Imikino
-
Abakinnyi ba Simba SC bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo Muhamed Dewji bakunze gutazira…
Read More » -
Patrick Sibomana yatanze ikirego muri FIFA arega ikipe ya Yanga African yo muri Tanzaniya
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Police Fc, Patrick Sibomana bakunda kwita Papy, yamaze kurega ikipe ya Yanga African…
Read More » -
Umugabo akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo asa cyane na Rutahizamu Lionel Messi
Umugabo w’imyaka 27 witwa Mohammed Ibrahim Battah ukomoka mu gihugu cya Misiri, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ukuntu…
Read More » -
Benediction Ignite Club yamaze gushyira hanze abakinnyi 10 izakuramo batanu izajyana muri Tour du Rwanda
Amakipe atandukanye mu mukino w’amagare akomeje guhamagara abakinnyi bazatoranwamo abazakina Tour du Rwanda, ni muri urwo rwego Ikipe ya Benediction…
Read More » -
Kwizera Olivier ntabwo arakina umukino Amavubi arahuramo na Mozambique
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier ntabwo ari bugaragare ku mukino u Rwanda ruri bwakiremo…
Read More » -
Ikipe ya AFC Leopard yafatiwe ibihano na FIFA kubera kutishyura umukinnyi Habamahoro Vincent
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA) ryamaze gufatira ibihano bikomeye ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko…
Read More » -
CAF yahagaritse igihugu cya Chad mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroon
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF), ryamaze guhagarika ikipe y’igihugu ya Chad mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza…
Read More » -
Igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda izasubukurirwa cyamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), ryamaze kwemeza ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda izasubukurwa tariki ya 15 Mata 2021…
Read More » -
Arsenal na Manchester United zishobora guhurira kuri Final ,uko tombora ya 1/4 muri Europa League yagenze
Amakipe abiri ahora ahanganye cyane yo mu gihugu cy’Ubwongereza ariyo ikipe ya Arsenal ndetse n’ikipe ya Mnchester United zishobora guhurira…
Read More » -
Uko amakipe azahura mu mikino ya 1/4 muri UEFA Champions League byamaze kumenyekana
Mu gihugu cy’Ubusuwisi mu mujyi wa Nyon ku cyicaro cya UEFA, habereye tombola y’imikino ya ¼ cya UEFA Champions League…
Read More » -
Abakinnyi ba Simba Sc bongeye guhabwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye guhanbwa agahimbazamusyi gatubutse nyuma yuko bitwaye neza mu mikino…
Read More » -
Casa Mbungo yatowe nk’mutoza mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona ya Kenya
Umutoza Casa Mbungo Andre ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda usanzwe atoza ikipe ya Bandari Fc yo mu gihugu cya Kenya,…
Read More » -
Saido Berahino ntazitabira imikino y’ikipe y’igihugu nyuma y’uko yanduye icyorezo cya Covid-19
Rutahizamu Saido Berahino ukomoka mu gihugu cy’u Burundi ntabwo azitabira imikino y’ikipe y’igihugu cye asanzwe anabereye kapiteni nyuma y’uko bamusanzemo…
Read More » -
Volleyball: Imikino Nyafurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo yagombaga kubera mu Misiri yimuriwe muri Tuniziya
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki wa Volleyball ku mugabane wa Afurika(CAVB) ryamaze gutangaza ko irushanwa nyafurika ku makipe yabaye aya mbere iwayo…
Read More » -
Muhire Kevin na Rwatubyaye Abdul bangiwe kuza gukinira Amavubi
Rwatubyaye Abdul myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya FK Shkupi muri Macedonia hamwe n’umukinnyi wo hagati mu kibuga Muhire…
Read More » -
Real Madrid yatangaje ko Eden Hazard agiye kumara hanze y’ikibuga ukwezi kurenga kubera imvune
Ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne, yamaze gutangaza ko Rutahizamu wayo Eden Hazard ukomoka mu gihugu cy’Ububirigi…
Read More » -
Ikipe ya Etencelles yongeye kugarura Umutoza Calum Shaun Shelby wari warasezeye mu minsi ishize
Ikipe ya Etencelles ibarizwa mu Karere ka Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba, yamaze kugarura umutoza witwa Calum Shaun Shalby wari umaze…
