-
Imikino
Jose Mourinho watozaga ikipe ya Tottenham Hotspurs yamaze kwirukanwa
Umutoza Jose Mourinho ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe atoza ikipe ya Tottenham Hotspurs yo mu gihugu cy’ubwongereza, yamaze…
Read More » -
Ubuzima
Dore bimwe mu bishobora kukwereka ko ubudahangarwa bw’umubiri wawe bwagabanutse
Ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bwirinzi bwawo. Ubudahangarwa nibwo umubiri w’umuntu ukoresha mu kurwanya indwara ziterwa naza mikorobi nka bagiteri, imiyege…
Read More » -
Imikino
Rutahizamu Erling Braut Haaland yongeye kunyeganyeza inshundura nyuma y’imikino myinshi adatsinda
Rutahizamu Erling Braut Haaland w’imyaka 20 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Norvege usanzwe akinira ikipe ya Borussia Dortumund yo mu…
Read More » -
Amakuru
Umugore wa Nyakwigendera Perezida Magufuli ari mu bitaro
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya Nyakwigendera Bwana John Pombe Magufuli, arwariye mu bitaro muri icyo gihugu kubera agahinda akomeje…
Read More » -
Amakuru
Uganda:Banyarwanda Ntibemeranya ku guhindurirwa izina
Abagize ubwoko bw’Abagande bakomoka mu Rwanda bwitwa ‘Banyarwanda’ ntibumvikana ku guhindura izina bukitwa ‘Abavandimwe’. Ni nyuma y’aho tariki ya 15…
Read More » -
Imikino
Ikipe ya Norwich City yamaze kongera kuzamuka muri Premier League
Uyu munsi tariki ya 17 Mata 2021 nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Norwich City yari isanzwe ikina shampiyona y’icyiciro cya…
Read More » -
Politike
Uburusiya bwirukanye abadipolomate 10 ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Igihugu cy’Uburusiya cyamaze kwirukana abadipolomate ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagera ku icumi, naho abayobozi bakuru bagera ku umunani…
Read More » -
Ubuzima
Perezida Museveni yatangaje ko badateganya gufungura utubari vuba
Mu gihugu cya Uganda, Perezida Museveni uyobora icyo gihugu yatangaje ko utubari tutazafungura vuba mu gihe byibuze abantu bageze mu…
Read More » -
Amakuru
Ese koko bari mwihangana: Harmonize Agiye gukorana na Awilo Longomba nyuma yuko Diamond akoranye na Koffi Olomide
umuhanzi wikirangirire muri muzika ya tanzaniya ndetse na afurika muri rusanjye Harmonize wamaze gutandukana na wasafi ya Diamond bimaze kugaragara…
Read More » -
Imikino
Ferwafa yandikiye abanyamuryango bayo ibatumira mu nama y’inteko rusange idasanzwe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, ryamaze gutanga ubutumire ku banyamuryango bose bagize iri shyirahamwe kugirango bazitabire inama y’inteko…
Read More » -
Imikino
Malaria yatumye Aubameyang atitabira imikino ikipe ya Arsenal iheruka gukina
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashwe n’indwara ya Malaria yanatumye atitabira…
Read More » -
Ubuzima
Ese waruziko amazi afite akamaro kenshi mu gutuma uruhu rwawe rumera neza? Sobanukirwa
Ubusanzwe amazi afite akamaro kenshi k’ubuzima, yaba ku bantu, inyamaswa ndetse n’ibimera kuko burya bakunda kuvuga ko amazi ari ubuzima.…
Read More » -
Amakuru
Polisi yataye muri yombi abantu batandukanye bashinjwa gukwirakwiza urumogi mu baturage
Polisi y’u Rwanda ikomeje gufata abantu batandukanye bijandika mu bikorwa bifite aho bihuriye n’ibiyobyabwenge, ni muri urwo rwego tariki ya…
Read More » -
Imikino
Rtd Gen Sekamana Jean Damascene wari usanzwe ayobora Ferwafa yeguye
Uwari usanzwe ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), Bwana Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène yamaze kwegura kuriyo…
Read More » -
Amakuru
Dore bimwe mu bintu bishobora gutera umugabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
Abashakashatsi mu by’imibanire bagaragaje ibintu birindwi bishobora gutuma umugabo agira ubushake bw’imibonano mpuzabitsina mu buryo butunguranye, cyangwa umugabo ubwe atabigizemo…
Read More » -
Ubuzima
Nuramuka ubonye ibi bimenyetso uzamenye ko ushobora kuba urwaye indwara ya stress ikabije
Ubusanzwe bavuga ko stress yarenze urugero mu gihe stress isanzwe igenda kura ku buryo bigera aho umubiri w’umuntu udashobora guhangana…
Read More » -
Imikino
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rigiye kongera gufungurwa
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kw’isi FIFA yaryemereye kongera gufungura isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi…
