Udushya

Umugore yaryamanye n’abagabo 18 umugabo we ahibereye

Umugore witwa Louise Aussie w’imyaka 31 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Australia, yakoze agashya ubwo yaryamanaga n’abagabo 18 icyarimwe umugabo we bashakanye ahibereye arimo kureba ibyo umugore we arimo gukora hamwe n’abandi bagabo.

Nkuko uyu mugore Louise Aussie yabitangaje, yavuze ko yakuriye mu muryango ukijijwe byamufashije kwifata arinda ashaka nta mugabo n’umwe bari baryamana, gusa ngo akimara gushaka umugabo yatangiye kujya yifuza gukora imibonano mpuzabitsina cyane agahorana irari ryinshi, ibi byaje gutuma abibwira umugabo we ndetse uyu bashakanye atangira kujya amwemerera kujya kuryamana n’abandi bagabo gusa akamusaba kujya akoresha agakingirizo.

Ibintu byaje gufata indi ntera ubwo uyu mugore Aussie yabwiraga umugabo we ko yifuza kuryamana n’abagabo benshi akumva uko bimera, maze umugabo aramwemerera uyu mugore ahita aryamana n’abagabo 10 ndetse birangiye yahise yongera aryamana n’abandi 8 mu ijoro rimwe umugabo we amurebera ndetse ngo uyu mugabo yashimishwaga no kubona umugore we aryamanye n’abandi bagabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Back to top button