Imikino
-
Umutoza Antonio Conte akubiswe n’inkuba ku kibuga cya Arsenal
Umutoza w’ikipe ya Tottenham Hotspur, Antonio Conte, akubitiwe kuri Emirates Stadium n’umutoza Mikel Arteta utoza ikipe ya Arsenal. Ni mu…
Read More » -
Insinzi ikomeye ku basore b’amavubi bari munsi y’imyaka 23
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abari munsi y’imyaka 23, ikoze ibyo benshi batatekerezaga ko yakora, ni nyuma yo gusezerera iguhugu…
Read More » -
Mikel Arteta yatowe nk’umutoza w’ukwezi kwa munani muri Premier league
Umutoza mukuru w’ikipe ya Arsenal, Mikel Arteta, niwe wamaze gutorwa nk’umutoza w’ukwezi Kwa munani muri shampiyona y’igihugu y’Ubwongereza. Uyu mutoza…
Read More » -
Ikipe y’igihugu Amavubi y’abakuru yamaze guhamagarwa
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Carlos ukomoka mu gihugu cya Espagne, yamaze guhamagara abakinnyi 24 bagomba gutangira umwiherero. Iyi kipe y’igihugu…
Read More » -
Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 yahamagawe
Ikipe y’igihugu Amavubi yabari munsi y’imyaka 23 yamaze guhamagarwa kugirango bitegure imikino ibiri bazahuramo n’igihugu cya Libya. Abatoza biyi kipe…
Read More » -
Rayon Sport yongeye guha ibyishimo abakunzi bayo
Ikipe ya Rayon Sport nyuma yo gutsinda ikipe ya Police Fc mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro cya…
Read More » -
Mukwakira Jose Mourinho ntibakozwa ibyo kwirinda corona ubwo yari ageze I Roma
Muminsi Mike ishize nibwo Jose Mourinho yagizwe umutoza wa AS Roma ariko ku munsi w’ejo nibwo yageze muri uyu mujyi…
Read More » -
Biravugwa: Hakizimana Muhadjiri yateye umugongo AS Kigali yerekeza muri Police FC
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Hakizimana Muhadjiri wakiniraga ikipe ya AS Kigali biravugwa ko yaba yamaze gutera umugongo iyi kipe y’abanyamujyi…
Read More » -
Breaking News: Umutoza Seninga Innocent watozaga Musanze Fc yirukaniwe ku kibuga
Umutoza Seninga Innocent wari usanzwe ari umutoza mukuru w’ikipe ya Musanze Fc, yirukaniwe kibuga n’ubuyobozi bukuru bw’iyi kipe nyuma yo…
Read More » -
Atletico Madrid niyo yegukanye igikombe cya shampiyona ya Espagne la liga 2020-2021
Ikipe ya Atletico Madrid niyo yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere (La liga) mu gihugu cya Espagne, ni nyuma…
Read More » -
Wolverhampton yamaze kwemeza ko Nuno Espirito Santo wayitozaga agiye gutandukana nabo
Ikipe ya Wolverhampton Wanderers yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kwemeza ko uwari usanzwe ari umutoza wayo…
Read More » -
Rutahizamu Byiringiro League yagarutse mu myitozo y’ikipe ya APR Fc
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya APR Fc, Byiringiro Lague wari umaze iminsi ku mugabane w’iburayi mu gihugu cy’Ubusuwisi,…
Read More » -
Ruben Dias ukinira Manchester City yatowe nk’umukinnyi w’umwaka muri Premier League
Ishyirahamwe ry’abanyamakuru ba ruhago bandika mu gihugu cy’Ubwongereza, bamaze gutora Ruben Dias myugariro ukomoka mu gihugu cya Portugal usanzwe akinira…
Read More » -
Rutahizamu Byiringiro League yamaze gusinyira FC Zurich yo mu Busuwisi
Rutahizamu wo ku mpande Byiringiro Lague usanzwe akinira ikipe ya APR Fc ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, yamaze gusinyira…
Read More » -
Minisiteri ya Siporo yemereye abafana kuzareba imikino ya BAL muri Kigali Arena
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda, yatangaje ko abafana bifuza kuzareba imikino y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL), bazabyemerwa ariko babanje…
Read More » -
Inshamake: Amakuru y’imikino akomeje kuvugwa ku mugabane w’iburayi
Uyu munsi tugiye kurebera hamwe amakuru akomeje kugenda avugwa mu binyamakuru bitandukanye mu mikino ku mugabane w’iburayi. Ikipe ya Inter…
Read More » -
Ferwaba yagaragaje amatariki y’igihe shampiyona ya Basketball mu Rwanda izatangirira
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (Ferwaba), yamaze gushyira hanze amatariki Shampiyona y’uyu mukino muri uyu mwaka izatangiriraho haba mu…
