-
Imikino
Ese twitege iki ku cyicaro cya FIFA kigiye kuza mu Rwanda?
Mu nama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wejo kuwa mbere tariki ya 4 Mutarama 2021, hafatiwemo ibyemezo bitandukanye birimo ibijyanye n’icyorezo…
Read More » -
Amakuru
Abantu batandatu bo mu muryango umwe bapfuye bishwe n’abantu batari bamenyekana
Mu gihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi, mu ntara ya Karusi, mu gace kitwa Buhiga, abantu bataramenyekana bateye urugo rw’uwita Mpfayokurera Donatien…
Read More » -
Imikino
Pele yanyomoje abavuga ko Christiano Ronaldo yamaze kumucaho mu bamaze gutsinda ibitego byinshi mu mateka ya Ruhago
Ikirangirire mu mupira w’amaguru kw’isi Pele ukomoka mu gihugu cya Brazil , yanyomoje amakuru yakomeje gucicikana avuga ko Christiano Ronaldo…
Read More » -
Imikino
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru Ferwafa ryamaze gutangaza ingengo y’imari bazakoresha muri uyu mwaka
Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2021, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa batangaje ingengo y’imari bazakoresha muri…
Read More » -
Imikino
Mauricio Pochettino yamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya PSG
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Argentine Mauricio Pochettino ,wari umaze igihe nta kazi afite nyuma yo kuva mu ikipe ya…
Read More » -
Ubuzima
Dore impamvu z’ingenzi zigaragaza ko tugomba kubira ibyuya kenshi
Kubira ibyuya ku Bantu n’ibintu bibaho cyane, nk’igihe umuntu ari gukora siporo , kugenda urugendo rurerure , gukora imirimo isaba…
Read More » -
Imikino
Abaganga b’ikipe ya Barcelona batangaje ko Coutinho agiye kumara amezi 5 hanze y’ikibuga
Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka mu gihugu cya Brazil Philippe Coutinho , usanzwe akinira ikipe ya Barcelona, agiye kumara…
Read More » -
Imikino
Cassa Mbungo Andre yamaze kugirwa umutoza mushya wa Bandari Fc
Umutoza w’umunyarwanda Cassa Mbungo Andre wari usanzwe atoza ikipe ya Gasogi United, yamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya Bandari Fc…
Read More » -
Imikino
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Edison Cavani yamaze guhagarikwa imikino itatu
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uruguay usanzwe akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’ubwongereza Edison Cavani, yamaze guhagarikwa…
Read More » -
Imikino
Nyuma y’imikino itatu gusa Mukura vs yamaze kwirukana uwari usanzwe ari umutoza wayo
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Algerie wari usanzwe atoza ikipe ya Mukura vs Bahloul Djilali, yamaze kwirukanwa Nyuma y’imikino itatu…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyo abakundana bakwiye gukora muri iki gihe turimo gusoza umwaka
Mu gihe habura amasaha macye kugirango dusoze umwaka wa 2020, abakundana bagakwiye kwicara bagasuzuma ibyo banyuzemo muri uyu mwaka ndetse…
Read More » -
Imikino
Amavubi yamaze gutegurirwa imikino ya gicuti mbere yo kwerekeza mu mikino ya CHAN
Mu kwezi gutaha tariki ya 16 Mutarama , mu gihugu cya Cameroon hateganijwe kubera igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bakinnyi…
Read More » -
Ubuzima
Abantu 86 bamaze guhitanwa na coronavirus, Ese biraterwa n’iki kugirango iki icyorezo gikomeze kwiyongera mu Rwanda?
Umwaka wa 2020 watangiye neza ndetse ntakibazo ntakimwe gihari ,abantu bishimye ibintu byose bimeze neza cyane, abantu basabana nkuko byari…
Read More » -
Imikino
Ese ikibazo cy’irangira ry’ingengo y’imari mu ikipe ya Musanze Fc mu ntangiriro za shampiyona gihagaze gute?
