Amakuru
-
Umugabo wo mu gihugu cya Uganda yaciye ikiganza umukobwa wanze kumubera umugore
Daily Monitor dukesha iyi nkuru yatangaje ko mu giturage cya Nabooti, mu gace ka Nakatsi mu gihugu cya Uganda, umugabo…
Read More » -
Tanzania: Hatangajwe icyihishe inyuma y’urupfu rw’uwahoze ari perezida w’iki gihugu
Ni mu muhango wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es…
Read More » -
Kamonyi: Minisiteri y’Uburezi yatindije ibikoresho byo kubaka ibyumba by’amashuri
Mu gihe hirya no hino mu gihugu bari mu kurwana n’iyubakwa ry’ibyumba by’amashuri, hamwe mu hagomba kubakwa bashyira mu majwi…
Read More » -
ethiopia: Abaganga bapimye Inka bayisangamo ibiro 50 byamashashi
Itsinda ry’abavuzi b’amatungo (vétérinaires) bo mu majyepfo ya Ethiopia baraye bashoboye gukura plastike zipima 50kg mu nda y’inka, mu gikorwa…
Read More » -
Niyorick muruhando rw’abahanzi b’indirimbo z’ihimbaza Imana
Uyu mugabo Niyonkuru Eric wamamaye cyane ku izina rya Niyorick ubusanzwe yari amenyerewe mu indirimbo zitandukanye z’urukundo yinjiye mu bahanzi…
Read More » -
Mu karere ka Huye umwana yakangutse yisanga mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’abanyerondo
Umwana witwa Rukundo Emmanuel utuye mu karere ka Huye,mu Murenge wa Karama,mu kagari ka Gahororo,arasaba kurenganurwa ,nyuma y’uko akubiswe n’abantu…
Read More » -
Leta ya Uganda igiye gutanga udukingirizo dusaga miliyoni 500 ku baturage
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko igiye gutanga udukingirizo turenga miliyoni 500 tw’ubuntu ku baturage bayo mu rwego rwo kubafasha kwirinda…
Read More » -
REB yagize icyo ivuga ku bantu bavugako ibizamini by’akazi byatanzwe byabayemo uburiganya
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda REB, cyavuze ko abakandida b’abarimu bumva bararenganyijwe mu bizamini by’akazi baheruka gukora, bagomba gukurikiza…
Read More » -
Nigeria:Umugabo yemeye ko iyo umugorewe yanze ko bakora imibonano mpuzabitsina aryamana n’umukobwa we
Umugabo witwa Musa Abubakar w’imyaka mirongo itatu wo muri Nigeria ari mu maboko ya polisi nyuma yo kwemera ko yahohoteye…
Read More » -
Kuryamana n’umugore wawe by’ibuze inshuro 21 mu kwezi byakurinda ibyago byo kwandura kanseri
Umuryango ushinzwe kurwanya Kanseri mu gihugu cya Zimbabwe wasabye abagabo bo muri iki gihugu gutera akabariro inshuro 21 ku kwezi…
Read More » -
Musanze: Mu rwego rwo kongera ubukerarugendo itsinda ry’abayobozi ryasuye ahazubakwa ikiyaga gihimbano
Akarere ka Musanze ni kamwe mu turere tugaragaramo ibyiza nyaburanga byinshi bigiye bitandukanye, bituma gasurwa cyane naba mukerarugendo baturutse imihanda…
Read More » -
Mu gihugu cy’ubushinwa indege ya sosiyete y’ubwikorezi ya Ethiopian Airlines yafashwe n’inkongi y’umuriro
Ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Shanghai Pudong (PVG) giherereye mu gihugu cy’uBushinwa, ubwo indege ya sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere…
Read More » -
Ibihugu 10 biteye imbere m’uburaya bwemewe n’amategeko
Uburaya ni umwe mu mirimo ya kera cyane ku isi kandi umaze igihe kirekire ubungubu, ufatwa nk’uguhitamo akazi kangwa nk’ihitamo…
Read More » -
Icyaha cy’ubujura cy’iyongereye kubyaha col. Tom Byabagamba aregwa
Kuri uyu wa 21 Nyakanga 2020, Col.Tom Byabagamba nibwo yongeye kugezwa imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali…