Read More » -
Myugariro Munezero Fiston yirukanwe mu mwiherero w’ikipe ya Kiyovu Sport
Umukinnyi ukina yugarira izamu mu ikipe ya Kiyovu Sport witwa Munezero Fiston, yamaze kwirukanwa mu mwiherero w’iyi kipe y’urucaca aho…
Read More » -
Police Fc yabonye amanota atatu bigoranye imbere ya Musanze Fc
Ikipe ya Police Fc yatsinze bigoranye ikipe ya Musanze Fc yo mu ntara y’amajyaruguru ibitego 2-1, mu mukino wa shampiyona…
Read More » -
Umwaka w’imfabusa ku ikipe ya Arsenal nyuma yo gusezererwa muri Europa League
Ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yaraye isezerewe mu mikino ya ½ cya Europa League n’ikipe ya Villarreal yo…
Read More » -
Umufaransa witwa Valentin Ferron niwe wegukanye etape ya kane ya Tour du Rwanda
Etape ya kane muri Tour du Rwanda 2021 yavaga mu mujyi wa Kigali yerekeza mu karere ka Musanze ku ntera…
Read More » -
Ikipe ya Kiyovu Sport yamaze kubona umutoza mushya usimbura Karekezi Olivier
Ikipe ya Kiyovu Sport bakunze kwita urucaca nyuma yo kwirukana uwari umutoza mukuru wayo Karekezi Olivier bamushinja kwitwara nabi, iyi…
Read More » -
Biravugwa: Seninga Innocent ashobora kwirukanwa mu gihe yaba atsinzwe n’ikipe ya Etencelles uyu munsi
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent ashobora guhambirizwa muri iyi kipe, mu gihe yaramuka atsinzwe umukino wuyu munsi ikipe…
Read More » -
Calum Shaun Shelby watozaga ikipe ya Etencelles yamaze gutandukana nayo
Ikipe ya Etencelles yo mu Karere ka Rubavu, yamaze gutandukana n’uwari usanzwe ari umutoza mukuru wayo Calum Shaun Selby ukomoka…
Read More » -
Umutoza Karekezi Olivier yamaze gutandukana n’ikipe ya Kiyovu Sport
Ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 2 Gicurasi 2021, nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sport bwatangaje ko bwamaze…
Read More » -
Sanchez Brayan ukomoka muri Colombia niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2021
Kuri uyu munsi tariki ya 2 Gicurasi 2021 nibwo hatangiye isiganwa rya Tour du Rwanda 2021, Etape ya mbere Kigali-Rwamagana…
Read More » -
Kiyovu Sport yahakanye amakuru avuga ko yirukanye umutoza Karekezi Olivier
Ikipe ya Kiyovu Sport bakunze kwita urucaca, yamaze guhakana amakuru yabyutse avugwa mu binyamakuru ndetse n’ahandi hatandukanye, yavugaga ko umutoza…
Read More » -
ikipe ya Rutsiro Fc itsinze Kiyovu Sport mu mukino ufungura shampiyona
Umukino wa mbere ufungura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Primus National League) wahuzaga ikipe ya Rutsiro Fc yari yakiriyemo…
Read More » -
Dore uko tombora yagenze muri 1/4 cya CAF CL na CAF CC
Kuri uyu munsi tariki ya 30 Mata 2021 mu gihugu cya Misiri mu murwa mukuru Cairo, habereye tombora y’uko amakipe…
Read More » -
Ferwafa na Bralirwa bashyize hanze ikirango kizaranga shampiyona y’u Rwanda
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ku bufatanye n’umuterankunga mukuru wa Shampiyona Bralirwa, bamaze gushyira hanze ikirango kizaba kiranga shampiyona…
Read More » -
FIFA yategetse ikipe ya AFC Leopard kwishyura umutoza Cassa Mbungo Andre
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’isi (FIFA), ryamaze kubwira ikipe ya AFC Leopard yo mu gihugu cya Kenya ko igomba kwishyura umwenda…
Read More » -
Julian Nagelsmanns yemejwe nk’uzasimbura umutoza Hansi Flick mu ikipe ya Bayern Munich
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubudage Julian Nagelsmanns wari usanzwe atoza ikipe RB Leipzig yo muri icyo gihugu, yamaze kugirwa umutoza…
Read More » -
Ikipe ya AS Kigali yanyagiye ikipe ya Sunrise Fc mu mukino wa gicuti
Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Mata 2021, kuri Stade Amahoro I Remera hari harimo kubera umukino wa gicuti…
Read More » -
Ubwandu bwinshi bwa Covid-19 bwagaragaye mu ikipe ya AS Muhanga
Ikipe ya AS Muhanga isanzwe ibarizwa mu Karere ka Muhanga mu ntara y’amajyepfo, yagaragayemo ubwandu bwinshi bw’icyorezo cya Coronavirus aho…
Read More » -
