generation itsinda rifana Rayon Sport niryo ryatangije igikorwa cyo guhemba abakinnyi b’ukwezi rifatanyije na Skol uyu munsi hahembwe Nizeyimana…
Read More » -
Ubuzima
APR FC inyagiye Etoile de l’est imvura y’ibitego kuri stade ya Ngoma
Abakinnyi 11 babanjemo kuruhande rwa APR FC: Rwabugiri Omar, Rwabuhihi A. Placide, Nkomezi Alex, Mushimiyimana Mohamed, Butera Andrew, Bukuru Christophe,…
Read More » -
Ubuzima
Rayon Sport yishimiye umunsi itsinda Gasogi united kuri Stade ya Kigali
Gahunda ya Rayon Sport Day yahereye k’umukino w’abakiri bato ba Rayon Sport bakinaga na Giticyinyoni umukino urangira ari ibitego bitatu…
Read More » -
Imikino
ABT: Basketball nayo igiye gukina irushanwa ry’Agaciro
Guhera tariki ya 22 uku kwezi rurimo harakinwa irushanwa ry’Agaciro muri Basketball rizahuza amakipe ane yambere mubagabo ndetse ane yambere…
Read More » -
Ubuzima
Thierry Henry asubiye muri reta zunzubumwe z’ Amerika nkumutoza
Umufaransa Thierry Ali Henry wamenyekanye mw’ikipe ya Arsenal ndetse no mw’ikipe y’igihugu y’abafaransa yamaze gutoranywa nk’umutoza mushya wa ‘Montreal Impact’…
Read More » -
Ubuzima
Mozambique itsinze u Rwanda kuri stade ihindutse umwijima w’icuraburindi iminota yanyuma
Umukino watangiye ku isaha ya Saa kumi n’ebyiri, umukino watangiye Hari kugwa imvura ariko itari nyinshi. XI babanjemo kuruhande rwa…
Read More » -
Ubuzima
Amavubi adafite Emery Bayisenge aracakirana na Mozambique kuri uyu wakane
Amavubi akaba yarageze muri Mozambique kuwa kabiri ejo kumunsi wa gatatu mbere y’umunsi umwe ngo bakine umukino yakoreye imyitozo kuri…
Read More » -
Ubuzima
Nyuma y’igihe kinini atandukanye na Arsenal , Arsene Wenger ahawe akazi muri FIFA
Arsene Wenger wigeze gutoza ikipe ya Arsenal nyuma y’imyaka isanga ibiri atandukanye niyikipe , wenger agizwe ushinzwe iterambere ry’umupira wamaguru…
Read More » -
Ubuzima
Emmanuel lebou wahoze ayobora Unisport of Bafang akatiwe imyaka 104 azira kwigwizaho imitungo
Emmanuel lebou umugabo wahoze ayobora Unisport akatiwe igifungo kingana n’imyaka 104 azira kunyereza agera kuri Miliyari imwe n’ibihumbi magana inani…
Read More » -
Ubuzima
APR FC yasubukuye imyitozo yayo yitegura kwerekeza i Ngoma gukina na Etoile de l’est
Nk’uko tubikesha urubuga rw’iyi kipe, ejo hashize kuwa Kabiri barakora inshuro ebyiri, uyumunsi kuwa gatatu bakore inshuro imwe, kuwa Kane…
Read More »