Imikino
-
Ikipe ya As Kigali isezereye KCCA ikomeza urugendo ruyiganisha mu matsinda
Ikipe ya As Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya Caf Confederation Cup isezereye ikipe ya KCCA yo mu gihugu…
Read More » -
Ese twitege iki ku cyicaro cya FIFA kigiye kuza mu Rwanda?
Mu nama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wejo kuwa mbere tariki ya 4 Mutarama 2021, hafatiwemo ibyemezo bitandukanye birimo ibijyanye n’icyorezo…
Read More » -
Pele yanyomoje abavuga ko Christiano Ronaldo yamaze kumucaho mu bamaze gutsinda ibitego byinshi mu mateka ya Ruhago
Ikirangirire mu mupira w’amaguru kw’isi Pele ukomoka mu gihugu cya Brazil , yanyomoje amakuru yakomeje gucicikana avuga ko Christiano Ronaldo…
Read More » -
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru Ferwafa ryamaze gutangaza ingengo y’imari bazakoresha muri uyu mwaka
Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2021, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa batangaje ingengo y’imari bazakoresha muri…
Read More » -
Mauricio Pochettino yamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya PSG
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Argentine Mauricio Pochettino ,wari umaze igihe nta kazi afite nyuma yo kuva mu ikipe ya…
Read More » -
Abaganga b’ikipe ya Barcelona batangaje ko Coutinho agiye kumara amezi 5 hanze y’ikibuga
Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka mu gihugu cya Brazil Philippe Coutinho , usanzwe akinira ikipe ya Barcelona, agiye kumara…
Read More » -
Cassa Mbungo Andre yamaze kugirwa umutoza mushya wa Bandari Fc
Umutoza w’umunyarwanda Cassa Mbungo Andre wari usanzwe atoza ikipe ya Gasogi United, yamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya Bandari Fc…
Read More » -
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Edison Cavani yamaze guhagarikwa imikino itatu
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uruguay usanzwe akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’ubwongereza Edison Cavani, yamaze guhagarikwa…
Read More » -
Nyuma y’imikino itatu gusa Mukura vs yamaze kwirukana uwari usanzwe ari umutoza wayo
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Algerie wari usanzwe atoza ikipe ya Mukura vs Bahloul Djilali, yamaze kwirukanwa Nyuma y’imikino itatu…
Read More » -
Amavubi yamaze gutegurirwa imikino ya gicuti mbere yo kwerekeza mu mikino ya CHAN
Mu kwezi gutaha tariki ya 16 Mutarama , mu gihugu cya Cameroon hateganijwe kubera igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bakinnyi…
Read More » -
Ese ikibazo cy’irangira ry’ingengo y’imari mu ikipe ya Musanze Fc mu ntangiriro za shampiyona gihagaze gute?
Ntabwo bikunze kugaragara cyane ko ingengo y’imari mu makipe ishobora kurangira shampiyona igitangira, kuko amakipe menshi aba afite uburyo bwinshi…
Read More » -
Umutoza wa Barcelona Ronald Koeman yavuze ko abona bigoye kuzatwara shampiyona uyu mwaka
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’ubuholandi usanzwe atoza ikipe ya Fc Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, uwo ntawundi ni Ronald…
Read More » -
Seninga Innocent utoza ikipe ya Musanze Fc yamaze kurekurwa
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent wari umaze igihe kigera ku minsi itanu mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano yamaze…
Read More » -
Atletico Madrid yamaze kwemerera Diego costa kuzishakira indi kipe mu kwezi kwa mbere
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Brasil ariko akaba afite ubwenegihugu bwa Espagne Diego Costa, yamaze kumvikana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Atletico…
Read More » -
Nyuma ya Thiago Alcantara ikipe ya Liverpool yamaze gusinyisha rutahizamu Diogo Jota
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe ukinira ikipe ya Wolves yo mu gihugu cy’Ubwongereza Diogo Jota, yamaze kugurwa…
Read More » -
Bertrand Traore yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa
Rutahizamu wo mu mpande Bertrand Traore ukomoka mu gihugu cya Burkinafaso, wari usanzwe akinira ikipe ya Lyon yo mu gihugu…
Read More » -
Thiago Alcantara yamaze kuba umukinnyi mushya w’ikipe ya liverpool
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Thiago Alcantara ukomoka mu gihugu cya Brazil, ariko akaba akinira ikipe y’igihugu ya Espagne, yamaze…
Read More » -
UEFA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bazavamo abazahabwa ibihembo uyu mwaka rutarimo Christiano na Messi
Buri mwaka ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(Uefa),ritanga ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza kurusha abandi ku mugabane w’iburayi, bikaba ariko…
Read More » -
Urutonde rw’abakinnyi 6 banyaruka cyane kurusha abandi ku isi muri 2020
Uru ni urutonde rw’abakinnyi bagera kuri batandatu banyaruka cyane ndetse bafite umuvuduko munini kurusha abandi bose muri uyu mwaka wa…
Read More » -
Emiliano Martinez wari umuzamu w’ikipe ya Arsenal yasinye mu ikipe ya Aston Villa
Umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Argentine Emiliano Martinez wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa…