Ikipe ya Rayon Sport yasinyishije umukongomani Heritier Nziga Luvumbu
Rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Heritier Nziga Luvumbi, yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sport amasezerano y’amezi…
Read More » -
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Muhire Kevin yamaze gusinyira Rayon Sport
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Muhire Kevin usanzwe ukina mu kibuga hagati, yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sport igihe kingana n’amezi…
Read More » -
Ikipe ya Gorilla FC yandikiye Musanze Fc ibatira umunyezamu Shema Innocent
Ikipe ya Gorilla FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda binyuze mu buyobozi bw’iyi kipe, bamaze kwandikira ibaruwa ikipe…
Read More » -
Rutahizamu Zlatan Ibrahomovic yongereye amasezereno y’umwaka umwe mu ikipe ya AC Milan
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic w’imyaka 39 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Sweden, yamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya AC…
Read More » -
Ferwafa yagaragaje ingengebihe y’uburyo amakipe azahura muri shampiyona
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ryamaze gushyira hanze ingengabihe y’uburyo shampiyona izakinwa haba uburyo amakipe azahura ndetse naho imikino…
Read More » -
Mesut Ozil yagaragaje ko adashyigikiye irushanwa rya European Super League
Umukinnyi Mesut Ozil ukomoka mu gihugu cya Turkey wahoze akinira ikipe ya Arsenal mbere yo kwerekeza mu ikipe ya Fenerbahce…
Read More » -
Jose Mourinho watozaga ikipe ya Tottenham Hotspurs yamaze kwirukanwa
Umutoza Jose Mourinho ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe atoza ikipe ya Tottenham Hotspurs yo mu gihugu cy’ubwongereza, yamaze…
Read More » -
Rutahizamu Erling Braut Haaland yongeye kunyeganyeza inshundura nyuma y’imikino myinshi adatsinda
Rutahizamu Erling Braut Haaland w’imyaka 20 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Norvege usanzwe akinira ikipe ya Borussia Dortumund yo mu…
Read More » -
Ikipe ya Norwich City yamaze kongera kuzamuka muri Premier League
Uyu munsi tariki ya 17 Mata 2021 nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Norwich City yari isanzwe ikina shampiyona y’icyiciro cya…
Read More » -
Ferwafa yandikiye abanyamuryango bayo ibatumira mu nama y’inteko rusange idasanzwe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, ryamaze gutanga ubutumire ku banyamuryango bose bagize iri shyirahamwe kugirango bazitabire inama y’inteko…
Read More » -
Malaria yatumye Aubameyang atitabira imikino ikipe ya Arsenal iheruka gukina
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashwe n’indwara ya Malaria yanatumye atitabira…
Read More » -
Rtd Gen Sekamana Jean Damascene wari usanzwe ayobora Ferwafa yeguye
Uwari usanzwe ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), Bwana Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène yamaze kwegura kuriyo…
Read More » -
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rigiye kongera gufungurwa
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kw’isi FIFA yaryemereye kongera gufungura isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi…
Read More » -
Umukinnyi wahoze akinira Southampton yakatiwe imyaka ibiri kubera gutesha umutwe umugore bahoze bakundana
Umugabo witwa Shayne Bradley w’imyaka 41 wahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Southampton yo mu gihugu cy’Ubwongereza, urukiko rwamukatiye gufungwa imyaka…
Read More » -
Thomas Tuchel utoza Chelsea niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe
Umutoza w’ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’Ubwongereza Thomas Tuchel ukomoka mu gihugu cy’Ubudage, niwe watowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Werurwe…
Read More » -
Ikipe ya Musanze Fc yandikiye FERWAFA isaba gusubukura imyitozo
Nyuma y’uko Komisiyo ya Ferwafa ikomeje kugenda isura amakipe atandukanye yo mu cyiciro cya mbere ngo irebe niba yujuje ibisabwa…
Read More »