Imikino
-
Ikipe ya Rayon Sport yasinyishije umukongomani Heritier Nziga Luvumbu
Rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Heritier Nziga Luvumbi, yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sport amasezerano y’amezi…
Read More » -
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Muhire Kevin yamaze gusinyira Rayon Sport
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Muhire Kevin usanzwe ukina mu kibuga hagati, yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sport igihe kingana n’amezi…
Read More » -
Ikipe ya Gorilla FC yandikiye Musanze Fc ibatira umunyezamu Shema Innocent
Ikipe ya Gorilla FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda binyuze mu buyobozi bw’iyi kipe, bamaze kwandikira ibaruwa ikipe…
Read More » -
Rutahizamu Zlatan Ibrahomovic yongereye amasezereno y’umwaka umwe mu ikipe ya AC Milan
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic w’imyaka 39 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Sweden, yamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya AC…
Read More » -
Ferwafa yagaragaje ingengebihe y’uburyo amakipe azahura muri shampiyona
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ryamaze gushyira hanze ingengabihe y’uburyo shampiyona izakinwa haba uburyo amakipe azahura ndetse naho imikino…
Read More » -
Mesut Ozil yagaragaje ko adashyigikiye irushanwa rya European Super League
Umukinnyi Mesut Ozil ukomoka mu gihugu cya Turkey wahoze akinira ikipe ya Arsenal mbere yo kwerekeza mu ikipe ya Fenerbahce…
Read More » -
Jose Mourinho watozaga ikipe ya Tottenham Hotspurs yamaze kwirukanwa
Umutoza Jose Mourinho ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe atoza ikipe ya Tottenham Hotspurs yo mu gihugu cy’ubwongereza, yamaze…
Read More » -
Rutahizamu Erling Braut Haaland yongeye kunyeganyeza inshundura nyuma y’imikino myinshi adatsinda
Rutahizamu Erling Braut Haaland w’imyaka 20 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Norvege usanzwe akinira ikipe ya Borussia Dortumund yo mu…
Read More » -
Ikipe ya Norwich City yamaze kongera kuzamuka muri Premier League
Uyu munsi tariki ya 17 Mata 2021 nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Norwich City yari isanzwe ikina shampiyona y’icyiciro cya…
Read More » -
Ferwafa yandikiye abanyamuryango bayo ibatumira mu nama y’inteko rusange idasanzwe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, ryamaze gutanga ubutumire ku banyamuryango bose bagize iri shyirahamwe kugirango bazitabire inama y’inteko…
Read More » -
Malaria yatumye Aubameyang atitabira imikino ikipe ya Arsenal iheruka gukina
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashwe n’indwara ya Malaria yanatumye atitabira…
Read More » -
Rtd Gen Sekamana Jean Damascene wari usanzwe ayobora Ferwafa yeguye
Uwari usanzwe ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), Bwana Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène yamaze kwegura kuriyo…
Read More » -
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rigiye kongera gufungurwa
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kw’isi FIFA yaryemereye kongera gufungura isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi…
Read More » -
Umukinnyi wahoze akinira Southampton yakatiwe imyaka ibiri kubera gutesha umutwe umugore bahoze bakundana
Umugabo witwa Shayne Bradley w’imyaka 41 wahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Southampton yo mu gihugu cy’Ubwongereza, urukiko rwamukatiye gufungwa imyaka…
Read More » -
Thomas Tuchel utoza Chelsea niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe
Umutoza w’ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’Ubwongereza Thomas Tuchel ukomoka mu gihugu cy’Ubudage, niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe…
Read More » -
Ikipe ya Musanze Fc yandikiye FERWAFA isaba gusubukura imyitozo
Nyuma y’uko Komisiyo ya Ferwafa ikomeje kugenda isura amakipe atandukanye yo mu cyiciro cya mbere ngo irebe niba yujuje ibisabwa…
Read More » -
Abakinnyi ba Simba SC bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo Muhamed Dewji bakunze gutazira…
