Bertrand IRADUKUNDA Munyaneza
-
Ubuzima
Dore bimwe mu bimenyetso biranga urukundo nyakuri
Umuhanzi umwe yigeze kuririmba agira ati, burya urukundo ni indwara kandi itavuwe yakwica nk’izindi zose. Nubwo mpereye kukuvuga urukundo nk’indwara…
Read More » -
Politike
Umukuru w’igihugu Paul Kagame yashyizwe ku rutonde rw’abayobozi bakoresha urubuga rwa twitter cyane ku isi
Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwibanze ku kureba uko abayobozi bo hirya no hino ku isi, za Guverinoma n’ibigo mpuzamahanga bari kwitabira…
Read More » -
Ubuzima
Umuyobozi wa OMS yavuzeko imiryango y’abasangwabutaka ifite ibyago byinshi byo kwandura Coronavirus
Umuryango w’Abibumbye ishami ryita ku buzima(OMS),batangajeko imiryango y’Abasangwabutaka igizwe na kimwe cya kabiri cya miliyoni ku isi yibasirwa cyane n’icyorezo…
Read More » -
Ubuzima
Ese waba urwaye umutwe udakira? Dore Bimwe mu bitera umutwe udakira ndetse nuko wabasha kwirinda
Kurwara umutwe ni ikintu rusange ku bantu dore ko nko mu gihe cy’izuba ho usanga benshi bahorana imiti iwuvura cyangwa…
Read More » -
Imikino
Byamaze kwemezwako uyu mwaka Ballon d’or itazatangwa bitewe n’icyorezo cya coronavirus
Igihembo gisanzwe gihabwa umukinnyi witwaye neza kurusha abandi bose ku mugabane w’iburayi kizwi nka Ballon d’or, uyu mwaka ntabwo kizatangwa…
Read More » -
Udushya
Ukraine: Umunyamakurukazi yakutse iryinyo ubwo yavugaga amakuru kuri Televiziyo
Umunyamakurukazi Marichka Padalko ukomoka mu gihugu cya ukraine, akaba akora kuri Television yo muri icyo gihugu, yakutse iryinyo ubwo yavugaga…
Read More » -
Amakuru
Ambasaderi w’ u Burusiya mu Bwongereza yahakanye ibyo igihugu cye kiregwa by’igitero cya murandasi ngo hibwe amakuru ku rukigo
Intumwa y’ u Burusiya mu Bwongereza, yahakanye ibyo Igihugu cy’ u Bwongereza n’ibindi bicuti byabwo bishinja u Burusiya, ko ubutasi…
Read More » -
Ubuzima
Izi ni zimwe mu ndwara ziterwa no guhorana stress ku bantu
Imvugo ngo stress imereye nabi iri mu mvugo zimaze kumenyerwa no kuba gikwira. Akazi, abakoresha, abo tubana, twe ubwacu, ni…
Read More » -
Imikino
Nyuma ya Iragire Saidi, Mukura Vs yamaze gusinyisha ba Myugariro 2, Nkomezi Alex na Nshimiyimana Marc Govin
Ikipe ya Mukura Victory sports, nyuma yo gutakaza bamwe mu bakinnyi bayo bari bayifatiye runini, kuri ubu nayo yatangiye kwiyubaka…
Read More » -
Amakuru
Afurika y’Epfo: Nyuma y’uko Umukobwa wa Mandela yitabye Imana byatangajweko yari yaranduye icyorezo cya Coronavirus
umukobwa wa Mandela witwa Zindzi Mandela uherutse kwitaba Imana kuri uyu wa mbere, aguye mu bitaro bya Johannesburg muri Afurika…
Read More » -
Udushya
Ese wari uziko ku isi ibintu bintu bikurikira biba bibaye mu munota 1
Umunota umwe urimo amasegonda 60. Birashoboka cyane ko iyo ubyumvise wumva ari akantu gato cyane ntakintu cyaba kibayemo ariko siko…
Read More » -
Ubuzima
Dore bimwe mu byangiza impyiko ukwiriye kwirinda mu buzima bwawe.
