-
Amakuru
Gasabo: Abarimu bo mu mashuri yigenga baratakamba bibaza aho inkunga bagenewe n’Ubushinwa yaheze
Nyuma yaho igihugu cy’Ubushinwa gitanze inkunga yo kugoboka abarimu bagizweho ingaruka na Covid-19, binyuze mu muryango w’abanyarwanda bize mu gihugu…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyagufasha kudahora mu ntonganya n’umukunzi wawe buri gihe
Mu rukundo ntihashobora kubura igituma abakundana batongana, bakarakaranya hahandi ubona ko ibintu bitameze neza, kuko ntabwo burya uko mubona ibintu…
Read More » -
Imikino
James Rodriguez wakiniraga Real Madrid yamaze kugurwa n’ikipe ya Everton
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombiya, James Rodriguez wari usanzwe akinira ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne,…
Read More » -
Imikino
Los Angeles Lakers yatsinze umukino wa mbere muri NBA Playoffs
Muri shampiyona ya Basketball muri Leta Z’unze ubumwe z’Amerika(NBA), hakomeje kuba imikino ya Playoffs ihuza amakipe yitwaye neza kurusha ayandi…
Read More » -
Imikino
Abandi bakinnyi batatu bagaragaweho Covid-19 muri Paris Staint Germain
Nyuma yaho abakinnyi barimo Angel Dimaria, Neymar Junior ndetse na Leandro Paredes basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, kuri ubu hakaba hamaze…
Read More » -
Imikino
Gasogi United yasinyishije Tuyinge Hakim wakiniraga ikipe ya Etencelles
Ikipe ya Gasogi United ikomeje kwigaragaza cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yamaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi Tuyisenge Hakim bakunze…
Read More » -
Imikino
Arsenal yongeye gutizwa umukinnyi Dani Ceballos ku nshuro ya kabiri
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Dani Ceballos ukomoka mu gihugu cya Espagne, usanzwe ari umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid, yongeye…
Read More » -
Amakuru
Kubuzwa gushyingiranwa byatumye umusore n’umukobwa biyahura barapfa
kubera gukundana byakataraboneka hagati y’umusore n’umukobwa bari bamaranye igihe nkuko amakuru abivuga nyuma bakaza kwangirwa kubana byatumye aba bombi biyahura…
Read More » -
Imikino
Ubuyozi bwa Rayon sport bwandikiye Ferwafa busaba ko ikipe yabo ariyo yasohokera iguhugu
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon sport bwamaze gushyikiriza ibaruwa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, busaba ko ikipe yabo ya Rayon…
Read More » -
Amakuru
Zambiya: Umugabo yasabwe gatanya n’umugore we kubera guhora yifuza kuryamana nawe yambaye imyenda ya polisi
Umugabo wo mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambiya, yasabwe gatanya n’umugore we usanzwe ari umupolisikazi muri polisi yo…
Read More » -
Udushya
Ntibisanzwe: Nyuma yo kubengwa umusore yivuruguse mu byondo nk’umwana muto
Si kenshi tujya tubona cg ngo twumve umuntu wabenzwe maze agakora ibikorwa bitangaje cg ibindi runaka, ariko ibyakozwe n’musore wo…
Read More » -
Imikino
Amakipe azahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika yamaze kumenya amatariki azakiniraho
Amakipe abiri ariyo ikipe ya APR fc ndetse n’ikipe ya As Kigali zizahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika , yamaze…
Read More » -
Imikino
Thomas Partey yamaze gusaba Atletico Madrid kumureka akajya muri Arsenal
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Atletico Madrid ndetse n’ikipe y’igihugu ya Ghana Thomas Partey, yamaze kubwira ubuyobozi…
Read More » -
Imikino
Donny Van de Beek yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester united
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima mu ikipe…
Read More » -
Imikino
Arsenal yamaze gutandukana burundu n’umukinnyi Henrikh Mkhitaryan
Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, ariko akaba yari yaratijwe mu ikipe ya As Roma yo mu…
Read More » -
Imikino
Van de Beek yamaze kumvikana n’ikipe ya Manchester United
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze kwemeranya n’ikipe ya Manchester united…
Read More » -
Amakuru
Kubera amakimbirane mu muryango byatumye umugabo yiyahura
Mu murenge wa Kabare uherereye mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo uri mu kigero cy’imyaka 33 wiyahuye kubera kugirana ibibazo…
