Amakuru
-
Zambiya: Umugabo yasabwe gatanya n’umugore we kubera guhora yifuza kuryamana nawe yambaye imyenda ya polisi
Umugabo wo mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambiya, yasabwe gatanya n’umugore we usanzwe ari umupolisikazi muri polisi yo…
Read More » -
Tresor Rusesabagina yiyemeje gukora igishoboka cyose akisubiza se
Nyuma y’uko RIB yemeje itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina kuwa 31 Kanama 2020, umuhungu we Trésor Rusesabagina, yanditse ubutumwa…
Read More » -
Kubera amakimbirane mu muryango byatumye umugabo yiyahura
Mu murenge wa Kabare uherereye mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo uri mu kigero cy’imyaka 33 wiyahuye kubera kugirana ibibazo…
Read More » -
Inkubi y’umuyaga yahitanye abantu 14 yahawe izina rya Laura
Muri Leta z’unze ubumwe z’Amerika, inkubi y’umuyaga yahawe izina rya Laura yahitanye abantu bagera kuri 14 ndetse yangiza n’ibindi bintu…
Read More » -
Umuryango w’umwana wafashwe ku ngufu n’umusirikare wa RDF urasaba ubutabera
Mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa mata umwana w’umukobwa w’imyaka 15 arashinja umusirikare wo mu gisirikare cy’u Rwanda kumusambanya…
Read More » -
Icyiciro cya mbere cy’impunzi z’abarundi zamaze gusubizwa iwabo
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa 27 kanama 2020 nibwo icyiciro cya mbere cy’impunzi z’abarundi zari zarahungiye munkambi ya mahama…
Read More » -
Biravugwako Miss Vanessa yamaze gutandukana n’umukunzi we Putin
Mu minsi ishize nibwo ibintu byari ibicika urukundo ruri aharyoshye ndetse runashyushye hagati ya Miss Vanessa Uwase na Putin byanavugagwa…
Read More » -
Ese wari uziko uko mu maso yawe hagaragara bifite icyo bivuze mu buzima bwawe
Ndizera ko nawe ugiye gusoma iyi nkuru, harigihe ujya ubona ibimenyetso byinshi ku mubiri wawe, bijyanye n’imihindagurikire y’umubiri,cyane cyane mu…
Read More » -
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yavuze ko gufunga isoko rya Nyarugenge bitazahungabanya ubukungu
Nyuma y’uko isoko rya Nyarugenge rifunzwe, kubera umubare munini w’abantu babonetse muri iri soko banduye icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza…
Read More » -
Minisitiri Busingye Avugako hashobora gushyirwaho guma murugo totale
Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya leta Johnston Busingye yatangaje ko gahunda ya guma murugo ishobora gusubizwaho murwego rwo gukomeza…
Read More » -
Kigali: Umugore yafatanwe udupfunyika ibihumbi bitanu tw’urumogi yaranguzaga mu baturage
Umugore witwa Musabyimana ukomoka mu karere ka Rubavu, ariko akaba yari asigaye atuye mu karere ka Nyarugenge , Umurenge wa…
Read More » -
Dore ibintu 7 wakora umugabo wawe akarekera kuguca inyuma
Mu bihe isi igezemo , akenshi usanga umubano wa benshi uhura n’ibibazo by’ubuhemu no gucana inyuma, kubashakanye bikunze kugaragara mu…
Read More » -
Breaking news: Perezida w’Uburusiya Putin yavuze ko babonye urukingo rwa coronavirus
Mugihe hari hashize igihe kitarigito kubona umuti n’urukingo bya corona virus byarabaye ingorabahizi Perezida w’Uburusiya Putin yatangaje kumugaragaro ko igihugu…
Read More » -
Kubera amasasu yavugiye inyuma ya white house byatumye prezida Donald Trump asohorwa byihuse mu kiganiro n’abanyamakuru
Urwego rw’ibanga rushinzwe kurinda abayobozi bakuru n’imiryango yabo rwasohoye bwangu Perezida Donald Trump wa Amerika mu kiganiro n’abanyamakuru, nyuma y’amasasu…
Read More » -
Mu karere ka Rwamagana umugore yasanzwe mu buvumo yapfuye
Umugore witwa Ukuyemuye Jeannette wari ufite imyaka 31, wari utuye mu mujyi wa Kigali, yasanzwe mu buvumo buherereye mu Karere…
Read More » -
Burundi: Amagambo ya perezida Ndayishimiye Evariste yagaragaje ko hacyenewe guterwa intambwe ndende mumubano w’ U Rwanda n’ U Burundi
Ubwo yavugaga ku kibazo cy’impunzi z’Abarundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye kitazagirana imigenderanire n’ibihugu bikoresha uburyarya,…
Read More » -
Bidasubirwaho Muhadjiri Hakizimana n’umukinnyi wa As Kigali
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yamaze gusinyira AS Kigali amasezerano y’umwaka umwe, ni nyuma yo gutera umugongo Rayon Sports yamwifuzaga. Hashize amezi…