Read More » -
Patrick Sibomana yatanze ikirego muri FIFA arega ikipe ya Yanga African yo muri Tanzaniya
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Police Fc, Patrick Sibomana bakunda kwita Papy, yamaze kurega ikipe ya Yanga African…
Read More » -
Umugabo akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo asa cyane na Rutahizamu Lionel Messi
Umugabo w’imyaka 27 witwa Mohammed Ibrahim Battah ukomoka mu gihugu cya Misiri, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ukuntu…
Read More » -
Benediction Ignite Club yamaze gushyira hanze abakinnyi 10 izakuramo batanu izajyana muri Tour du Rwanda
Amakipe atandukanye mu mukino w’amagare akomeje guhamagara abakinnyi bazatoranwamo abazakina Tour du Rwanda, ni muri urwo rwego Ikipe ya Benediction…
Read More » -
Kwizera Olivier ntabwo arakina umukino Amavubi arahuramo na Mozambique
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier ntabwo ari bugaragare ku mukino u Rwanda ruri bwakiremo…
Read More » -
Ikipe ya AFC Leopard yafatiwe ibihano na FIFA kubera kutishyura umukinnyi Habamahoro Vincent
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA) ryamaze gufatira ibihano bikomeye ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko…
Read More » -
CAF yahagaritse igihugu cya Chad mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroon
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF), ryamaze guhagarika ikipe y’igihugu ya Chad mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza…
Read More » -
Igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda izasubukurirwa cyamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), ryamaze kwemeza ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda izasubukurwa tariki ya 15 Mata 2021…
Read More » -
Arsenal na Manchester United zishobora guhurira kuri Final ,uko tombora ya 1/4 muri Europa League yagenze
Amakipe abiri ahora ahanganye cyane yo mu gihugu cy’Ubwongereza ariyo ikipe ya Arsenal ndetse n’ikipe ya Mnchester United zishobora guhurira…
Read More » -
Uko amakipe azahura mu mikino ya 1/4 muri UEFA Champions League byamaze kumenyekana
Mu gihugu cy’Ubusuwisi mu mujyi wa Nyon ku cyicaro cya UEFA, habereye tombola y’imikino ya ¼ cya UEFA Champions League…
Read More » -
Abakinnyi ba Simba Sc bongeye guhabwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye guhanbwa agahimbazamusyi gatubutse nyuma yuko bitwaye neza mu mikino…
Read More » -
Casa Mbungo yatowe nk’mutoza mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona ya Kenya
Umutoza Casa Mbungo Andre ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda usanzwe atoza ikipe ya Bandari Fc yo mu gihugu cya Kenya,…
Read More » -
Saido Berahino ntazitabira imikino y’ikipe y’igihugu nyuma y’uko yanduye icyorezo cya Covid-19
Rutahizamu Saido Berahino ukomoka mu gihugu cy’u Burundi ntabwo azitabira imikino y’ikipe y’igihugu cye asanzwe anabereye kapiteni nyuma y’uko bamusanzemo…
Read More » -
Volleyball: Imikino Nyafurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo yagombaga kubera mu Misiri yimuriwe muri Tuniziya
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki wa Volleyball ku mugabane wa Afurika(CAVB) ryamaze gutangaza ko irushanwa nyafurika ku makipe yabaye aya mbere iwayo…
Read More » -
Muhire Kevin na Rwatubyaye Abdul bangiwe kuza gukinira Amavubi
Rwatubyaye Abdul myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya FK Shkupi muri Macedonia hamwe n’umukinnyi wo hagati mu kibuga Muhire…
Read More » -
Real Madrid yatangaje ko Eden Hazard agiye kumara hanze y’ikibuga ukwezi kurenga kubera imvune
Ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne, yamaze gutangaza ko Rutahizamu wayo Eden Hazard ukomoka mu gihugu cy’Ububirigi…
Read More » -
Ikipe ya Etencelles yongeye kugarura Umutoza Calum Shaun Shelby wari warasezeye mu minsi ishize
Ikipe ya Etencelles ibarizwa mu Karere ka Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba, yamaze kugarura umutoza witwa Calum Shaun Shalby wari umaze…
Read More » -
Umutoza Zinedine Zidane yavuze ko atazi niba Myugariro Sergio Ramos azaguma mu ikipe yabo
Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Zinedine Zidane, yatangarije ibinyamakuru byo mu gihugu cya Espagne ko atazi neza niba Myugariro Sergio…
Read More » -
Umuherwe Dr Patrice Motsepe niwe watorewe kuyobora CAF
Umugabo witwa Dr. Patrice Motsepe usanzwe ari umuherwe ukomeye cyane mu gihugu cya Afurika y’epfo ndetse no kuri uyu mugabane…
Read More » -
Argentine: Abaturage bakomeje kwigaragambya basaba ubutabera ku rupfu rwa Diego Maradona
Mu gihugu cya Argentine mu murwa mukuru Buenos Aires, abaturage ibihumbi n’ibihumbi bakomeje imyigaragambyo basabira ubutabera icyamamare mu mupira w’amaguru…
Read More » -
Ferwafa yandikiye amakipe ibibutsa ibijyanye no kwirinda icyorezo cya Coronavirus
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, yamaze kwandikira amakipe yo mu cyiciro cya mbere yose ibibutsa amabwiriza ajyanye no kwirinda…
Read More » -
Ikipe ya APR Fc yohererejwe ubutumire na FC Zurich isabwa umukinnyi Byiringiro Lague
Ikipe ya FC Zurich yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubusuwisi, yamaze kwandikira ibaruwa ikipe ya APR Fc ibasako…
Read More » -
Umugabo witwa Joan Laporta niwe watorewe kuyobora ikipe ya Barcelona
Umugabo w’imyaka 58 ukomoka mu gihugu cya Espagne witwa Joan Laporta niwe watorewe kuyobora ikipe ya Barcelona mu matora yabaye…
Read More » -
Rutahizamu Lionel Messi nawe yatoye Perezida ugomba kuyobora ikipe ya Barcelona
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi, ni umwe mu bitabiriye amatora ya Perezida w’iyi…
Read More » -
Lionel Messi yatowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi, niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona…
Read More » -
Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 31 bagomba kwitegura Mozambique na Cameroon
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent, yamaze guhamagara abakinnyi 31 bagomba gutangira umwiherero bitegura imikino ibiri yo guhatanira itike yo…
Read More » -
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yamaze gusesekara mu gihugu cya Misiri
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’amagare yamaze gusesekara mu gihugu cya Misiri, ikaba igiyeyo kwitabira shampiyona ya Afurika y’umukino w’amagare…
Read More » -
Aubameyang yafashize Arsenal kubona insinzi nyuma yo gutsinda Hatrick ya mbere muri Premier League
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashize iyi kipe kwegukana amanota atatu…
Read More » -
Pep Guardiola yatowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Mutarama muri shampiyona ya y’Abongereza
Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola ukomoka mu gihugu cya Espagne mu ntara ya Catalonya, watoje amakipe nka Barcelona…
Read More » -
Alex Iwobi yatangaje ko aticuza kuba yaravuye mu ikipe ya Arsenal
Umukinnyi wo ku mpande mu ikipe ya Everton ndetse n’ikipe y’igihugu ya Nigeria Alex Iwobi, yatangaje ko aticuza kuba yaravuye…
Read More » -
Ikipe ya PSG yavunikishije Neymar Jr mbere yo guhura n’ikipe ya Barcelona
Ikipe ya Paris Saint- Germain yo mu gihugu cy’Ubufaransa yamaze kuvunikisha Rutahizamu Neymar Jr mbere yo guhura n’ikipe ya Barcelona…
Read More » -
Asisat Oshoala yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu myaka 10 ishize mu bagore
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona y’abagore ndetse n’ikipe y’igihugu ya Nigeriya Asisat Oshoala yatowe nk’umukinnyi mwiza ukomoka muri Afurika mu myaka…
Read More » -
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’ibarurisha mibare ku mupira w’amaguru(IFFHS)ryatoye Lionel Messi nk’umukinnyi mwiza w’imyaka 10 ishize
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ndetse n’ikipe ya Argentine Lionel Messi yamaze gutorwa nk’umukinnyi wahiZe abandi mu myaka icumi ishize, aho…
Read More » -
Nizeyimana Mirafa ukina mu kibuga hagati yamaze gusinyira ikipe ya Zanaco Fc yo mu gihugu cya Zambiya
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati Nizeyimana Mirafa wahoze mu ikipe ya Rayon Sport, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Zanaco…
Read More »