Read More » -
Ambasaderi w’ u Burusiya mu Bwongereza yahakanye ibyo igihugu cye kiregwa by’igitero cya murandasi ngo hibwe amakuru ku rukigo
Intumwa y’ u Burusiya mu Bwongereza, yahakanye ibyo Igihugu cy’ u Bwongereza n’ibindi bicuti byabwo bishinja u Burusiya, ko ubutasi…
Read More » -
amazina y’aba ‘General’ batanu bafatiwe mu mashyamba ya RDC n’imitwe babarizwagamo
Izi nyeshyamba zeretswe itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Nyakanga 2020, muri aba berekanywe hakaba harimo abarwanyi batanu bari…
Read More » -
Afurika y’Epfo: Nyuma y’uko Umukobwa wa Mandela yitabye Imana byatangajweko yari yaranduye icyorezo cya Coronavirus
umukobwa wa Mandela witwa Zindzi Mandela uherutse kwitaba Imana kuri uyu wa mbere, aguye mu bitaro bya Johannesburg muri Afurika…
Read More » -
Murukiko Dr Pierre Damien Habumuremyi avuzeko ko atemera ibyaha ashinjwa
Mugitondo cyo kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko kuburana ku ifungwa n’ifungurwa…
Read More » -
Byinshi kumpamvu Guverineri Kayitesi yahawe umwenda wanditseho nimero 6 akanitwa Kapiteni
Kuwa 14 Nyakanga 2020,nibwo hakozwe umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya guverineri mushya w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice n’Umunyamabana Nshingwabikorwa w’agateganyo wari umaze…
Read More » -
Rubavu: Polisi yataye muri yombi Hamuli Ruben wakwirakwije ibihuha ku mbuga nkoranyambaga, asebya Polisi y’U Rwanda.
Ku Cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2020, Polisi y’U Rwanda yataye muri yombi umugabo witwa Hamuli Ruben ufite imyaka 26,…
Read More » -
Rwanda: Nsabimana Calixte wiyita Sankara yavuze ko FLN yatewe inkunga na Perezida wa Zambia.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Nyakanga 2020, nibwo Nsabimana Calixte wiyita Sankra yagejejwe imbere y’urukiko, nyuma y’uko urubanza…
Read More » -
Amerika: Ingagi yapimwe Coronavirus nyuma yo kujyanwa mu bitaro imaze gukubitwa na murumuna wayo
Ingagi yitwa Shango yarwanye intambara ikomeye na murumuna wayo muri pariki. Muri iyi mirwano ikomeye byarangiye Shango ikomeretse cyane mu…
Read More » -
Skol mumarira nyuma y’igihombo gikomeye kubera ifungwa ry’utubari
Ubuyobozi bwa skol mu Rwanda, burataka ibihombo ahanini byatewe n’uko utubari dufunzwe mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19 dore…
Read More » -
Rwanda: Umuntu wa Kane yishwe na Corona Virus.
Ku wa Gatandatu tariki ya 11 Nyakanga 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hagaragaye Abandi bantu banduye icyorezo cya corona virus …
Read More » -
Rubavu: ibibazo by’ibiza byaterwaga n’umugezi wa Sebeya bigiye kuba amateka
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amazi n’amashyamba(RWFA), bwemeje ko bidasubirwaho ibibazo biterwa n’umugezi wa Sebeya bizaba amateka kubera umushinga w’amaterasi y’indinganire arimo…
Read More » -
Kigali: Imidugudu imwe yakuwe mukato ka “Guma mu rugo” indi ikagumishwamo.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu mu itangazo ryayo, yavuze ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Nyakanga 2020, imwe mu Midugudu…
Read More » -
Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yaganiriye nabamwe mubyamamare mubakoresha imbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda.