Read More » -
Mu gihugu cy’Ubuhinde ibitaro byafashwe n’inkongi y’umuriro abantu bagera ku 8 bahasiga ubuzima
Nkuko byatangajwe n’ibinyamakuru byo mu gihugu cy’Ubuhinde, kuri uyu wa kane, abawayi bagera ku 8 bahitanwe n’inkongi y’umuriro yibasiriye ibitaro…
Read More » -
Amaherezo ya Gen.Laurent Nkunda umaze Imyaka irenga 10 atawe muri yombi
Uyu munsi hashize imyaka irenga icumi Gen Laurent Nkunda wayoboraga umutwe warwanyaga ubutegetsi bwa Republika iharanira demokarasi ya Congo CNDP…
Read More » -
Perezida w’ U Burundi Ndayishimiye Evariste yagaragaye asangira urwagwa n’abaturage be
Perezida w’u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, bakunda kwita Neva yagaragaye yikoreye anasangira urwagwa n’abaturage, mu birori byo kwizihiza umunsi w’amakomine.…
Read More » -
Amerika: Hamaze kumenyekana uwari wihishe inyuma y’ibitero byagabwe kuri twitter z’ibyamamare ku isi
Muri iyi minsi ikoranabuhanga ryarakataje ku buryo bukomeye cyane, ibintu byinshi bisigaye bikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga, noneho muri iki gihe cya…
Read More » -
Impamvu As kigali ariyo izajyana na Apr fc mu marushanwa ny’afurika
Komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze kwemeza ko ikipe ya As Kigali ari yo izahagararira u Rwanda mu…
Read More » -
Ubuhinde: Abagabo 9 bishwe no kunywa umuti wo gukaraba intoki
Iri sanganya ryabaye mu gihugu cy’ubuhinde mu minsi 2 ishize, ubwo abagabo 9 basangaga amaduka ya Liquor yose yafunzwe, hanyuma…
Read More » -
U Rwanda ntirugaragara mu bihugu 10 bya mbere muri Afurika bifite ireme ry’uburezi riteye imbere kurusha ibindi
Mu buzima bwacu bwa buri munsi uburezi n’ingenzi kuri buri muntu wese utuye kuri iyi isi yacu, ariko bikaba bitandukanye…
Read More » -
Umugabo wo mu gihugu cya Uganda yaciye ikiganza umukobwa wanze kumubera umugore
Daily Monitor dukesha iyi nkuru yatangaje ko mu giturage cya Nabooti, mu gace ka Nakatsi mu gihugu cya Uganda, umugabo…
Read More » -
Tanzania: Hatangajwe icyihishe inyuma y’urupfu rw’uwahoze ari perezida w’iki gihugu
Ni mu muhango wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es…
Read More » -
Kamonyi: Minisiteri y’Uburezi yatindije ibikoresho byo kubaka ibyumba by’amashuri
Mu gihe hirya no hino mu gihugu bari mu kurwana n’iyubakwa ry’ibyumba by’amashuri, hamwe mu hagomba kubakwa bashyira mu majwi…
Read More » -
ethiopia: Abaganga bapimye Inka bayisangamo ibiro 50 byamashashi
Itsinda ry’abavuzi b’amatungo (vétérinaires) bo mu majyepfo ya Ethiopia baraye bashoboye gukura plastike zipima 50kg mu nda y’inka, mu gikorwa…
Read More » -
Niyorick muruhando rw’abahanzi b’indirimbo z’ihimbaza Imana
Uyu mugabo Niyonkuru Eric wamamaye cyane ku izina rya Niyorick ubusanzwe yari amenyerewe mu indirimbo zitandukanye z’urukundo yinjiye mu bahanzi…
Read More » -
Mu karere ka Huye umwana yakangutse yisanga mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’abanyerondo
Umwana witwa Rukundo Emmanuel utuye mu karere ka Huye,mu Murenge wa Karama,mu kagari ka Gahororo,arasaba kurenganurwa ,nyuma y’uko akubiswe n’abantu…
Read More » -
Leta ya Uganda igiye gutanga udukingirizo dusaga miliyoni 500 ku baturage
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko igiye gutanga udukingirizo turenga miliyoni 500 tw’ubuntu ku baturage bayo mu rwego rwo kubafasha kwirinda…
Read More » -
REB yagize icyo ivuga ku bantu bavugako ibizamini by’akazi byatanzwe byabayemo uburiganya
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda REB, cyavuze ko abakandida b’abarimu bumva bararenganyijwe mu bizamini by’akazi baheruka gukora, bagomba gukurikiza…
Read More » -
Nigeria:Umugabo yemeye ko iyo umugorewe yanze ko bakora imibonano mpuzabitsina aryamana n’umukobwa we
Umugabo witwa Musa Abubakar w’imyaka mirongo itatu wo muri Nigeria ari mu maboko ya polisi nyuma yo kwemera ko yahohoteye…
Read More » -
Kuryamana n’umugore wawe by’ibuze inshuro 21 mu kwezi byakurinda ibyago byo kwandura kanseri
Umuryango ushinzwe kurwanya Kanseri mu gihugu cya Zimbabwe wasabye abagabo bo muri iki gihugu gutera akabariro inshuro 21 ku kwezi…
