Imikino
-
Rutahizamu Byiringiro League yamaze gusinyira FC Zurich yo mu Busuwisi
Rutahizamu wo ku mpande Byiringiro Lague usanzwe akinira ikipe ya APR Fc ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, yamaze gusinyira…
Read More » -
Minisiteri ya Siporo yemereye abafana kuzareba imikino ya BAL muri Kigali Arena
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda, yatangaje ko abafana bifuza kuzareba imikino y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL), bazabyemerwa ariko babanje…
Read More » -
Inshamake: Amakuru y’imikino akomeje kuvugwa ku mugabane w’iburayi
Uyu munsi tugiye kurebera hamwe amakuru akomeje kugenda avugwa mu binyamakuru bitandukanye mu mikino ku mugabane w’iburayi. Ikipe ya Inter…
Read More » -
Ferwaba yagaragaje amatariki y’igihe shampiyona ya Basketball mu Rwanda izatangirira
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (Ferwaba), yamaze gushyira hanze amatariki Shampiyona y’uyu mukino muri uyu mwaka izatangiriraho haba mu…
Read More » -
Myugariro Munezero Fiston yirukanwe mu mwiherero w’ikipe ya Kiyovu Sport
Umukinnyi ukina yugarira izamu mu ikipe ya Kiyovu Sport witwa Munezero Fiston, yamaze kwirukanwa mu mwiherero w’iyi kipe y’urucaca aho…
Read More » -
Police Fc yabonye amanota atatu bigoranye imbere ya Musanze Fc
Ikipe ya Police Fc yatsinze bigoranye ikipe ya Musanze Fc yo mu ntara y’amajyaruguru ibitego 2-1, mu mukino wa shampiyona…
Read More » -
Umwaka w’imfabusa ku ikipe ya Arsenal nyuma yo gusezererwa muri Europa League
Ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yaraye isezerewe mu mikino ya ½ cya Europa League n’ikipe ya Villarreal yo…
Read More » -
Umufaransa witwa Valentin Ferron niwe wegukanye etape ya kane ya Tour du Rwanda
Etape ya kane muri Tour du Rwanda 2021 yavaga mu mujyi wa Kigali yerekeza mu karere ka Musanze ku ntera…
Read More » -
Ikipe ya Kiyovu Sport yamaze kubona umutoza mushya usimbura Karekezi Olivier
Ikipe ya Kiyovu Sport bakunze kwita urucaca nyuma yo kwirukana uwari umutoza mukuru wayo Karekezi Olivier bamushinja kwitwara nabi, iyi…
Read More » -
Biravugwa: Seninga Innocent ashobora kwirukanwa mu gihe yaba atsinzwe n’ikipe ya Etencelles uyu munsi
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent ashobora guhambirizwa muri iyi kipe, mu gihe yaramuka atsinzwe umukino wuyu munsi ikipe…
Read More » -
Calum Shaun Shelby watozaga ikipe ya Etencelles yamaze gutandukana nayo
Ikipe ya Etencelles yo mu Karere ka Rubavu, yamaze gutandukana n’uwari usanzwe ari umutoza mukuru wayo Calum Shaun Selby ukomoka…
Read More » -
Umutoza Karekezi Olivier yamaze gutandukana n’ikipe ya Kiyovu Sport
Ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 2 Gicurasi 2021, nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sport bwatangaje ko bwamaze…
Read More » -
Sanchez Brayan ukomoka muri Colombia niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2021
Kuri uyu munsi tariki ya 2 Gicurasi 2021 nibwo hatangiye isiganwa rya Tour du Rwanda 2021, Etape ya mbere Kigali-Rwamagana…
Read More » -
Kiyovu Sport yahakanye amakuru avuga ko yirukanye umutoza Karekezi Olivier
Ikipe ya Kiyovu Sport bakunze kwita urucaca, yamaze guhakana amakuru yabyutse avugwa mu binyamakuru ndetse n’ahandi hatandukanye, yavugaga ko umutoza…
Read More » -
ikipe ya Rutsiro Fc itsinze Kiyovu Sport mu mukino ufungura shampiyona
Umukino wa mbere ufungura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Primus National League) wahuzaga ikipe ya Rutsiro Fc yari yakiriyemo…
Read More » -
Dore uko tombora yagenze muri 1/4 cya CAF CL na CAF CC
Kuri uyu munsi tariki ya 30 Mata 2021 mu gihugu cya Misiri mu murwa mukuru Cairo, habereye tombora y’uko amakipe…
Read More » -
Ferwafa na Bralirwa bashyize hanze ikirango kizaranga shampiyona y’u Rwanda
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ku bufatanye n’umuterankunga mukuru wa Shampiyona Bralirwa, bamaze gushyira hanze ikirango kizaba kiranga shampiyona…
Read More » -
FIFA yategetse ikipe ya AFC Leopard kwishyura umutoza Cassa Mbungo Andre