Ntabwo bikunze kugaragara cyane ko ingengo y’imari mu makipe ishobora kurangira shampiyona igitangira, kuko amakipe menshi aba afite uburyo bwinshi…
Read More » -
Imikino
Umutoza wa Barcelona Ronald Koeman yavuze ko abona bigoye kuzatwara shampiyona uyu mwaka
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’ubuholandi usanzwe atoza ikipe ya Fc Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, uwo ntawundi ni Ronald…
Read More » -
Ubuzima
Coronavirus: Leta iraburira abacuruza inzoga mu bikombe by’icyayi
Umuyobozi wa police Muri Afrika y’epfo yaburiye za Restaurants ababuza kudahisha ibisindisha mu bikombe by’icyayi ko bishobora kubaviramo kwamburwa ibyangombwa…
Read More » -
Imikino
Seninga Innocent utoza ikipe ya Musanze Fc yamaze kurekurwa
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent wari umaze igihe kigera ku minsi itanu mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano yamaze…
Read More » -
Imikino
Atletico Madrid yamaze kwemerera Diego costa kuzishakira indi kipe mu kwezi kwa mbere
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Brasil ariko akaba afite ubwenegihugu bwa Espagne Diego Costa, yamaze kumvikana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Atletico…
Read More » -
Ubuzima
Dore ubwoko bw’amafunguro ashobora gufasha umwana muto kongera ubwenge
Ku babyeyi bibaza indyo ikwiye kugaburirwa umwana ukiri muto kugira ngo ubwonko bwe burusheho gukura no gukora neza, dore amwe…
Read More » -
Imikino
Nyuma ya Thiago Alcantara ikipe ya Liverpool yamaze gusinyisha rutahizamu Diogo Jota
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe ukinira ikipe ya Wolves yo mu gihugu cy’Ubwongereza Diogo Jota, yamaze kugurwa…
Read More » -
Imikino
Bertrand Traore yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa
Rutahizamu wo mu mpande Bertrand Traore ukomoka mu gihugu cya Burkinafaso, wari usanzwe akinira ikipe ya Lyon yo mu gihugu…
Read More » -
Udushya
Umugore yibagishije amabere inshuro zirenga eshatu kugirango abe umunyamideli
Mu gihugu cy’Ubwongereza haravugwa umugore witwa Parker Leia ufite imyaka 25, usanzwe atuye mu majyepfo yicyo gihugu ,wibagishije inshuro zirenga…
Read More » -
Imikino
Thiago Alcantara yamaze kuba umukinnyi mushya w’ikipe ya liverpool
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Thiago Alcantara ukomoka mu gihugu cya Brazil, ariko akaba akinira ikipe y’igihugu ya Espagne, yamaze…
Read More » -
Imikino
UEFA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bazavamo abazahabwa ibihembo uyu mwaka rutarimo Christiano na Messi
Buri mwaka ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(Uefa),ritanga ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza kurusha abandi ku mugabane w’iburayi, bikaba ariko…
Read More » -
Imikino
Urutonde rw’abakinnyi 6 banyaruka cyane kurusha abandi ku isi muri 2020
Uru ni urutonde rw’abakinnyi bagera kuri batandatu banyaruka cyane ndetse bafite umuvuduko munini kurusha abandi bose muri uyu mwaka wa…
Read More » -
Imikino
Emiliano Martinez wari umuzamu w’ikipe ya Arsenal yasinye mu ikipe ya Aston Villa
Umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Argentine Emiliano Martinez wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa…
Read More » -
Imyidagaduro
Ubutumwa Wizkid yashyize hanze ntabwo bwakiriwe neza n’abakunzi ba Davido
Icyamamare mu Muziki muri Nigeria ndetse na Afurika yose muri rusange, yagiranye ubushyamirane n’abakunzi b’Umuhanzi Davido, nyuma y’ubutumwa yashyize hanze…
Read More » -
Imikino
Kapiteni Aubameyang yongereye amasezerano mu ikipe ya Arsenal
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe ari Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, yamaze kongera amasezerano y’imyaka itatu azamugeza mu mwaka…
Read More » -
Imikino
Miralem Pijanic yamaze kwerekwa itangazamakuru ahita anahabwa nimero 8 muri Barcelona
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Miralem Pijanic ukomoka mu gihugu cya Bosnia , uherutse kugurwa n’ikipe ya Barcelona imukuye mu…
Read More » -
Imikino
Jack Grealish wifuzwaga na Manchester united ndetse na Arsenal yongereye amasezerano muri Aston Villa
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Jack Grealish, usanzwe akinira ikipe ya Aston Villa muri Premier league ndetse akaba anayibereye Kapiteni,…
Read More » -
Imikino
Misiri yamaze kwemezwa ko ariyo izakira imikino ya Basketball mu batarengeje imyaka 18
Igihugu cya Misiri nicyo cyamaze kwemezwa ko aricyo kigomba kwakira imikino ya Basketball y’abakinnyi batarengeje imyaka 18, haba mu bagore…
Read More » -
Imikino
Lionel Messi yamaze kuba Umukinnyi wa Kabiri w’umupira w’amaguru utunze Miliyari y’amadorari
