Ubuzima
-
Dore uko wakwirinda indwara ya Sinezite ikunze kwibasira abantu benshi
Sinezite ni indwara yo gututumba no kubyimbagana ibinogo by’izuru. ni indwara ikunda guterwa na virusi, ariko na none bagiteri cg…
Read More » -
Dore ibyiza byo kumva umuziki mu buzima bwacu
Umuziki ni kimwe mu bintu bifasha abantu cyane, harimo mu bijyanye no kwidagadura, mu guhimbaza Imana, mu kababaro ndetse no…
Read More » -
Zimwe mu ngaruka mbi ziterwa no kwitekerazaho cyane bikabije
Uyu munsi tugiye kubagezaho zimwe mu ngaruka mbi zishobora guterwa no guhora utekereza ku buzima bwawe ukarenza urugero mbese kwakundi…
Read More » -
OMS iravuga ko umubare w’urubyiruko rwandura Coronavirus ukomeje kwiyongera cyane
Umuryango w’abibumbye wita ku buzima OMS, watangaje ko umubare w’urubyiruko wandura icyorezo cya Covid-19 ugenda wiyongera cyane, bitewe n’uko bacyerensa…
Read More » -
Afurika y’epfo: Abarenga ibihumbi 500 bamaze kwandura coronavirus
Icyorezo cya Coronavirus gikomeje kongera umuvuduko ukabije ku isi yose, kuko imibare yabakomeje kwandura iki cyorezo igenda yiyongera umunsi ku…
Read More » -
Bimwe mu biranga umukobwa abasore bose baba bifuza gukundana nawe
Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se ntakundwe, biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko…
Read More » -
Dore ibyo wakora bikagufasha kugabanya ibiro byawe vuba
Mu buzima bwacu bwa buri munsi, usanga abantu bamwe babyibushye abandi bananutse, ugasanga abantu bamwe baterwa ipfunwe n’ingano yabo ndetse…
Read More » -
Dore uburyo bwagufasha kwirinda Indwara ya Angine
Angine ni indwara yo kubyimba no kubabara mu muhogo mu gace k’akamironko (pharynx) bitewe na mikorobi. Mikorobi zitera angine zirimo…
Read More » -
Kubera Coronavirus inzara ishobora kuzajya ihitana abana 10,000 ku kwezi nkuko byatangajwe na UNICEF
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) ritangaza ko mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, hagaragara umubare munini w’abana bahitanwa…
Read More » -
Ibyavuye mu bushakashatsi bigaragaza ko abantu bagera kuri 50% bafite Covonavirus batabizi
Ubushakashatsi bwakozwe n’abaganga b’inzobere mu bijyanye n’ibyorezo, bwagaragaje ko abantu bagera kuri 50% bashobora kuba barwaye icyorezo cya coronavirus batabizi,…
Read More » -
Ibi ni bimwe mu byagufasha kwirinda indwara ya stroke ihitana abirabura benshi
Hari indwara zimwe na zimwe ziba zikomeye cyane, ku buryo iyo igufashe uhita witaba Imana mu gihe cyihuse, gusa kandi…
Read More » -
Leta ya Uganda igiye gutanga udukingirizo dusaga miliyoni 500 ku baturage
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko igiye gutanga udukingirizo turenga miliyoni 500 tw’ubuntu ku baturage bayo mu rwego rwo kubafasha kwirinda…
Read More » -
Ku mugabane wa Amerika y’Epfo abamaze kwandura icyorezo cya Coronavirus bamaze kurenga miliyoni 4
ibihugu bya Argentine na Brazil byabonye abantu bashya benshi banduye icyorezo cya coronavirus kuri uyu wa gatatu. Brazil imaze kugira…
Read More » -
Nigeria:Umugabo yemeye ko iyo umugorewe yanze ko bakora imibonano mpuzabitsina aryamana n’umukobwa we
Umugabo witwa Musa Abubakar w’imyaka mirongo itatu wo muri Nigeria ari mu maboko ya polisi nyuma yo kwemera ko yahohoteye…
Read More » -
Kuryamana n’umugore wawe by’ibuze inshuro 21 mu kwezi byakurinda ibyago byo kwandura kanseri
Umuryango ushinzwe kurwanya Kanseri mu gihugu cya Zimbabwe wasabye abagabo bo muri iki gihugu gutera akabariro inshuro 21 ku kwezi…
Read More » -
Mu gihugu cya Mexique abamaze guhitanwa na Coronavirus bamaze kurenga ibihumbi 40.000
Icyorezo cya coronavirus gikomeje guca ibintu kuri iyi si yacu, ariko gihitana abantu benshi cyane ndetse kinakomeza guera ubukene bwinshi…
Read More » -
Dore bimwe mu bimenyetso biranga urukundo nyakuri
Umuhanzi umwe yigeze kuririmba agira ati, burya urukundo ni indwara kandi itavuwe yakwica nk’izindi zose. Nubwo mpereye kukuvuga urukundo nk’indwara…
Read More » -
Umuyobozi wa OMS yavuzeko imiryango y’abasangwabutaka ifite ibyago byinshi byo kwandura Coronavirus
Umuryango w’Abibumbye ishami ryita ku buzima(OMS),batangajeko imiryango y’Abasangwabutaka igizwe na kimwe cya kabiri cya miliyoni ku isi yibasirwa cyane n’icyorezo…
Read More » -
Ese waba urwaye umutwe udakira? Dore Bimwe mu bitera umutwe udakira ndetse nuko wabasha kwirinda
Kurwara umutwe ni ikintu rusange ku bantu dore ko nko mu gihe cy’izuba ho usanga benshi bahorana imiti iwuvura cyangwa…
Read More » -
Izi ni zimwe mu ndwara ziterwa no guhorana stress ku bantu
Imvugo ngo stress imereye nabi iri mu mvugo zimaze kumenyerwa no kuba gikwira. Akazi, abakoresha, abo tubana, twe ubwacu, ni…
Read More » -
Dore bimwe mu byangiza impyiko ukwiriye kwirinda mu buzima bwawe.