Read More » -
Umutoza Zinedine Zidane yavuze ko atazi niba Myugariro Sergio Ramos azaguma mu ikipe yabo
Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Zinedine Zidane, yatangarije ibinyamakuru byo mu gihugu cya Espagne ko atazi neza niba Myugariro Sergio…
Read More » -
Umuherwe Dr Patrice Motsepe niwe watorewe kuyobora CAF
Umugabo witwa Dr. Patrice Motsepe usanzwe ari umuherwe ukomeye cyane mu gihugu cya Afurika y’epfo ndetse no kuri uyu mugabane…
Read More » -
Argentine: Abaturage bakomeje kwigaragambya basaba ubutabera ku rupfu rwa Diego Maradona
Mu gihugu cya Argentine mu murwa mukuru Buenos Aires, abaturage ibihumbi n’ibihumbi bakomeje imyigaragambyo basabira ubutabera icyamamare mu mupira w’amaguru…
Read More » -
Ferwafa yandikiye amakipe ibibutsa ibijyanye no kwirinda icyorezo cya Coronavirus
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, yamaze kwandikira amakipe yo mu cyiciro cya mbere yose ibibutsa amabwiriza ajyanye no kwirinda…
Read More » -
Ikipe ya APR Fc yohererejwe ubutumire na FC Zurich isabwa umukinnyi Byiringiro Lague
Ikipe ya FC Zurich yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubusuwisi, yamaze kwandikira ibaruwa ikipe ya APR Fc ibasako…
Read More » -
Umugabo witwa Joan Laporta niwe watorewe kuyobora ikipe ya Barcelona
Umugabo w’imyaka 58 ukomoka mu gihugu cya Espagne witwa Joan Laporta niwe watorewe kuyobora ikipe ya Barcelona mu matora yabaye…
Read More » -
Rutahizamu Lionel Messi nawe yatoye Perezida ugomba kuyobora ikipe ya Barcelona
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi, ni umwe mu bitabiriye amatora ya Perezida w’iyi…
Read More » -
Lionel Messi yatowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi, niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona…
Read More » -
Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 31 bagomba kwitegura Mozambique na Cameroon
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent, yamaze guhamagara abakinnyi 31 bagomba gutangira umwiherero bitegura imikino ibiri yo guhatanira itike yo…
Read More » -
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yamaze gusesekara mu gihugu cya Misiri
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’amagare yamaze gusesekara mu gihugu cya Misiri, ikaba igiyeyo kwitabira shampiyona ya Afurika y’umukino w’amagare…
Read More » -
Aubameyang yafashize Arsenal kubona insinzi nyuma yo gutsinda Hatrick ya mbere muri Premier League
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashize iyi kipe kwegukana amanota atatu…
Read More » -
Pep Guardiola yatowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Mutarama muri shampiyona ya y’Abongereza
Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola ukomoka mu gihugu cya Espagne mu ntara ya Catalonya, watoje amakipe nka Barcelona…
Read More » -
Alex Iwobi yatangaje ko aticuza kuba yaravuye mu ikipe ya Arsenal
Umukinnyi wo ku mpande mu ikipe ya Everton ndetse n’ikipe y’igihugu ya Nigeria Alex Iwobi, yatangaje ko aticuza kuba yaravuye…
Read More » -
Ikipe ya PSG yavunikishije Neymar Jr mbere yo guhura n’ikipe ya Barcelona
Ikipe ya Paris Saint- Germain yo mu gihugu cy’Ubufaransa yamaze kuvunikisha Rutahizamu Neymar Jr mbere yo guhura n’ikipe ya Barcelona…
Read More » -
Asisat Oshoala yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu myaka 10 ishize mu bagore
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona y’abagore ndetse n’ikipe y’igihugu ya Nigeriya Asisat Oshoala yatowe nk’umukinnyi mwiza ukomoka muri Afurika mu myaka…
Read More » -
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’ibarurisha mibare ku mupira w’amaguru(IFFHS)ryatoye Lionel Messi nk’umukinnyi mwiza w’imyaka 10 ishize
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ndetse n’ikipe ya Argentine Lionel Messi yamaze gutorwa nk’umukinnyi wahiZe abandi mu myaka icumi ishize, aho…
Read More » -
Nizeyimana Mirafa ukina mu kibuga hagati yamaze gusinyira ikipe ya Zanaco Fc yo mu gihugu cya Zambiya