Impyiko ni ingingo z’ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri wacu. Zifasha mu gusukura amaraso, kwinjiza imyunyungugu mu mubiri, kuringaniza aside…
Read More » -
Imikino
Police Fc ikomeje kwiyubaka cyane yamaze gusinyisha Myugariro Usengimana Faustin
Ubuyobozi bw’ikipe ya Police Fc binyuze mu munyamabanga mukuru w’iyi kipe CIP Karangwa Maurice, bamaze gutangazako basinyishije Myugariro w’ikipe y’igihugu…
Read More » -
Imikino
Icyamamare mu mukino wa Basketball Russell Westbrook yanduye Coronavirus
Nkuko byatangajwe n’ikipe ya Houston Rockets, Russell Westbrook usanzwe ari inkingi ya mwamba muri iyi kipe yamaze kwandura icyorezo cya…
Read More » -
Imikino
Raphael Bocco ukinira Simba Sc niwe wagukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kwa Kamena muri Tanzaniya
Rutahizamu usanzwe akinira ikipe ya Simba Sport club ndetse n’ikipe y’igihugu ya Tanzaniya Raphael Bocco, niwe wamaze kwegukana igihembo cy’umukinnyi…
Read More » -
Imikino
Manchester city yamaze gukurirwaho ibihano yari yarafatiwe
Nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(UEFA) ryari ryafatiye ibihano ikipe ya Manchester city byo kumara imyaka ibiri idakina…
Read More » -
Amakuru
Amerika: Ingagi yapimwe Coronavirus nyuma yo kujyanwa mu bitaro imaze gukubitwa na murumuna wayo
Ingagi yitwa Shango yarwanye intambara ikomeye na murumuna wayo muri pariki. Muri iyi mirwano ikomeye byarangiye Shango ikomeretse cyane mu…
Read More » -
Ubuzima
Ibimenyetso 7 bishobora kukwereka ko umutima wawe udakora neza
Indwara z’umutima nubwo hari benshi bakunze gutekereza ko zifata abakuze, nyamara muri iki gihe siko bimeze kuko n’abato zisigaye zibibasira…
Read More » -
Politike
Kinshasa: Uwari Minisitiri w’ubutabera Celestin tunda ya Kasende yamaze kwegura
Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Célestin Tunda Ya Kasende kuri uyu wa…
Read More » -
Ubuzima
Ese waba uzi aho Urukundo ruturuka hagati y’ubwonko n’umutima? Sobanukirwa
Urukundo ni kimwe mu bitera amayobera mu buzima bwa muntu, kuko bivugwa ko ari amarangamutima utabasha gutwara uko ushaka kose,…
Read More » -
Amakuru
Rubavu: ibibazo by’ibiza byaterwaga n’umugezi wa Sebeya bigiye kuba amateka
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amazi n’amashyamba(RWFA), bwemeje ko bidasubirwaho ibibazo biterwa n’umugezi wa Sebeya bizaba amateka kubera umushinga w’amaterasi y’indinganire arimo…
Read More » -
Amakuru
Kenya: Umusore w’imyaka 20 yarohamye mu mazi arapfa ubwo yafataga amashusho yo gushyira kuri Youtube
Muri iyi minsi usanga abantu benshi byumwihariko urubyiruko rushishikajwe no kubyaza umusaruro imbuga nkoranyambaga, byakarusho urubuga rwa Youtube rukoreshwa n’abantu…
Read More » -
Amakuru
Kigali: Abagera kuri 15 bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Abanyeshuri bigaga imodoka ndetse n’abigisha babo wongeyeho n’abacika inzego z’umutekano, nibamwe mu bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Remera mu…
Read More » -
Amakuru
Burundi: Ku munsi wejo hategenijwe umuhango wo guhemba abitwaye neza muri shampiyona
Nyuma yaho shampiyona y’umupira w’amaguru mu Burundi Primus league irangiriye, ikipe ya le Message Ngozi ikegukana igikombe cya shampiyona y’iki…
Read More » -
Amakuru
Nigeria: Umugabo yavunnye umugore we ikirenge yamwitiranije n’inzoka
Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria utaratangajwe amazina yavunnye ikirenge umugore we ubwo yamusangaga mu gitanda yambaye umwambaro wo kurarana…
Read More » -
Amakuru
Nyuma yo guhagarikwa kubera Covid-19 hari indi mikino yamaze gukomorerwa na Minisiteri ya siporo
Nyuma y’uko hari imikino yari yarakomorwe mbere,kuri ubu Minisiteri ya siporo yamaze gutangaza ko hari indi mikino yemerewe gukorwa ariko…
Read More » -
Ubuzima
Ese waba uziko guseka byongerera umuntu iminsi yo kubaho? Dore ibyiza byo guseka mu buzima bwawe