Impyiko ni ingingo z’ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri wacu. Zifasha mu gusukura amaraso, kwinjiza imyunyungugu mu mubiri, kuringaniza aside…
Read More » -
Utugari 2 two muri nyamagabe n’utundi 4 twa nyamasheke twasubijwe muri guma murugo
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020, tumwe mu tugari two mu…
Read More » -
Ibimenyetso 7 bishobora kukwereka ko umutima wawe udakora neza
Indwara z’umutima nubwo hari benshi bakunze gutekereza ko zifata abakuze, nyamara muri iki gihe siko bimeze kuko n’abato zisigaye zibibasira…
Read More » -
Menya n’ibi ep:1 incuti zawe nyinshi zitagufitiye akamaro kanini amoko 3 y’ubucuti/Aristotle
Abantu benshi mu gihe cyubukene cyangwa ibyago baba bazi ko inshuti zabo zibahindukira ubuhungiro bukwiye. Ubucuti ni nkubufasha nyirizina. ku…
Read More » -
Ese waba uzi aho Urukundo ruturuka hagati y’ubwonko n’umutima? Sobanukirwa
Urukundo ni kimwe mu bitera amayobera mu buzima bwa muntu, kuko bivugwa ko ari amarangamutima utabasha gutwara uko ushaka kose,…
Read More » -
Ese waba uziko guseka byongerera umuntu iminsi yo kubaho? Dore ibyiza byo guseka mu buzima bwawe
Guseka ni imwe mu myitwarire y’ikiremwamuntu igengwa n’ubwonko. Guseka bikoreshwa nk’ikimenyetso cyo kuba mu itsinda, byerekana kwemerwa no gukorana neza…
Read More » -
Rwanda: Umuntu wa Gatatu yishwe na Corona Virus.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Nyakanga 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hagaragaye umubare munini w’abakize kurusha uw’abanduye corona…
Read More » -
Paris Saint Germain (PSG) itwaye igikombe cya shampiyona nyuma y’ihagarikwa ry’imikino mubufaransa
ikipe ya PSG ihawe igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mubufaransa nyuma yaho yari yamaze guhagarikwa burundu aho icyiciro cyambere…
Read More » -
Rayon Sport: Binyuze muri kapiteni Rutanga abakinnyi bateye utwatsi icyemezo cyo guhagarika imishahara
Ejo hashize tariki ya 20 Mata nibwo icyemezo cyo guhagarika imishahara y’abakozi bose muri Rayon sport cyatangajwe kubw’impamvu z’icyorezo cya…
Read More » -
Man City yemeje amakuru avuga ko umubyeyi wa Guardiola yitabye Imana kubera coronavirus
Man City yemeje ko Mama wa Guardiola Dolors Sala Carrió yitabye Imana kubera coronavirus afite imyaka 82. Mu itangazo ryashyizwe…
Read More » -
Djihad Bizimana agiye guhindura ikipe? Club Brugge yahawe igikombe shampiyona itarangiye kubera COVID-19
Bizimana Djihad nyuma y’imyaka ibiri gusa ageze muri iyi kipe uyu waba ariwo mwaka wanyuma iyikiniye nkuko yabitangaje mukiganiro cyihariye…
Read More » -
Hudson-Odoi yagize icyo atangaza nyuma yo gukira COVID-19
Uyu mukinnyi ukomoka mu Bwongereza yari umwe mu bantu ba mbere ba Premier League basuzumwe indwara yica, hamwe n’umuyobozi wa…
Read More » -
Barcelona ifite amahirwe menshi yo kongera gusinyisha Neymar.
