-
Imikino
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rigiye kongera gufungurwa
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kw’isi FIFA yaryemereye kongera gufungura isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi…
Read More » -
Amakuru
Perezida wa Benin Patrice Talon yongeye gutorerwa kuyobora icyo gihugu
Patrice Talon usanzwe ari Perezida w’igihugu cya Benin agiye kongera kuyobora icyo gihugu nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku cyumweru…
Read More » -
Amakuru
Musanze: Abantu batandatu bari bakurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi bakatiwe burundu
Mu minsi ishize nibwo urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwari rwaraciye urubanza ruregwamo abagabo batanu ndetse n’umugore umwe, aho bari bakurikiranyweho…
Read More » -
Amakuru
Karongi: Umugabo w’imyaka 63 afunzwe ashinjwa kwica mushiki we amunize
Mu Karere ka Karongi Umurenge wa Murambi mu Kagali ka Mubuga Umudugudu wa Nyaruvumu, Umugabo w’imyaka 63 y’amavuko yatawe muri…
Read More » -
Imikino
Umukinnyi wahoze akinira Southampton yakatiwe imyaka ibiri kubera gutesha umutwe umugore bahoze bakundana
Umugabo witwa Shayne Bradley w’imyaka 41 wahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Southampton yo mu gihugu cy’Ubwongereza, urukiko rwamukatiye gufungwa imyaka…
Read More » -
Amakuru
Umujyi wa Beijing niwo uyoboye iyindi mu kugira abaherwe benshi
Umurwa mukuru w’igihugu cy’Ubushinwa Beijing wamaze gufata umwanya wa mbere mu kugira abantu benshi b’abaherwe batunze amamiliyali y’amadorari ya Amerika…
Read More » -
Amakuru
Pasiteri afunzwe ashinjwa gusambanya umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko
Mu gihugu cya Zambia, mu ntara ya Luapula mu gace kitwa Chembe, Umugabo w’imyaka 29 usanzwe ari Pasiteri mw’itorero rya…
Read More » -
Imikino
Thomas Tuchel utoza Chelsea niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe
Umutoza w’ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’Ubwongereza Thomas Tuchel ukomoka mu gihugu cy’Ubudage, niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe…
Read More » -
Imikino
Ikipe ya Musanze Fc yandikiye FERWAFA isaba gusubukura imyitozo
Nyuma y’uko Komisiyo ya Ferwafa ikomeje kugenda isura amakipe atandukanye yo mu cyiciro cya mbere ngo irebe niba yujuje ibisabwa…
Read More » -
Imikino
Abakinnyi ba Simba SC bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo Muhamed Dewji bakunze gutazira…
Read More » -
Ubuzima
Ese waruziko kunywa itabi ryinshi bigira ingaruka ku buzima bwacu? Sobanukirwa
Ubusanzwe itabi ntabwo ari ikinyobwa kandi ntabwo ari n’ikiribwa kuko itabi ntirigira intungamubiri nimwe. Ahubwo itabi ni ubuvunderi(nicotine) bwivanga n’amavuta…
Read More » -
Umukobwa yananiwe kwihanganira gutandukana n’umuhungu bari bamaze imyaka 12 bakundana ahitamo kwiyahura
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umukobwa witwa Okonkwo Ngozi wiyambuye ubuzima nyuma yo gutandukana n’umuhungu bakundanaga bari bamaranye imyaka…
Read More » -
Udushya
Umugabo yakatiwe imyaka 400 azira gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 10 inshuro 900
Mu gihugu cya Afurika y’epfo, umugabo w’imyaka 46 yakatiwe gufungwa imyaka 400 muri gereza, kubera gufata ku ngufu umukobwa we…
Read More » -
Amakuru
Ese waba uzi aho urukundo rukomoka? Sobanukirwa
Urukundo ni kimwe mu bitera amayobera mu buzima bwa muntu, kuko bivugwa ko ari amarangamutima utabasha gutwara uko ushaka kose,…
Read More » -
Amakuru