Read More » -
Musanze: Mu rwego rwo kongera ubukerarugendo itsinda ry’abayobozi ryasuye ahazubakwa ikiyaga gihimbano
Akarere ka Musanze ni kamwe mu turere tugaragaramo ibyiza nyaburanga byinshi bigiye bitandukanye, bituma gasurwa cyane naba mukerarugendo baturutse imihanda…
Read More » -
Mu gihugu cy’ubushinwa indege ya sosiyete y’ubwikorezi ya Ethiopian Airlines yafashwe n’inkongi y’umuriro
Ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Shanghai Pudong (PVG) giherereye mu gihugu cy’uBushinwa, ubwo indege ya sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere…
Read More » -
Ibihugu 10 biteye imbere m’uburaya bwemewe n’amategeko
Uburaya ni umwe mu mirimo ya kera cyane ku isi kandi umaze igihe kirekire ubungubu, ufatwa nk’uguhitamo akazi kangwa nk’ihitamo…
Read More » -
Icyaha cy’ubujura cy’iyongereye kubyaha col. Tom Byabagamba aregwa
Kuri uyu wa 21 Nyakanga 2020, Col.Tom Byabagamba nibwo yongeye kugezwa imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali…
Read More » -
Ambasaderi w’ u Burusiya mu Bwongereza yahakanye ibyo igihugu cye kiregwa by’igitero cya murandasi ngo hibwe amakuru ku rukigo
Intumwa y’ u Burusiya mu Bwongereza, yahakanye ibyo Igihugu cy’ u Bwongereza n’ibindi bicuti byabwo bishinja u Burusiya, ko ubutasi…
Read More » -
amazina y’aba ‘General’ batanu bafatiwe mu mashyamba ya RDC n’imitwe babarizwagamo
Izi nyeshyamba zeretswe itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Nyakanga 2020, muri aba berekanywe hakaba harimo abarwanyi batanu bari…
Read More » -
Afurika y’Epfo: Nyuma y’uko Umukobwa wa Mandela yitabye Imana byatangajweko yari yaranduye icyorezo cya Coronavirus
umukobwa wa Mandela witwa Zindzi Mandela uherutse kwitaba Imana kuri uyu wa mbere, aguye mu bitaro bya Johannesburg muri Afurika…
Read More » -
Murukiko Dr Pierre Damien Habumuremyi avuzeko ko atemera ibyaha ashinjwa
Mugitondo cyo kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko kuburana ku ifungwa n’ifungurwa…
Read More » -
Byinshi kumpamvu Guverineri Kayitesi yahawe umwenda wanditseho nimero 6 akanitwa Kapiteni
Kuwa 14 Nyakanga 2020,nibwo hakozwe umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya guverineri mushya w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice n’Umunyamabana Nshingwabikorwa w’agateganyo wari umaze…
Read More » -
Rubavu: Polisi yataye muri yombi Hamuli Ruben wakwirakwije ibihuha ku mbuga nkoranyambaga, asebya Polisi y’U Rwanda.
Ku Cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2020, Polisi y’U Rwanda yataye muri yombi umugabo witwa Hamuli Ruben ufite imyaka 26,…
Read More » -
Rwanda: Nsabimana Calixte wiyita Sankara yavuze ko FLN yatewe inkunga na Perezida wa Zambia.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Nyakanga 2020, nibwo Nsabimana Calixte wiyita Sankra yagejejwe imbere y’urukiko, nyuma y’uko urubanza…
Read More » -
Amerika: Ingagi yapimwe Coronavirus nyuma yo kujyanwa mu bitaro imaze gukubitwa na murumuna wayo
Ingagi yitwa Shango yarwanye intambara ikomeye na murumuna wayo muri pariki. Muri iyi mirwano ikomeye byarangiye Shango ikomeretse cyane mu…
Read More » -
Skol mumarira nyuma y’igihombo gikomeye kubera ifungwa ry’utubari
Ubuyobozi bwa skol mu Rwanda, burataka ibihombo ahanini byatewe n’uko utubari dufunzwe mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19 dore…
Read More » -
Rwanda: Umuntu wa Kane yishwe na Corona Virus.
Ku wa Gatandatu tariki ya 11 Nyakanga 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hagaragaye Abandi bantu banduye icyorezo cya corona virus …
Read More » -
Rubavu: ibibazo by’ibiza byaterwaga n’umugezi wa Sebeya bigiye kuba amateka
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amazi n’amashyamba(RWFA), bwemeje ko bidasubirwaho ibibazo biterwa n’umugezi wa Sebeya bizaba amateka kubera umushinga w’amaterasi y’indinganire arimo…
Read More » -
Kigali: Imidugudu imwe yakuwe mukato ka “Guma mu rugo” indi ikagumishwamo.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu mu itangazo ryayo, yavuze ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Nyakanga 2020, imwe mu Midugudu…
Read More »