Guseka ni imwe mu myitwarire y’ikiremwamuntu igengwa n’ubwonko. Guseka bikoreshwa nk’ikimenyetso cyo kuba mu itsinda, byerekana kwemerwa no gukorana neza…
Read More » -
Imikino
Uwari umutoza wungirije muri APR Fc Dr Nabyl Bekroui yamaze gutandukana nayo
Dr Nabyl wari umutoza wungirije mu ikipe ya APR Fc yamaze gutandukana nayo, nyuma yaho haribyo batumvikanyeho bijyanye no kuba…
Read More » -
Imikino
Chelsea yiteguye gutanga abakinnyi batandatu kugirango ibone miliyoni 90 z’amayero zo kugura Kai Havertz
Ikipe ya Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane, kugirango umwaka utaha w’imikino izabe ihagaze neza kurushaho, kuri ubu yiteguye kugurisha abakinnyi bagera…
Read More » -
Amakuru
Dore Impamvu zitandukanye zituma abantu bakuvuga cyane
Ese wari wagera mu gihe abantu bakuvuga kandi ibyo bakuvugaho ibihuha, bagakora uko bashoboye ngo abandi bantu bizereko ibyo bakuvugaho…
Read More » -
Imikino
Real Madrid yagabanije igiciro cya James Rodriguez ku ikipe yose yaba imwifuza
Ikipe ya Real Madrid yamaze gukubita hasi igiciro ku musore wayo James Rodriguez, aho yakigejeje kuri miliyoni 20 z’amapawundi ku…
Read More » -
Imyidagaduro
Umukinnyi wa filimi Dwayne Johnson uzwi nka The Rock niwe uyoboye abandi mu kwinjiza agatubutse kuri Instagram
Icyamamare muri filimi Dwayne Johnson wamenyekanye cyane nka The Rock, ubwo yakinaga imikino njya rugamba(Wrestling). n’umugabo w’ibigango, uvuzeko atinywa na…
Read More » -
Imyidagaduro
Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze imyidagaduro mu Rwanda kuva mu kwezi kwa Mutarama
Umwaka wa 2020 waratunguranye cyane ugereranyije n’uko abantu bari bawiteze. Gutungurana kwawo gushingiye ku cyorezo cya Coronavirus cyadutse mu Bushinwa…
Read More » -
Amakuru
Uwahoze ayobora Congo Kinshasa Joseph Kabila yabwiye Perezida uriho Felix Tshisekedi ko igihugu kitazubakwa n’intagondwa
Muri Congo Kinshasa hakomeje kuvugwa ikibazo cya Minisitiri w’ubutabera Celestin tunda ya Kasende,gikomeje guteza umwuka mubi mu ihuriro riri ku…
Read More » -
Amakuru
Uko icyorezo cya Coronavirus gihagaze mu karere ka Afurika y’iburasirazuba kugeza ubu
Icyorezo cya coronavirus cyagaragaye bwa mbere muri Afurika y’iburasirazuba, guhera mu kwezi kwa Gashyantare muri uyu mwaka wa 2020, kugeza…
Read More » -
Amakuru
Kigali: Kuri uyu wa Kane haratangira gahunda nshya yo gusuzuma #COVID19
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima RBC gikomeje gusesengura uko icyorezo cya COVID-19 gihagaze mu Mujyi wa Kigali. Ni muri urwo rwego…
Read More » -
Urukundo
Volleyball: Ese bite by’ abakina icyiciro cyambere mubagabo, muriyi minsi ya #guma murugo
Nyuma yuko ibikorwa bya siporo bihagaritswe mu Rwanda kimwe no mubindi bihugu kubera icyorezo cya Corona Virus, ishyirahamwe ry’umukino wa…
Read More » -
Ubuzima
Paris Saint Germain (PSG) itwaye igikombe cya shampiyona nyuma y’ihagarikwa ry’imikino mubufaransa
ikipe ya PSG ihawe igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mubufaransa nyuma yaho yari yamaze guhagarikwa burundu aho icyiciro cyambere…
Read More » -
Ubuzima
Ikipe ya Real Madrid irakira Barcelona kuri iki cyumweru, menya byinshi mbere y’umukino wa 277 uraba uhuje amakipe yombi
Ni umukino wa 277 uraba uhuje amakipe yombi mu marushanwa yose bagiye bakina, ikipe ya Barcelona ikaba iri imbere mu…
Read More » -
Ubuzima
Urugendo rwa arsenal muri Europa League rwarangiye mu gihe and makipe yo mu bwongereza yahacanye umucyo
Nubwo ikipe ya Arsenal yari yashoboye gutsindira ikipe ya Olympiacos mu mugi wa Anthens, kuri stade Emirates ntibahiriwe kuko basezerewe…
Read More » -
Ubuzima
Umutoza Lampard utoza chelsea ashobora kugurisha abakinnyi badatanga umusaruro yifuza harimo nabatanzweho akayabo
Nkuko bikomejwe gutangazwa mu bitangazamakuru byinshi i burayi, mu bakinnyi ba Chelsea bashobora gutandukana na yo mu mpeshyi harimo 1.…
Read More »