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentine, yamaze kuba umukinnyi wa kabiri w’umupira w’amaguru ugejeje Ku …
Read More » -
Amakuru
Umugore watekeraga kanyanga iwe mu rugo yafashwe n’inzego z’umutekano
Umugore witwa Mukamusoni w’imyaka 50 utuye mu karere ka Kirehe, Umurenge wa Mushiriki, Akagali ka Rugarama mu Mudugudu wa Kamasharavu,…
Read More » -
Amakuru
Umugabo yafatanwe amakarita ya banki (ATM cards) 2886 ashaka kuyambutsa igihugu
Umugabo witwa Aboubakar Ishaq wari uturutse muri Nigeriya yerekeza mu mujyi wa Dubai, yafashwe n’inzengo zishinzwe Gasutamo, akaba yafatanwe amakarita…
Read More » -
Udushya
Umugabo warishaga amazirantoki umugati yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano
Umugabo witwa Emmanuel Edgu ukomoka mu gihugu cya Nigeria mu gace ka Oyo muri leta ya Oyo, yafashwe na polisi…
Read More » -
Amakuru
Ikipe ya As Kigali yaba igiye kwibikaho Myugariro Bayisenge Emery
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Bayisenge Emery, wari usanzwe akinira ikipe ya Saif Sporting Club yo mu gihugu cya Bangladesh, mu…
Read More » -
Amakuru
Gasabo: Abarimu bo mu mashuri yigenga baratakamba bibaza aho inkunga bagenewe n’Ubushinwa yaheze
Nyuma yaho igihugu cy’Ubushinwa gitanze inkunga yo kugoboka abarimu bagizweho ingaruka na Covid-19, binyuze mu muryango w’abanyarwanda bize mu gihugu…
Read More » -
Amakuru
Kubera gukunda cyane Putin byari bitumye Miss Vanessa yiyahura umuvandimwe we arahagoboka
Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015,ku munsi wo kuwa mbere yatangaje ko…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyagufasha kudahora mu ntonganya n’umukunzi wawe buri gihe
Mu rukundo ntihashobora kubura igituma abakundana batongana, bakarakaranya hahandi ubona ko ibintu bitameze neza, kuko ntabwo burya uko mubona ibintu…
Read More » -
Amakuru
Abahiritse ubutegetsi muri Mali bahawe icyumweru kimwe kuba bamaze gushyiraho perezida w’umusivili
Abasirikare bakuye perezida wa Mali kubutegetsi mu kwezi gushize bahawe kugeza ku itariki ya 15 y’uku kwezi kwa cyenda ngo …
Read More » -
Imikino
James Rodriguez wakiniraga Real Madrid yamaze kugurwa n’ikipe ya Everton
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombiya, James Rodriguez wari usanzwe akinira ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne,…
Read More » -
Imikino
Los Angeles Lakers yatsinze umukino wa mbere muri NBA Playoffs
Muri shampiyona ya Basketball muri Leta Z’unze ubumwe z’Amerika(NBA), hakomeje kuba imikino ya Playoffs ihuza amakipe yitwaye neza kurusha ayandi…
Read More » -
Amakuru
Gasabo: Abarenga batanu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amasanduka
Kuwa 06 nzeri mu irimbi rya Nyagatovu riherereye mu murenge wa kimironko akarere ka Gasabo abantu batanu basanzwe baryamye mwirimbi…
Read More » -
Imikino
Abandi bakinnyi batatu bagaragaweho Covid-19 muri Paris Staint Germain
Nyuma yaho abakinnyi barimo Angel Dimaria, Neymar Junior ndetse na Leandro Paredes basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, kuri ubu hakaba hamaze…
Read More » -
Imikino
Gasogi United yasinyishije Tuyinge Hakim wakiniraga ikipe ya Etencelles
Ikipe ya Gasogi United ikomeje kwigaragaza cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yamaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi Tuyisenge Hakim bakunze…
Read More » -
Imikino
Arsenal yongeye gutizwa umukinnyi Dani Ceballos ku nshuro ya kabiri
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Dani Ceballos ukomoka mu gihugu cya Espagne, usanzwe ari umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid, yongeye…
Read More » -
Amakuru
Menya abakuru b’ibihugu by’Afurika bashaje kuruta abandi
Muri afurika hakunze kugaragara ikintu cyo kwanga kurekura ubutegetsi kwa bamwe mu bakuru b’ibihugu, cyane cyane ko bamwe baba bumva…
Read More » -
Amakuru
Kubuzwa gushyingiranwa byatumye umusore n’umukobwa biyahura barapfa
kubera gukundana byakataraboneka hagati y’umusore n’umukobwa bari bamaranye igihe nkuko amakuru abivuga nyuma bakaza kwangirwa kubana byatumye aba bombi biyahura…
Read More » -
Imikino
Ubuyozi bwa Rayon sport bwandikiye Ferwafa busaba ko ikipe yabo ariyo yasohokera iguhugu
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon sport bwamaze gushyikiriza ibaruwa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, busaba ko ikipe yabo ya Rayon…
Read More » -
Amakuru
Zambiya: Umugabo yasabwe gatanya n’umugore we kubera guhora yifuza kuryamana nawe yambaye imyenda ya polisi
Umugabo wo mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambiya, yasabwe gatanya n’umugore we usanzwe ari umupolisikazi muri polisi yo…
Read More »