Imyidagaduro
-
Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze imyidagaduro mu Rwanda kuva mu kwezi kwa Mutarama
Umwaka wa 2020 waratunguranye cyane ugereranyije n’uko abantu bari bawiteze. Gutungurana kwawo gushingiye ku cyorezo cya Coronavirus cyadutse mu Bushinwa…
Read More » -
Umujyi wa kigali wahaye abakora umwuga w’ubudj inkunga y’ibiribwa
Abakora umwuga w’ubudj mu rwanda bahawe n’umujyi wa Kigali inkunga y’ibiribwa nyuma y’igihe gisaga amezi ane batari mu kazi kubera…
Read More » -
Nigihozo umugore wa Dj Miller yatangaje ububabare yagize mbere yo Kwitaba Imana
Kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Mata 2020 nibwo habaye umuhango gusezera bwa nyuma kuri nyakwigendera Karuranga Virgille wamamaye nka…
Read More » -
COVID-19: Ibyamamare impande n’impande z’isi nabyo biri kugerwaho na COVID-19 dore bamwe twegeranyije
Kimwe n’abandi bantu batuye isi ibyamamare mungeri zitandukanye z’isi nabo iki cyorezo ntikiri kubahitaho, abayobozi, abakinnyi ba film, abatoza n’abakinnyi…
Read More » -
Miss Rwanda: ibyari umunsi umwe byafashe nuwa kabiri ariko birangira Nyampinga amenyekanye
kuri uyu wa gatandatu mu Intare Conference Arena haberaga umuhango wo gutoranya Nyampinga w’u Rwanda nyuma y’igihe kinini irushanwa ritangiye.…
Read More » -
Kunshuro yambere mu rwanda hateguwe igitaramo gihuza abana bamurika imideli by’umwihariko abafite ubumuga butandukanye
Ku nshuro yambere hano mu Rwanda hateguwe igitaramo kizahuza abana bafite impano yo kumurika imideli by’umwihariko abafite ubumuga butandukanye kizabera…
Read More » -
Abakunzi ba Rocky Kirabiranya bashonje bahishiwe…muri muzika y’umusore ayobora
Rocky Kirabiranya umaze kwigarurira benshi by’umwihariko urubyiruko rumukunda mu gasoboanuye, uyu musore kandi usanzwe ari n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi…
Read More » -
The Ben akomeje gukora amateka …agarutse gutaramira abanyarwanda muri East African Party
Mu gihe hasigaye iminsi itari myinshi ngo abanyarwanda basoze umwaka wa 2019 benshi mu bakunzi ba Muziki baba bafite amatsiko…
Read More » -
Ese ubutumwa Miss Shanitah yatanze ntibyaba kwari ukwikura mu isoni nyuma yo gutsindwa gusa?
Umunyana Shanitah wari uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Supranational 2019 yaberaga mu gihugu cya Poland, yavuze…
Read More » -
Amafoto ya Cardi B n’abakobwa bambaye ubusa akomeje kuvugisha abatari bake
Umuraperikazi cardi B n’umwe mubakomeje kwigarurira imitima ya benshi ndetse amaze kuba kimenyabose bitewe n’imyambarire ye ndetse n’imibereho ye yewe…
Read More » -
Alyn Sano yakoze indirimbo irimo ubutumwa bukora benshi k’umutima ..yumve hano
Umuhanzikazi Alyn Sano umaze kwigarurira imitima y’abatari bake kubera ijwi,imiririmbire ndetse n’ubuhanga bugaragara mu bihangano bye birimo nka For us,rwiyoborere…
Read More » -
Kimwe mu bitaramo udakwiye gucikwa niba uri umunyabirori
Mu Rwanda hamaze kuba igicumbi cy’ibirori ndetse n’ibitaramo kubera impamvu nyinshi zirimo n’umutekano udakemangwa ni muri urwo rwego ishyirahamwe RSJF…
Read More » -
Ese koko abakobwa n’indaya mbaya? Skpado Di shatta yakoze indirimbo ibisobanura
Mu gihe mu Rwanda hari amagambo akunze gukoreshwa mu kugaragaza uburyo abari nyarwanda bataye umuco nka: Slayqueens,indaya mbaya,Rupita n’andi menshi…
Read More » -
Fresh Gemmy wakoranye indirimbo na Mr Kagame arishimira aho muzika ye igeze ndetse yanahaye ubutumwa abahanzi bagenzi be inama.
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Gisa Emmanuel gusa akoresha Fresh Gemmy nk’amazina y’umuhanzi atuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Fresh…
Read More » -
Byinshi wamenya kuri The Clis witegura gushyira hanze indirimbo asubiza Marina
Umuhanzi Buhungiro Cyilima Jean Climaque ubusanzwe akoresha amazina ya The clis muri muzika , kuri ubu aritegura gushyira indurimbo ye…
Read More » -
Miss Rwanda 2020: gahunda n’amatariki ya miss Rwanda byagiye ahagaragara ….ntucikwe
Akanama gashinzwe gutegura amarushanwa ya Miss Rwanda mu minsi ishize nibwo kamenyesheje abakobwa Bose b’abanyarwandakazi babyifuza ko kwiyandikisha mu irushanwa…
Read More » -
Safi madiba na Marina bahuje ingufu bakora indirimbo nshya ishobora gusiga benshi bakozwe k’umutima
Safi Madiba na mugenzi we Marina Deborah bakorera ibikorwa byabo bya muzika munzu ifasha abahanzi ndetse ikanatunganya muzika ya The…
Read More » -
Umunyarwenya Protais Sesco ntahamanya nabavuga ko mu Rwanda Comedy iciriritse
Comedy nyarwanda ni rumwe mu ngeri zitandukanye z’imyidagaduro zimaze igihe kitari kinini gusa ikomeje kwigarurira imitima y’abatari bake ndetse igaragaza…
Read More » -
AFRIMA AWARD: abanyarwanda batashye amaramasa , Burna Boy Ahigika abandi Bose
Muri irijoro ryakeye muri Nigeria niho hatangirwa ibihembo by’abahize abandi muri Afrima Award Dore ibihembo byatanzwe muri Afrima yaberaga muri…
Read More » -
Kenny sol yashyize hanze indirimbo yahindura imibanire hagati y’abakundana
Rusanganwa Norbert wamenyekanye nka Kenny sol wahoze akorana n’itsinda Yemba voice ryaje guhindura imikorere kubera impamvu bwite zabasore bari bagize…
Read More » -
Ange Lucky Celine, umuhanzikazi ukizamuka yashyize indirimbo hanze iri mu rurimi rw’igifaransa
Rwibutso Wibabara Ange Celine Lucky w’imyaka 22 y’amavuko umenyerewe nka Ange Celine Lucky mu muziki , yashyize indirimbo Vis Ta Vie…
Read More »