Jannah Theme License is not validated, Go to the theme options page to validate the license, You need a single license for each domain name.
AmakuruPolitike
Trending

Denis Sassou ​Nguesso yongeye gutorerwa kuyobora Congo Brazzaville

Denis Sassou ​Nguesso w’imyaka 82 yongeye gutorerwa kuyobora Congo Brazzaville.

Perezida Sassou Nguesso yatsinze amatora nyuma yo gutorwa n’abaturage ku majwi angana na 94.82% bituma ahigika bikomeye cyane abo bari bahanganye.

Denis Sassou ​Nguesso wari uhanganye n’abandi bakandida batandatu mu matora, yakurikiwe n’uwitwa Mabio Mavoungou Zinga w’imyaka 69 wagize amajwi angana na 1,48%.

Perezida Denis Sassou Nguesso ubarizwa mw’ishyaka rya Congolese Party of Labour (PCT) amaze imyaka myinshi ku butegetsi ndetse kuri ubu akaba yongeye gutorerwa kuyobora manda ya gatanu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button