Read More » -
Amakuru
Perezida wa Benin Patrice Talon yongeye gutorerwa kuyobora icyo gihugu
Patrice Talon usanzwe ari Perezida w’igihugu cya Benin agiye kongera kuyobora icyo gihugu nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku cyumweru…
Read More » -
Amakuru
Musanze: Abantu batandatu bari bakurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi bakatiwe burundu
Mu minsi ishize nibwo urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwari rwaraciye urubanza ruregwamo abagabo batanu ndetse n’umugore umwe, aho bari bakurikiranyweho…
Read More » -
Amakuru
Karongi: Umugabo w’imyaka 63 afunzwe ashinjwa kwica mushiki we amunize
Mu Karere ka Karongi Umurenge wa Murambi mu Kagali ka Mubuga Umudugudu wa Nyaruvumu, Umugabo w’imyaka 63 y’amavuko yatawe muri…
Read More » -
Imikino
Umukinnyi wahoze akinira Southampton yakatiwe imyaka ibiri kubera gutesha umutwe umugore bahoze bakundana
Umugabo witwa Shayne Bradley w’imyaka 41 wahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Southampton yo mu gihugu cy’Ubwongereza, urukiko rwamukatiye gufungwa imyaka…
Read More » -
Amakuru
Umujyi wa Beijing niwo uyoboye iyindi mu kugira abaherwe benshi
Umurwa mukuru w’igihugu cy’Ubushinwa Beijing wamaze gufata umwanya wa mbere mu kugira abantu benshi b’abaherwe batunze amamiliyali y’amadorari ya Amerika…
Read More » -
Amakuru
Pasiteri afunzwe ashinjwa gusambanya umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko
Mu gihugu cya Zambia, mu ntara ya Luapula mu gace kitwa Chembe, Umugabo w’imyaka 29 usanzwe ari Pasiteri mw’itorero rya…
Read More » -
Imikino
Thomas Tuchel utoza Chelsea niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe
Umutoza w’ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’Ubwongereza Thomas Tuchel ukomoka mu gihugu cy’Ubudage, niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe…
Read More » -
Imikino
Ikipe ya Musanze Fc yandikiye FERWAFA isaba gusubukura imyitozo
Nyuma y’uko Komisiyo ya Ferwafa ikomeje kugenda isura amakipe atandukanye yo mu cyiciro cya mbere ngo irebe niba yujuje ibisabwa…
Read More » -
Imikino
Abakinnyi ba Simba SC bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo Muhamed Dewji bakunze gutazira…
Read More » -
Ubuzima
Ese waruziko kunywa itabi ryinshi bigira ingaruka ku buzima bwacu? Sobanukirwa
Ubusanzwe itabi ntabwo ari ikinyobwa kandi ntabwo ari n’ikiribwa kuko itabi ntirigira intungamubiri nimwe. Ahubwo itabi ni ubuvunderi(nicotine) bwivanga n’amavuta…
Read More » -
Umukobwa yananiwe kwihanganira gutandukana n’umuhungu bari bamaze imyaka 12 bakundana ahitamo kwiyahura
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umukobwa witwa Okonkwo Ngozi wiyambuye ubuzima nyuma yo gutandukana n’umuhungu bakundanaga bari bamaranye imyaka…
Read More » -
Udushya
Umugabo yakatiwe imyaka 400 azira gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 10 inshuro 900
Mu gihugu cya Afurika y’epfo, umugabo w’imyaka 46 yakatiwe gufungwa imyaka 400 muri gereza, kubera gufata ku ngufu umukobwa we…
Read More » -
Amakuru
Ese waba uzi aho urukundo rukomoka? Sobanukirwa
Urukundo ni kimwe mu bitera amayobera mu buzima bwa muntu, kuko bivugwa ko ari amarangamutima utabasha gutwara uko ushaka kose,…
Read More » -
Amakuru
Tanzaniya: Abantu barenga 45 nibo baguye mu mubyigano wabaye mu gusezera kuri Perezida Magufuli
Mu gihugu cya Tanzaniya, Polisi yatangaje ko ubwo uwahoze ari Perezida w’iki gihugu John Pombe Magufuli yasezerwagaho mu minsi ishize,…
Read More » -
Amakuru
Abayobozi bakomeye kw’isi basabye ko hashyirwaho amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya ibyorezo byibasira isi
Abayobozi bakomeye cyane kuri iyi si dutuyeho barimo Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron n’umukuru w’Ubudage Angela…
Read More » -
Udushya
Umugabo yaguye mu kantu ubwo yasangaga umugore we aryamanye n’undi mugore bakora ibikorwa by’ubutinganyi
Mu gihugu cy’Ubuyapani, Umugabo w’imyaka 39 utatangajwe amazina ye yatunguwe cyane no gutaha iwe mu rugo agasanga umugore we basezeranye…
Read More » -
Amakuru
Tanzaniya: Abantu 4 bafunzwe nyuma yo gufatwa barya inyama ndetse banywa n’inzoga ubwo Perezida Magufuli yashyingurwaga