Read More » -
Imikino
Mikel Arteta yongeye gutangaza ko afite ikizere ko Aubameyang azongera amasezerano
Nyuma y’umukino ikipe ya Arsenal yatsinzemo ikipe ya Liverpool kuri penaliti, maze ikegukana igikombe cya Community Shield, umutoza Mikel Arteta…
Read More » -
Amakuru
Inkubi y’umuyaga yahitanye abantu 14 yahawe izina rya Laura
Muri Leta z’unze ubumwe z’Amerika, inkubi y’umuyaga yahawe izina rya Laura yahitanye abantu bagera kuri 14 ndetse yangiza n’ibindi bintu…
Read More » -
Ubuzima
Coronavirusi yahitanye umuntu wa 16 mu Rwanda
Icyorezo cya coronavirus gikomeje gukaza umurego mu gihugu cyacu, umunsi Ku munsi abandura iki cyorezo bakomeza kugenda biyongera cyane ndetse…
Read More » -
Ubuzima
Dore bimwe mu byagufasha kurinda uruhu rwawe gusaza imburagihe
Niba wifuza kugira uruhu rwiza ruhorana itoto, uruhu ruzira iminkanyari, uruhu ruhora ruhehereye, gerageza gukurikiza izi nama tukugira hano turizera…
Read More » -
Imikino
Harry Maguire yatangaje ko yari afite ubwoba bwinshi ubwo yari afungiwe mu Bugereki
Nyuma y’uko Myugariro w’ikipe ya Manchester united ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Maguire yari yafatiwe mu gihugu cy’Ubugereki , yavuze…
Read More » -
Imikino
Migi wavugwaga muri Namungo Fc yongereye amasezerano mu ikipe ya KMC
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati, Mugiraneza Jean Baptiste Migi wari warasoje amasezerano mu ikipe ya KMC , yamaze kuyongera.…
Read More » -
Imikino
Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane yasinyishije Myugariro Ben Chilwell
Ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, mu mujyi wa London, ikomeje kwiyubaka mu buryo bukomeye cyane, kuri ubu yamaze…
Read More » -
Ubuzima
Ese wari uziko umubare munini w’abandura ndetse bagahitanwa na coronavirus ari abagabo?? Sobanukirwa
Kugeza ubu isi yacu ikomeje kugarizwa n’icyorezo cya coronavirus , aho iki cyorezo gikomeje guhitana umubare munini w’abantu ndetse abatuye…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyafasha abakundana gukomeza kugira umubano mwiza
Ese waba ufite umukunzi cyangwa warubatse urugo? Nibyiza ko umenya bimwe mu byabafasha gukomeza kubaka umubano mwiza hagati yawe n’uwo…
Read More » -
Udushya
Nyuma y’uko umugabo aryamanye n’abakobwa 40 yabasabye kwipisha icyorezo cya SIDA
Umugabo witwa Olivier Mike usanzwe yibera mu gihugu cya Kenya, ariko akaba afite uruhu rw’abazungu, yatangaje abantu cyane ndetse bamwe…
Read More » -
Ubuzima
Ese waba ugorwa no kubura ibitotsi ? Sobanukirwa uko wabasha kujya ubibona
Bimwe mu biranga ikiremwa muntu ndetse bikorwa n’abantu cyane nukuryama bagasinzira . Nubwo kuryama ugasinzira bihagije ari byiza cyane, ariko…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukunzi wawe ashobora kuba atakigufitiye urukundo
Mu rukundo ni byinshi duhuriramo nabyo, ukabona ni byiza kuko biba byiganjemo ibimeneyetso bikwereka ko uwo mukundana agukunda kandi akwitayeho.…
Read More » -
Amakuru
Ese wari uziko uko mu maso yawe hagaragara bifite icyo bivuze mu buzima bwawe
Ndizera ko nawe ugiye gusoma iyi nkuru, harigihe ujya ubona ibimenyetso byinshi ku mubiri wawe, bijyanye n’imihindagurikire y’umubiri,cyane cyane mu…
Read More » -
Imyidagaduro
Rayva Havale yasohoye indirimbo nshya yise Queen
Umuhanzi witwa Rayva Havale ubusanzwe ukorera umuziki mu karere ka muhanga mu ntara y’amajyepfo yasohoye indirimbo nshyashya akaba yarayihaye izina…
Read More » -
Amakuru
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yavuze ko gufunga isoko rya Nyarugenge bitazahungabanya ubukungu
Nyuma y’uko isoko rya Nyarugenge rifunzwe, kubera umubare munini w’abantu babonetse muri iri soko banduye icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza…
Read More » -
Amakuru
Kigali: Umugore yafatanwe udupfunyika ibihumbi bitanu tw’urumogi yaranguzaga mu baturage
Umugore witwa Musabyimana ukomoka mu karere ka Rubavu, ariko akaba yari asigaye atuye mu karere ka Nyarugenge , Umurenge wa…
Read More » -
Ubuzima
Ese wari uziko kuryama igihe kirekire Atari byiza? Sobanukirwa n’ingaruka zo kuryama igihe kinini