Tanzaniya: Abantu barenga 45 nibo baguye mu mubyigano wabaye mu gusezera kuri Perezida Magufuli
Mu gihugu cya Tanzaniya, Polisi yatangaje ko ubwo uwahoze ari Perezida w’iki gihugu John Pombe Magufuli yasezerwagaho mu minsi ishize,…
Read More » -
Amakuru
Abayobozi bakomeye kw’isi basabye ko hashyirwaho amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya ibyorezo byibasira isi
Abayobozi bakomeye cyane kuri iyi si dutuyeho barimo Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron n’umukuru w’Ubudage Angela…
Read More » -
Udushya
Umugabo yaguye mu kantu ubwo yasangaga umugore we aryamanye n’undi mugore bakora ibikorwa by’ubutinganyi
Mu gihugu cy’Ubuyapani, Umugabo w’imyaka 39 utatangajwe amazina ye yatunguwe cyane no gutaha iwe mu rugo agasanga umugore we basezeranye…
Read More » -
Amakuru
Tanzaniya: Abantu 4 bafunzwe nyuma yo gufatwa barya inyama ndetse banywa n’inzoga ubwo Perezida Magufuli yashyingurwaga
Mu gihugu cya Tanzaniya hakomeje kuvugwa inkuru y’abagabo bane bafunzwe na polisi nyuma yo gusangwa barimo kurya inyama z’ihene ndetse…
Read More » -
Udushya
Umugore yakase umugabo we ubugabo n’udusabo tw’intanga amuziza kumuca inyuma
Mu gihugu cy’Ubushinwa hakomeje kuvugwa inkuru y’umugabo wakaswe ubugabo we n’umugore we amuziza kumuca inyuma akajya kwiganirira n’abandi bagore. Ibi…
Read More » -
Ubuzima
Ese waruziko imboga za Epinari zifite akamaro kenshi mu buzima bwacu? Sobanukirwa
Epinari ubusanzwe n’imboga zakomotse muri peresi, zikaba zigiwe n’ibi bintu bikurikira harimo amazi(93gm), Albumine(2,3gm), ibinure(0,3gm), Glucide(1,8gm). Imboga za Epinari zifite…
Read More » -
Amakuru
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe niba wifuza ko ahindura imyambarire
Mu gihe uri umukobwa cyangwa umuhungu ariko ukajya ubona umukunzi wawe uko yambara ntabwo bigushimisha , ntabwo ari ngombwa guhita…
Read More » -
Ubuzima
Uganda: Perezida Museveni yavuze ko bagiye gukora urukingo rwabo rwa Covid-19
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje kuvuga ko igihugu cya Uganda cyaba cyatangiye gahunda yo gukora urukingo rwabo rwa Coronavirus nkuko n’ibindi bihugu…
Read More » -
Imikino
Patrick Sibomana yatanze ikirego muri FIFA arega ikipe ya Yanga African yo muri Tanzaniya
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Police Fc, Patrick Sibomana bakunda kwita Papy, yamaze kurega ikipe ya Yanga African…
Read More » -
Imikino
Umugabo akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo asa cyane na Rutahizamu Lionel Messi
Umugabo w’imyaka 27 witwa Mohammed Ibrahim Battah ukomoka mu gihugu cya Misiri, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ukuntu…
Read More » -
Politike
Koreya ya Ruguru yongeye gukora igerageza ry’ibisasu byo mu bwoko bwa misile
Koreya ya ruguru yongeye gukora igerageza ry’ibisasu byayo maze irasa mu Nyanja y’Ubuyapani ibisasu bya misile zo mu bwoko bwa…
Read More » -
Amakuru
Musanze: Umusore yakubise nyina agafuni mu mutwe amuziza kumwima aho kubaka
Mu karere ka Musanze mu Murenge wa Muhoza, Akagali Kigombe haravugwa inkuru y’umusore witwa Nzungu wakubise nyina agafuni mu mutwe…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibibazo abantu banywa inzoga nyinshi bashobora guhura nabyo mu buzima bwabo
Ubusanzwe ijambo alcohol aricyo gisindisha risobanurwa ngo ni umuhanga woshya umutu ukamutera kwibeshya, kunywaho buhoro buhoro ni ukwibeshya kuko bigera…
Read More » -
Amakuru
Uganda: Abagabo 18 bari bamaze igihe bafunzwe n’inzego z’umutekano barekuwe.