Laro Setien, ufite imyaka 24, akina mu cyiciro cya kane cy’umupira w’amaguru muri Espagne muri UE Sant Andreu abinyujije rubuga…
Read More » -
Rutahizamu wakiniye Police Fc na Rwamagana City yitabye Imana
Amakuru dukesha ‘IMIKINO’ aravuga ko uyu musore yari asanzwe agira ikibazo cyo kubura amaraso ahagije mu bihe bitandukanye, byatumaga agera…
Read More » -
Ubusabe bwa Sadate Munyakazi bwo gushyigikira Rayon bwatanze umusaruro mu masaha 22 gusa
Abinyujije kuri tweeter ye umuyobozi wa Rayon sport Munyakazi Sadate yasabye abakunzi ba Rayon Sport kuyishyigikira banyuze k’uburyo basanzwe bakoresha…
Read More » -
€ 1.27-Miliyari Man City iyoboye amakipe afite agaciro ya PL mugihe Liverpool yasubiye inyuma dore uko akurikirana
Transfermarkt yavuguruye agaciro k’abakinnyi kandi igaragaza agaciro k’amakipe muri Premier League uko akurikirana. Agaciro k’amakipe nuko akurikirana: 1. Manchester City:…
Read More » -
COVID-19: Mane yatanze agera ku €45 000 yo guhangana na COVID-19 mugihugu cye
Uyu musore w’imyaka 27, utamenyereye gusubiza igihugu cye kavukire, bivugwa ko yatanze amafaranga menshi yo gufasha mu kurwanya virusi mu…
Read More » -
Umusifuzi umwe wasifuriye APR yagizwe umwere undi wasifuriye AS Kigali ahanishwa ibyumweru bine adasifura
Nyuma yo gusifura umukino wa AS Kigali na Mukura, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), ryamaze guhagarika undi musifuzi. Ferwafa…
Read More » -
COVID-19: shampiyona y’ubwongereza irasubitswe ese liverpool igikombe izagihabwa?
Nyuma ya za shampiyona zikomeye ku isi zari zimaze guhagarikwa shampiyona y’uBwongereza nayo imaze gutangaza ko isubitswe kugeza mukwezi kwa…
Read More » -
RPL: Rayon Sport idafite Sugira yerekeje i Rubavu, APR irakira Kiyovu Sport, dore uko umunsi wa 23 uzakinwa
Kuri uyu wa kabiri nibwo imikino yo k’umunsi wa 23 izakuba itangira ikipe ya APR FC ikomeza gushaka ukonyakomeza kuyobora…
Read More » -
AKUMIRO: umusifuzi yajyanye Telephone mu kibuga mu cyiciro cya kabiri Gorilla itsinda Kirehe i Ngoma
umukino wahuje Gorilla yo mucyiciro cya kabiri yari yakiriwe na Kirehe kuri stade ya Ngoma aho Kirehe yakirira imikino yayo…
Read More » -
Umutoza wa TP Mazembe asezerewe nyuma yo kunanirwa kurenga kimwe cya kane
Kuri uyu gatandatu tariki ya 07 Werurwe 2020 I Lubumbashi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo habareye umukino wo kwishyura…
Read More » -
Esperance de Tunis yananiwe kurenga 1/4 ariyo yari ifite igikombe giheruka
Mu minota itanu y’igice cya mbere yonyine Esperance de Tunis yari imaze gufungura amazamu ku gitego cyatsinzwe na Bilel Bensaha…
Read More » -
RPL: Gasogi ibonye amanota yuzuye biyihesha gufata umwanya wa karindwi by’agateganyo
XI babanjemo kuruhande rwa Gasogi United yakiriye umukino: 1. Kwizera Olivier (30) 2. Kaneza Augustin (9) 3. Ndabarasa Tresor (4)…
Read More » -
umunsi wa 22 wa shampiyona ese twitege iki? nibande batemerewe gukina? Dore abasifuzi bazayobora imikino
kuri stade ya Kigali uyu munsi wa gatanu ikipe ya Gasogi iraza kuba yakira Espoir nyuma yawlho umukino wabere warangiye…
Read More » -
ikipe ya Police yamaze kugeza ibarwa muri Ferwafa igaragaza akarengane yabonye mumukino w’umunsi wa 21 ese biracura iki?
K’umunsi wa 21 wa shampiyona ikipe ya Police yari yakinnye na APR umukino uza kurangira ari igitego kimwe cya APR…
Read More » -
Rayon sport idafite Sarpong na Dagnogo itsinze ivuye inyuma naho APR FC ikomeza inzira igana kugikombe
Etincelles FC yari yakiriye Rayon Sports FC kuri stade Umuganda y’akarere ka Rubavu, mu mukino wasojwe Etincelles FC itsinzwe ibitego…
Read More » -
Coronavirus yagize ingaruka ki? kumikino y’umupira wamaguru
Icyorezo cya coronavirus cyagize ingaruka zikomeye ku mikino myinshi y’umupira w’amaguru ahantu hari ikwirakwizwa rya virusi rikabije. Ubutariyani: Serie A…
Read More » -
Ikipe ya Real Madrid irakira Barcelona kuri iki cyumweru, menya byinshi mbere y’umukino wa 277 uraba uhuje amakipe yombi
Ni umukino wa 277 uraba uhuje amakipe yombi mu marushanwa yose bagiye bakina, ikipe ya Barcelona ikaba iri imbere mu…
Read More » -
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye wa PSG ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda AMAFOTO
Uyu munsi mu Rwanda harasesekara icyamamare muri ruhago Youri Djorkaeff (1998 watwaye igikombe cy’isi ari kumwe na France ndetse akaba…
Read More »