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA), ryamaze kubwira ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya ko igomba kwishyura umwenda…
Read More » -
Julian Nagelsmanns yemejwe nk’uzasimbura umutoza Hansi Flick mu ikipe ya Bayern Munich
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubudage Julian Nagelsmanns wari usanzwe atoza ikipe RB Leipzig yo muri icyo gihugu, yamaze kugirwa umutoza…
Read More » -
Ikipe ya AS Kigali yanyagiye ikipe ya Sunrise Fc mu mukino wa gicuti
Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Mata 2021, kuri Stade Amahoro I Remera hari harimo kubera umukino wa gicuti…
Read More » -
Ubwandu bwinshi bwa Covid-19 bwagaragaye mu ikipe ya AS Muhanga
Ikipe ya AS Muhanga isanzwe ibarizwa mu Karere ka Muhanga mu ntara y’amajyepfo, yagaragayemo ubwandu bwinshi bw’icyorezo cya Coronavirus aho…
Read More » -
Ikipe ya Rayon Sport yasinyishije umukongomani Heritier Nziga Luvumbu
Rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Heritier Nziga Luvumbi, yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sport amasezerano y’amezi…
Read More » -
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Muhire Kevin yamaze gusinyira Rayon Sport
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Muhire Kevin usanzwe ukina mu kibuga hagati, yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sport igihe kingana n’amezi…
Read More » -
Ikipe ya Gorilla FC yandikiye Musanze Fc ibatira umunyezamu Shema Innocent
Ikipe ya Gorilla FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda binyuze mu buyobozi bw’iyi kipe, bamaze kwandikira ibaruwa ikipe…
Read More » -
Rutahizamu Zlatan Ibrahomovic yongereye amasezereno y’umwaka umwe mu ikipe ya AC Milan
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic w’imyaka 39 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Sweden, yamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya AC…
Read More » -
Ferwafa yagaragaje ingengebihe y’uburyo amakipe azahura muri shampiyona
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ryamaze gushyira hanze ingengabihe y’uburyo shampiyona izakinwa haba uburyo amakipe azahura ndetse naho imikino…
Read More » -
Mesut Ozil yagaragaje ko adashyigikiye irushanwa rya European Super League
Umukinnyi Mesut Ozil ukomoka mu gihugu cya Turkey wahoze akinira ikipe ya Arsenal mbere yo kwerekeza mu ikipe ya Fenerbahce…
Read More » -
Jose Mourinho watozaga ikipe ya Tottenham Hotspurs yamaze kwirukanwa
Umutoza Jose Mourinho ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe atoza ikipe ya Tottenham Hotspurs yo mu gihugu cy’ubwongereza, yamaze…
Read More » -
Rutahizamu Erling Braut Haaland yongeye kunyeganyeza inshundura nyuma y’imikino myinshi adatsinda
Rutahizamu Erling Braut Haaland w’imyaka 20 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Norvege usanzwe akinira ikipe ya Borussia Dortumund yo mu…
Read More » -
Ikipe ya Norwich City yamaze kongera kuzamuka muri Premier League
Uyu munsi tariki ya 17 Mata 2021 nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Norwich City yari isanzwe ikina shampiyona y’icyiciro cya…
Read More » -
Ferwafa yandikiye abanyamuryango bayo ibatumira mu nama y’inteko rusange idasanzwe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, ryamaze gutanga ubutumire ku banyamuryango bose bagize iri shyirahamwe kugirango bazitabire inama y’inteko…
Read More » -
Malaria yatumye Aubameyang atitabira imikino ikipe ya Arsenal iheruka gukina
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashwe n’indwara ya Malaria yanatumye atitabira…
Read More » -
Rtd Gen Sekamana Jean Damascene wari usanzwe ayobora Ferwafa yeguye
Uwari usanzwe ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), Bwana Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène yamaze kwegura kuriyo…
Read More » -
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rigiye kongera gufungurwa
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kw’isi FIFA yaryemereye kongera gufungura isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi…