Kuri uyu wagatanu taliki 10 Nyakanga 2020 umukuru w’igihugu yaganiriye na bamwe mubyamamare bya hano murwanda bizwi cyane kumbuga nkoranyambaga…
Read More » -
Kenya: Umusore w’imyaka 20 yarohamye mu mazi arapfa ubwo yafataga amashusho yo gushyira kuri Youtube
Muri iyi minsi usanga abantu benshi byumwihariko urubyiruko rushishikajwe no kubyaza umusaruro imbuga nkoranyambaga, byakarusho urubuga rwa Youtube rukoreshwa n’abantu…
Read More » -
Kigali: Abagera kuri 15 bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Abanyeshuri bigaga imodoka ndetse n’abigisha babo wongeyeho n’abacika inzego z’umutekano, nibamwe mu bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Remera mu…
Read More » -
Burundi: Ku munsi wejo hategenijwe umuhango wo guhemba abitwaye neza muri shampiyona
Nyuma yaho shampiyona y’umupira w’amaguru mu Burundi Primus league irangiriye, ikipe ya le Message Ngozi ikegukana igikombe cya shampiyona y’iki…
Read More » -
Uburundi bugiye gukurirwaho ibihano bwari bwarafatiwe n’ishyirahamwe ry’ibihugu bivuga ururimi rw’igifaransa
Uburundi bwari bwarafatiwe ibihano n’ishyirahamwe OIF mu mwaka wa 2016 kubera kutubahiriza uburenganzira bwikiremwa muntu kwa reta yari uyobowe na…
Read More » -
Nigeria: Umugabo yavunnye umugore we ikirenge yamwitiranije n’inzoka
Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria utaratangajwe amazina yavunnye ikirenge umugore we ubwo yamusangaga mu gitanda yambaye umwambaro wo kurarana…
Read More » -
Nyuma yo guhagarikwa kubera Covid-19 hari indi mikino yamaze gukomorerwa na Minisiteri ya siporo
Nyuma y’uko hari imikino yari yarakomorwe mbere,kuri ubu Minisiteri ya siporo yamaze gutangaza ko hari indi mikino yemerewe gukorwa ariko…
Read More » -
Abantu basaga ibihumbi 34 basabaga ubuhungiro muri Canada baburiwe irengero
Ikigo cya Leta gishinzwe imipaka cyangwa se abinjira n’abasohoka muri Canada gitangaza ko cyabuze irengero ry’abanyamahanga basaga ibihumbi 34 bari…
Read More » -
Côte d’Ivoire: Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yitabye Imana.
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 08 Nyakanga 2020, nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro ko Minisitiri w’intebe wa Côte…
Read More » -
Perezida Trump arakura Amerika muri OMS, Joe Biden bahanganye mu matora ati“Nzayigarura” ni ntsinda
Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka wa 2020, Perezida Trump nibwo yari yatangaje ku mugaragaro ko afite gahunda yo gukura…
Read More » -
Uburundi bushobora gukurwa mu muryango wa afrika y’uburasirazuba (East Africa community)
Ibihugu nka Sudani y’amajyepfo n’uburundi bifite amadeni menshi yinkunga bisabwa kumwaka, ashobora gutuma bikurwa mu muryango w’ibihugu bya Afrika y’uburasirazuba,…
Read More » -
Karongi: Polisi yataye muri yombi Abantu 13 bacukura Amabuye y’Agaciro.
Ku wa mbere tariki ya 06 Nyakanga, mu Kagali ka Birambo mu murenge wa Gashari mu Karere ka Karongi, Polisi…
Read More » -
Amajyaruguru: Guverineri Gatabazi Jean Marie Vianney yasubijwe ku mirimo ye.