Burya mu buzima kuryama ugasinzira neza, ukaruhura umubiri wawe, ukaryama amasaha yabugenewe ni byiza cyane, gusa nanone iyo uryamye amasaha…
Read More » -
Ubuzima
Ubwongereza bugiye kugura inkingo zisaga miliyoni 90 za coronavirus
Bitewe n’icyorezo cya coronavirus gikomeje gukaza umurego kuri uyu mubumbe dutuye, abashakashatsi benshi bagenda bagerageza gukora inkingo zitandukanye,ndetse ibihugu Bimwe…
Read More » -
Imikino
Bidasubirwaho Willian yamaze kuba umukinnyi w’ikipe ya Arsenal
Nkuko ikipe ya Arsenal yamaze kubitangaza, umukinnyi Willian da Silva wari usanzwe akinira ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku…
Read More » -
Ubuzima
Dore uko wakwirinda indwara ya Sinezite ikunze kwibasira abantu benshi
Sinezite ni indwara yo gututumba no kubyimbagana ibinogo by’izuru. ni indwara ikunda guterwa na virusi, ariko na none bagiteri cg…
Read More » -
Udushya
Muri Nigeria Nyuma yo gutuka intumwa y’Imana Muhamad Umugabo yakatiwe igihano cy’urupfu
Mu gihugu cya Nigeria Urukiko rwo mu mujyi wa Kano rwakatiye igihano cy’urupfu umugabo witwa Yahaya Aminu Sharif usanzwe ari…
Read More » -
Imikino
Ikipe ya Juventus ngo yiteguye kurekura umukinnyi wayo Aaron Ramsey
Nkuko ikinyamakuru Sky Italia cyabitangaje, ikipe ya Juventus ngo yiteguye kugurisha umukinnyi wayo wo hagati mu kibuga Aaron Ramsey, kuko…
Read More » -
Amakuru
Mu karere ka Rwamagana umugore yasanzwe mu buvumo yapfuye
Umugore witwa Ukuyemuye Jeannette wari ufite imyaka 31, wari utuye mu mujyi wa Kigali, yasanzwe mu buvumo buherereye mu Karere…
Read More » -
Imikino
Juventus nyuma yo kwirukana Maurizio Sari yamaze kubona umutoza mushya
ikipe ya Juventus nyuma y’uko isezerewe n’ikipe ya Lyon mu mikino ya Uefa Champions league, yahise yirukana umutoza Maurizio Sari…
Read More » -
Udushya
Ethiopie: Umugabo yafashe ikamyo ayihinduramo inzu yo guturamo
Mu gihugu cya Ethiopia, umugabo witwa Tadesse Abinet, yafashe ikamyo yakoreshaga mu gutwara imizigo, ayihinduramo igorofa ry’ibyumba bitanu bikubiyemo ibyo…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyiza byo kumva umuziki mu buzima bwacu
Umuziki ni kimwe mu bintu bifasha abantu cyane, harimo mu bijyanye no kwidagadura, mu guhimbaza Imana, mu kababaro ndetse no…
Read More » -
Udushya
Mu gihugu cya Uganda haravugwa Umugabo wishe Nyirakuru kubera ko atamuhaye umugabane
Umugabo witwa James Asiimwe ukomoka mu gihugu cya Uganda ahitwa Ibanda,ari gushakishwa n’inzengo z’umutekano azira kwica Nyirakuru witwa Kelemensia Kadiidi…
Read More » -
Imikino
Amatariki y’igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda izatangirira yamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(Ferwafa) ryamaze gutangaza ko shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda icyiciro cya mbere mu bagabo izatangira mu…
Read More » -
Amakuru
Mu gihugu cy’Ubuhinde ibitaro byafashwe n’inkongi y’umuriro abantu bagera ku 8 bahasiga ubuzima
Nkuko byatangajwe n’ibinyamakuru byo mu gihugu cy’Ubuhinde, kuri uyu wa kane, abawayi bagera ku 8 bahitanwe n’inkongi y’umuriro yibasiriye ibitaro…
Read More » -
Ubuzima
Zimwe mu ngaruka mbi ziterwa no kwitekerazaho cyane bikabije
Uyu munsi tugiye kubagezaho zimwe mu ngaruka mbi zishobora guterwa no guhora utekereza ku buzima bwawe ukarenza urugero mbese kwakundi…
Read More » -
Ubuzima
OMS iravuga ko umubare w’urubyiruko rwandura Coronavirus ukomeje kwiyongera cyane
Umuryango w’abibumbye wita ku buzima OMS, watangaje ko umubare w’urubyiruko wandura icyorezo cya Covid-19 ugenda wiyongera cyane, bitewe n’uko bacyerensa…
Read More » -
Imikino
Manchester city yamaze gusinyisha Ferran Torres wakiniraga Valencia
Ikipe ya Manchester city yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi ukina ku mpande, Ferran Torres, wari usanzwe…
Read More » -
Udushya
Ntibisanzwe: Nyuma y’uko Injangwe ifatanywe ibiyobyabwenge ikajyanwa muri gereza byarangiye itorotse
Mu gihugu cya Sri Lanka, injangwe yari iherutse gufungwa n’abashinzwe umutekano izira kwinjiza muri gereza ibiyobyabwenge,sim card ndetse n’agakoresho babikaho…
Read More »