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati Nizeyimana Mirafa wahoze mu ikipe ya Rayon Sport, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Zanaco…
Read More » -
Myugariro Nirisarike Salomon yamaze gutandukana n’ikipe ya Fc Pyunik yo muri Arumeniya
Umunyarwanda usanzwe ukina nka Myugariro mu mutima w’ubwugarizi Nirisarike Salomon yamaze gutandukana n’ikipe ya Fc Pyunik yo mu gihugu cya…
Read More » -
Andre Onana yamaze guhagarikwa umwaka wose adakina umupira w’amaguru
Umunyezamu w’ikipe ya Ajax yo mu buholandi ndetse n’ikipe y’igihugu ya Cameroon Andre Onana yamaze guhagarikwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku…
Read More » -
Nyuma yo gutsinda igitego akambara nkuko yavutse yamaze guhanishwa imikino 8 adakina
Mu gihugu cya Brazil haravugwa amakuru y’umukinnyi witwa Emerson Carioca wahanwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri kiriya gihugu, kubera ukuntu yishimiye…
Read More » -
Habamahoro Vicent yatsinze urubanza yari yarezemo AFC Leopards yo muri Kenya
Umukinnyi w’umunyarwanda Habamahoro Vicent usanzwe akinira ikipe ya Kiyovu Sport nyuma yo kuva mu gihugu cya Kenya, yatsinze urubanza yari…
Read More » -
Dore zimwe muri Derby zikomeye cyane mu mupira w’amaguru kw’isi
Imikino izwi nka Derby ni imikino ikunzwe guhuza amakipe aturanye cyangwa se ayandi makipe ahora ahanganye buri kipe yumva ko…
Read More » -
Twitege iki kw’ikipe y’igihugu Amavubi yashyiriweho agahimbazamusyi karemereye
Mu gihugu cya Cameroon hakomeje kubera imikino y’irushanwa rya CHAN ku bakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, aho ikipe y’igihugu…
Read More » -
KNC Perezida wa Gasogi United yashyiriyeho intego Amavubi naramuka atsinze Maroc
Perezida w’ikipe ya Gasogi United Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yamaze gushyiriraho intego abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse na Staff yose,…
Read More » -
Ikipe ya Kiyovu Sport yamaze guha ikaze Rutahizamu Ishimwe Kevin
Rutahizamu wataka aciye mu mpande z’ikibuga Ishimwe Kevin wari usanzwe akinira ikipe ya APR Fc, yamaze guhabwa ikaze mu ikipe…
Read More » -
Ikipe ya APR Fc yamaze gutiza Rutahizamu Ishimwe Kevin
Rutahizamu usatira aca ku mpande Ishimwe Kevin wari usanzwe akinira ikipe ya APR Fc, yamaze gutizwa ikipe ya Kiyovu Sport…
Read More » -
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi yamaze guhagarikwa imikino ibiri
Rutahizamu Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentine usanzwe ukinira ikipe ya Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, yamaze guhagarikwa…
Read More » -
Federasiyo y’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA yagize Moïse Mutokambali Umuyobozi ushinzwe Tekiniki
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA , ryamaze gushyiraho umuyobozi ushinzwe Tekiniki uwo ntawundi ni Moïse Mutokambali wari usanzwe…
Read More » -
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryamaze kwimura Tour du Rwanda ya 2021
Muri iyi minsi icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza umurego hano mu Rwanda, byanatumye ibintu byinshi bihagarikwa ibindi birasubikwa. Ni nayo…
Read More » -
Ikipe ya Kiyovu Sport yamaze gusubika amasezerano y’abakozi bayo
Nyuma y’uko Minisiteri ya siporo mu Rwanda ifashe umwanzuro wo guhagarika Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Mupira w’amaguru mu Rwanda,…
Read More » -
Bruno Fernandez niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kw’Ukuboza kwa 2020
Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka mu gihugu cya Portugal usanzwe akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’ubwongereza…
Read More » -
Lionel Messi ayoboye urutonde rw’abakinnyi beza mu kurema uburyo bwinshi bw’ibitego mu myaka 10 ishize
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ukomoka mu gihugu cya Argentine Lionel Messi, niwe washyize ku mwanya wa mbere nk’umukinnyi wahize abandi…
Read More » -
Myugariro Rob Holding yongereye amasezerano mu ikipe ya Arsenal azamugeza muri 2024
Myugariro Rob Holding ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yongereye amasezerano muri iyi kipe azamugeza mu mwaka…
Read More »