Read More » -
Umukinnyi wahoze akinira Southampton yakatiwe imyaka ibiri kubera gutesha umutwe umugore bahoze bakundana
Umugabo witwa Shayne Bradley w’imyaka 41 wahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Southampton yo mu gihugu cy’Ubwongereza, urukiko rwamukatiye gufungwa imyaka…
Read More » -
Thomas Tuchel utoza Chelsea niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe
Umutoza w’ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’Ubwongereza Thomas Tuchel ukomoka mu gihugu cy’Ubudage, niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe…
Read More » -
Ikipe ya Musanze Fc yandikiye FERWAFA isaba gusubukura imyitozo
Nyuma y’uko Komisiyo ya Ferwafa ikomeje kugenda isura amakipe atandukanye yo mu cyiciro cya mbere ngo irebe niba yujuje ibisabwa…
Read More » -
Abakinnyi ba Simba SC bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye kwemererwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo Muhamed Dewji bakunze gutazira…
Read More » -
Patrick Sibomana yatanze ikirego muri FIFA arega ikipe ya Yanga African yo muri Tanzaniya
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Police Fc, Patrick Sibomana bakunda kwita Papy, yamaze kurega ikipe ya Yanga African…
Read More » -
Umugabo akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo asa cyane na Rutahizamu Lionel Messi
Umugabo w’imyaka 27 witwa Mohammed Ibrahim Battah ukomoka mu gihugu cya Misiri, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ukuntu…
Read More » -
Benediction Ignite Club yamaze gushyira hanze abakinnyi 10 izakuramo batanu izajyana muri Tour du Rwanda
Amakipe atandukanye mu mukino w’amagare akomeje guhamagara abakinnyi bazatoranwamo abazakina Tour du Rwanda, ni muri urwo rwego Ikipe ya Benediction…
Read More » -
Kwizera Olivier ntabwo arakina umukino Amavubi arahuramo na Mozambique
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier ntabwo ari bugaragare ku mukino u Rwanda ruri bwakiremo…
Read More » -
Ikipe ya AFC Leopard yafatiwe ibihano na FIFA kubera kutishyura umukinnyi Habamahoro Vincent
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA) ryamaze gufatira ibihano bikomeye ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko…
Read More » -
CAF yahagaritse igihugu cya Chad mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroon
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF), ryamaze guhagarika ikipe y’igihugu ya Chad mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza…
Read More » -
Igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda izasubukurirwa cyamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), ryamaze kwemeza ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda izasubukurwa tariki ya 15 Mata 2021…
Read More » -
Arsenal na Manchester United zishobora guhurira kuri Final ,uko tombora ya 1/4 muri Europa League yagenze
Amakipe abiri ahora ahanganye cyane yo mu gihugu cy’Ubwongereza ariyo ikipe ya Arsenal ndetse n’ikipe ya Mnchester United zishobora guhurira…
Read More » -
Uko amakipe azahura mu mikino ya 1/4 muri UEFA Champions League byamaze kumenyekana
Mu gihugu cy’Ubusuwisi mu mujyi wa Nyon ku cyicaro cya UEFA, habereye tombola y’imikino ya ¼ cya UEFA Champions League…
Read More » -
Abakinnyi ba Simba Sc bongeye guhabwa agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe wabo
Abakinnyi b’ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzaniya bongeye guhanbwa agahimbazamusyi gatubutse nyuma yuko bitwaye neza mu mikino…
Read More » -
Casa Mbungo yatowe nk’mutoza mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona ya Kenya
Umutoza Casa Mbungo Andre ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda usanzwe atoza ikipe ya Bandari Fc yo mu gihugu cya Kenya,…
Read More » -
Saido Berahino ntazitabira imikino y’ikipe y’igihugu nyuma y’uko yanduye icyorezo cya Covid-19
Rutahizamu Saido Berahino ukomoka mu gihugu cy’u Burundi ntabwo azitabira imikino y’ikipe y’igihugu cye asanzwe anabereye kapiteni nyuma y’uko bamusanzemo…
Read More »