Aba bagabo 19 barekuwe nyuma yuko bari batawe muri yombi mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, ubwo mu gihugu cya…
Read More » -
Imikino
Benediction Ignite Club yamaze gushyira hanze abakinnyi 10 izakuramo batanu izajyana muri Tour du Rwanda
Amakipe atandukanye mu mukino w’amagare akomeje guhamagara abakinnyi bazatoranwamo abazakina Tour du Rwanda, ni muri urwo rwego Ikipe ya Benediction…
Read More » -
Imikino
Kwizera Olivier ntabwo arakina umukino Amavubi arahuramo na Mozambique
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier ntabwo ari bugaragare ku mukino u Rwanda ruri bwakiremo…
Read More » -
Amakuru
Niger: Abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku baturage bica abasaga 137
Mu gihugu cya Niger haravugwa inkuru y’akababaro, aho Leta y’icyo gihugu yatangaje ko abantu barenga 137 bishwe hafi y’umupaka bahanaho…
Read More » -
Imikino
Ikipe ya AFC Leopard yafatiwe ibihano na FIFA kubera kutishyura umukinnyi Habamahoro Vincent
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA) ryamaze gufatira ibihano bikomeye ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko…
Read More » -
Amakuru
Australia: Umukozi wo nteko ishingamategeko yirukanwe kubera ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina
Mu gihugu cya Australia hakomeje kuvugwa inkuru y’umwe mu bakozi bakuru mu nteko ishinga amategeko y’icyo gihugu, nyuma y’amashusho yakwirakwije…
Read More » -
Amakuru
Uganda: Umugabo ukomoka muri Amerika yatawe muri yombi na Polisi ashinjwa kubangamira ubutegetsi
Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’itabwa muri yombi ry’umugabo ukomoka muri Leta z’Unze Ubumwe z’Amerika, wafunzwe na Polisi ashinjwa…
Read More » -
Amakuru
Gatsibo: Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa akwirakwiza amafaranga y’amahimbano
Mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kiziguro mu ntara y’Iburasirazuba, Umugabo w’imyaka 38 yatawe muri yombi na Polisi kuri…
Read More » -
Ubuzima
Burundi: Nyuma y’igihe kinini bashyize batangaza amakuru ajyanye n’icyorezo cya Coronavirus
Igihugu cy’u Burundi cyashyize gitangaza amakuru ajyanye n’icyorezo cya Coronavirus nyuma y’igihe kinini aho Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu basanga…
Read More » -
Amakuru
Brazil: Perezida Jair Bolsonaro yavuze ko ba Guverineri b’intara mu gihugu cye ari abanyagitugu
Perezida w’igihugu cya Brezil Jair Bolsonaro yavuze ko ba Guverineri b’intara ari abanyagitugu kubera ko bafashe umwanzuro wo kubuza abaturage…
Read More » -
Amakuru
Kayonza: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwambura umuturage amafaranga
Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 50 witwa Sebahutu Celestin, watawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera…
Read More » -
Imikino
CAF yahagaritse igihugu cya Chad mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroon
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF), ryamaze guhagarika ikipe y’igihugu ya Chad mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza…
Read More » -
Ubuzima
Ubwoko bushya bw’icyorezo cya Coronavirus bwagaragaye mu Rwanda
Icyorezo cya Covid-19 gikomeje kuzahaza isi yose muri rusange ndetse hakaba haramaze no kugaragara ubwoko bushya bw’iki cyorezo mu bihugu…
Read More » -
Ubuzima
Dore uko ushobora kwivurisha amazi menshi bitagusabye kubanza kuyanywa
Kwicara mu mazi menshi, kuyakandagiramo, Kuyaryamamo cyangwa se ukaba warambika agatambaro ahantu hakurya ariko wabanje kukinika mu mazi, bishobora kuba…
Read More » -
Imikino
Igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda izasubukurirwa cyamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), ryamaze kwemeza ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda izasubukurwa tariki ya 15 Mata 2021…
Read More » -
Udushya
Umugore yaraje umugabo we hanze amuziza kutamutekera ibyo kurya
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umugabo wahuye n’isanganya rikomeye cyane ubwo yarazwaga hanze n’umukunzi we nyuma yuko umukunzi asanze…
Read More » -
Imikino
Arsenal na Manchester United zishobora guhurira kuri Final ,uko tombora ya 1/4 muri Europa League yagenze
Amakipe abiri ahora ahanganye cyane yo mu gihugu cy’Ubwongereza ariyo ikipe ya Arsenal ndetse n’ikipe ya Mnchester United zishobora guhurira…
Read More » -
Imikino
Uko amakipe azahura mu mikino ya 1/4 muri UEFA Champions League byamaze kumenyekana
Mu gihugu cy’Ubusuwisi mu mujyi wa Nyon ku cyicaro cya UEFA, habereye tombola y’imikino ya ¼ cya UEFA Champions League…
Read More » -
Imikino
Abakinnyi ba Simba Sc bongeye guhabwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye guhanbwa agahimbazamusyi gatubutse nyuma yuko bitwaye neza mu mikino…
Read More » -
Imikino
Casa Mbungo yatowe nk’mutoza mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona ya Kenya
Umutoza Casa Mbungo Andre ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda usanzwe atoza ikipe ya Bandari Fc yo mu gihugu cya Kenya,…
Read More » -
Udushya
Umukobwa yakoze ubukwe wenyine kugirango ahinyuze abahatiriza abakobwa gushaka abagabo vuba
Mu gihugu cya Australia mu mujyi wa Sydney hari inkuru y’umukobwa witwa Patricia Christine, watangaje abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga…
Read More » -
Ubuzima
Ese waruziko kurya ibirayi bifite akamaro kanini ku buzima bwacu? Sobanukirwa
Ubusanzwe kurya ibirayi n’ibintu bikunze gukorwa cyane hano mu gihugu cyacu ndetse no bindi bihugu bitandukanye bihingwamo ibirayi gusa naho…
Read More » -
Amakuru
Umugabo yatwitse mugenzi we ibirenge amuziza kwiba amagi ane
Mu gihugu cya Zimbabwe haravugwa inkuru y’umugabo witwa Personal Paulo w’imyaka 34, watwitswe ibirenge byose na muramu w’umukoresha we nyuma…
Read More »