Nyuma y’uko hashize igihe kitari gito Abayobozi b’Intara y’Amajyaruguru n’Amajyepfo bahagaritswe ku mirimo yo kuyobora izo ntara, ariko umwe muri…
Read More » -
Dore Impamvu zitandukanye zituma abantu bakuvuga cyane
Ese wari wagera mu gihe abantu bakuvuga kandi ibyo bakuvugaho ibihuha, bagakora uko bashoboye ngo abandi bantu bizereko ibyo bakuvugaho…
Read More » -
Ethiopia abagera ku 166 bamaze kuhasiga ubuzima kubera imyigaragambyo yatewe n’urupfu rwumuhanzi w’icyamamare Hachalu
Umuhanzi w’injyana ya pop star Hachalu, wo mu bwoko bwa Oromo, muri Ethiopia akaba aribwo bwoko bwiganje cyane muri iki…
Read More » -
Nyuma yo gufunga Kaminuza bigagamo, Abanyeshuri biga muri Christian University Of Rwanda baribaza ikigiye gukurikiraho.
Nyuma y’uko ku Cyumweru tariki ya 5 Nyakanga 2020 hamenyekanye amakuru y’itabwa muri yombi ry’Abayobozi ba Kaminuza ebyiri zitandukanye, Arizo…
Read More » -
Icyihishe inyuma ry’itabwa muri yombi rya Dr Habumuremyi Damien na prof. Egide karuranga
Kuri iki cyumweru tariki ya 5 nyakanga 2020 urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje amakuru avuga ko Dr Pierre Damien Habumuremyi…
Read More » -
Gatsibo: Abaturage bubatse Agakiriro ka Gatsibo bamaze imyaka 4 batarishyurwa.
Mu gihe bamwe mu bakorera mu Gakiriro ka Gatsibo, bishimira ko babonye ahantu heza kandi hagezweho ho gukorera ibikorwa byabo,…
Read More » -
Sugira Ernest munzira zo kwatakira ikipe ya Police fc mu mwaka w’imikino wa 2020-2021.
Ernest Sugira ukinira ikipe ya Rayon sport kuntizanyo ufite amasezerano ya APR fc y’imyaka ibiri nk’Umukinyi wa APR fc kugeza…
Read More » -
Uwahoze ayobora Congo Kinshasa Joseph Kabila yabwiye Perezida uriho Felix Tshisekedi ko igihugu kitazubakwa n’intagondwa
Muri Congo Kinshasa hakomeje kuvugwa ikibazo cya Minisitiri w’ubutabera Celestin tunda ya Kasende,gikomeje guteza umwuka mubi mu ihuriro riri ku…
Read More » -
kwibohora:mu rwego rwo kwizihiza imyaka 26 u Rwanda rumaze rwibohoye umujyi wa Kigali Watashye ku mugaragaro ibikorwa by’iterambere
Mu gihe Abanyarwanda n’ishuti z’u Rwanda twizihiza Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 26, umujyi wa Kigali urishimira iterambere umaze…
Read More » -
Amateka y’urugamba Rwo kubohora u Rwanda rwari rwarabaswe n’amacakuburi y’amoko ariko kuri ubu rukaba rutuwe na bose
Imyaka 26 irashize u Rwanda rubohowe. Byose bijya gutangira byahereye ku bukoroni. Abakoroni bageze mu Rwanda (Abadage 1899-1916, Ababiligi 1916-1962)…
Read More » -
Uko icyorezo cya Coronavirus gihagaze mu karere ka Afurika y’iburasirazuba kugeza ubu
Icyorezo cya coronavirus cyagaragaye bwa mbere muri Afurika y’iburasirazuba, guhera mu kwezi kwa Gashyantare muri uyu mwaka wa 2020, kugeza…
Read More » -
USA: Perezida wa Amerika Donald Trump, yagaragaye bwa mbere yambaye agapfukamunwa.
Nyuma y’igihe kingana n’amezi atatu Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump atambara agapfukamunwa ndetse atabishishikariza abaturage ayoboye,…
Read More »