Mu gihugu cya Tanzaniya hakomeje kuvugwa inkuru y’abagabo bane bafunzwe na polisi nyuma yo gusangwa barimo kurya inyama z’ihene ndetse…
Read More » -
Udushya
Umugore yakase umugabo we ubugabo n’udusabo tw’intanga amuziza kumuca inyuma
Mu gihugu cy’Ubushinwa hakomeje kuvugwa inkuru y’umugabo wakaswe ubugabo we n’umugore we amuziza kumuca inyuma akajya kwiganirira n’abandi bagore. Ibi…
Read More » -
Ubuzima
Ese waruziko imboga za Epinari zifite akamaro kenshi mu buzima bwacu? Sobanukirwa
Epinari ubusanzwe n’imboga zakomotse muri peresi, zikaba zigiwe n’ibi bintu bikurikira harimo amazi(93gm), Albumine(2,3gm), ibinure(0,3gm), Glucide(1,8gm). Imboga za Epinari zifite…
Read More » -
Amakuru
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe niba wifuza ko ahindura imyambarire
Mu gihe uri umukobwa cyangwa umuhungu ariko ukajya ubona umukunzi wawe uko yambara ntabwo bigushimisha , ntabwo ari ngombwa guhita…
Read More » -
Ubuzima
Uganda: Perezida Museveni yavuze ko bagiye gukora urukingo rwabo rwa Covid-19
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje kuvuga ko igihugu cya Uganda cyaba cyatangiye gahunda yo gukora urukingo rwabo rwa Coronavirus nkuko n’ibindi bihugu…
Read More » -
Imikino
Patrick Sibomana yatanze ikirego muri FIFA arega ikipe ya Yanga African yo muri Tanzaniya
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Police Fc, Patrick Sibomana bakunda kwita Papy, yamaze kurega ikipe ya Yanga African…
Read More » -
Imikino
Umugabo akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo asa cyane na Rutahizamu Lionel Messi
Umugabo w’imyaka 27 witwa Mohammed Ibrahim Battah ukomoka mu gihugu cya Misiri, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ukuntu…
Read More » -
Politike
Koreya ya Ruguru yongeye gukora igerageza ry’ibisasu byo mu bwoko bwa misile
Koreya ya ruguru yongeye gukora igerageza ry’ibisasu byayo maze irasa mu Nyanja y’Ubuyapani ibisasu bya misile zo mu bwoko bwa…
Read More » -
Amakuru
Musanze: Umusore yakubise nyina agafuni mu mutwe amuziza kumwima aho kubaka
Mu karere ka Musanze mu Murenge wa Muhoza, Akagali Kigombe haravugwa inkuru y’umusore witwa Nzungu wakubise nyina agafuni mu mutwe…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibibazo abantu banywa inzoga nyinshi bashobora guhura nabyo mu buzima bwabo
Ubusanzwe ijambo alcohol aricyo gisindisha risobanurwa ngo ni umuhanga woshya umutu ukamutera kwibeshya, kunywaho buhoro buhoro ni ukwibeshya kuko bigera…
Read More » -
Amakuru
Uganda: Abagabo 18 bari bamaze igihe bafunzwe n’inzego z’umutekano barekuwe.
Aba bagabo 19 barekuwe nyuma yuko bari batawe muri yombi mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, ubwo mu gihugu cya…
Read More » -
Imikino
Benediction Ignite Club yamaze gushyira hanze abakinnyi 10 izakuramo batanu izajyana muri Tour du Rwanda
Amakipe atandukanye mu mukino w’amagare akomeje guhamagara abakinnyi bazatoranwamo abazakina Tour du Rwanda, ni muri urwo rwego Ikipe ya Benediction…
Read More » -
Imikino
Kwizera Olivier ntabwo arakina umukino Amavubi arahuramo na Mozambique
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier ntabwo ari bugaragare ku mukino u Rwanda ruri bwakiremo…
Read More » -
Amakuru
Niger: Abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku baturage bica abasaga 137
Mu gihugu cya Niger haravugwa inkuru y’akababaro, aho Leta y’icyo gihugu yatangaje ko abantu barenga 137 bishwe hafi y’umupaka bahanaho…
Read More » -
Imikino
Ikipe ya AFC Leopard yafatiwe ibihano na FIFA kubera kutishyura umukinnyi Habamahoro Vincent
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA) ryamaze gufatira ibihano bikomeye ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko…
Read More » -
Amakuru
Australia: Umukozi wo nteko ishingamategeko yirukanwe kubera ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina
Mu gihugu cya Australia hakomeje kuvugwa inkuru y’umwe mu bakozi bakuru mu nteko ishinga amategeko y’icyo gihugu, nyuma y’amashusho yakwirakwije…
Read More » -
Amakuru
Uganda: Umugabo ukomoka muri Amerika yatawe muri yombi na Polisi ashinjwa kubangamira ubutegetsi
Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’itabwa muri yombi ry’umugabo ukomoka muri Leta z’Unze Ubumwe z’Amerika, wafunzwe na Polisi ashinjwa…
Read More »