Read More » -
Kapiteni Aubameyang yongereye amasezerano mu ikipe ya Arsenal
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe ari Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, yamaze kongera amasezerano y’imyaka itatu azamugeza mu mwaka…
Read More » -
Miralem Pijanic yamaze kwerekwa itangazamakuru ahita anahabwa nimero 8 muri Barcelona
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Miralem Pijanic ukomoka mu gihugu cya Bosnia , uherutse kugurwa n’ikipe ya Barcelona imukuye mu…
Read More » -
Jack Grealish wifuzwaga na Manchester united ndetse na Arsenal yongereye amasezerano muri Aston Villa
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Jack Grealish, usanzwe akinira ikipe ya Aston Villa muri Premier league ndetse akaba anayibereye Kapiteni,…
Read More » -
Misiri yamaze kwemezwa ko ariyo izakira imikino ya Basketball mu batarengeje imyaka 18
Igihugu cya Misiri nicyo cyamaze kwemezwa ko aricyo kigomba kwakira imikino ya Basketball y’abakinnyi batarengeje imyaka 18, haba mu bagore…
Read More » -
Lionel Messi yamaze kuba Umukinnyi wa Kabiri w’umupira w’amaguru utunze Miliyari y’amadorari
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentine, yamaze kuba umukinnyi wa kabiri w’umupira w’amaguru ugejeje Ku …
Read More » -
James Rodriguez wakiniraga Real Madrid yamaze kugurwa n’ikipe ya Everton
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombiya, James Rodriguez wari usanzwe akinira ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne,…
Read More » -
Los Angeles Lakers yatsinze umukino wa mbere muri NBA Playoffs
Muri shampiyona ya Basketball muri Leta Z’unze ubumwe z’Amerika(NBA), hakomeje kuba imikino ya Playoffs ihuza amakipe yitwaye neza kurusha ayandi…
Read More » -
Abandi bakinnyi batatu bagaragaweho Covid-19 muri Paris Staint Germain
Nyuma yaho abakinnyi barimo Angel Dimaria, Neymar Junior ndetse na Leandro Paredes basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, kuri ubu hakaba hamaze…
Read More » -
Gasogi United yasinyishije Tuyinge Hakim wakiniraga ikipe ya Etencelles
Ikipe ya Gasogi United ikomeje kwigaragaza cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yamaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi Tuyisenge Hakim bakunze…
Read More » -
Arsenal yongeye gutizwa umukinnyi Dani Ceballos ku nshuro ya kabiri
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Dani Ceballos ukomoka mu gihugu cya Espagne, usanzwe ari umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid, yongeye…
Read More » -
Ubuyozi bwa Rayon sport bwandikiye Ferwafa busaba ko ikipe yabo ariyo yasohokera iguhugu
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon sport bwamaze gushyikiriza ibaruwa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, busaba ko ikipe yabo ya Rayon…
Read More » -
Amakipe azahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika yamaze kumenya amatariki azakiniraho
Amakipe abiri ariyo ikipe ya APR fc ndetse n’ikipe ya As Kigali zizahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika , yamaze…
Read More » -
Thomas Partey yamaze gusaba Atletico Madrid kumureka akajya muri Arsenal
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Atletico Madrid ndetse n’ikipe y’igihugu ya Ghana Thomas Partey, yamaze kubwira ubuyobozi…
Read More » -
Donny Van de Beek yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester united
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima mu ikipe…
Read More » -
Arsenal yamaze gutandukana burundu n’umukinnyi Henrikh Mkhitaryan
Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, ariko akaba yari yaratijwe mu ikipe ya As Roma yo mu…
Read More » -
Van de Beek yamaze kumvikana n’ikipe ya Manchester United
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze kwemeranya n’ikipe ya Manchester united…
Read More » -
Mikel Arteta yongeye gutangaza ko afite ikizere ko Aubameyang azongera amasezerano
Nyuma y’umukino ikipe ya Arsenal yatsinzemo ikipe ya Liverpool kuri penaliti, maze ikegukana igikombe cya Community Shield, umutoza Mikel Arteta…
Read More » -
Harry Maguire yatangaje ko yari afite ubwoba bwinshi ubwo yari afungiwe mu Bugereki
Nyuma y’uko Myugariro w’ikipe ya Manchester united ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Maguire yari yafatiwe mu gihugu cy’Ubugereki , yavuze…
Read More » -
Migi wavugwaga muri Namungo Fc yongereye amasezerano mu ikipe ya KMC
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati, Mugiraneza Jean Baptiste Migi wari warasoje amasezerano mu ikipe ya KMC , yamaze kuyongera.…
Read More » -
Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane yasinyishije Myugariro Ben Chilwell
Ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, mu mujyi wa London, ikomeje kwiyubaka mu buryo bukomeye cyane, kuri ubu yamaze…
Read More » -
Bidasubirwaho Willian yamaze kuba umukinnyi w’ikipe ya Arsenal
Nkuko ikipe ya Arsenal yamaze kubitangaza, umukinnyi Willian da Silva wari usanzwe akinira ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku…
Read More » -
Ikipe ya Juventus ngo yiteguye kurekura umukinnyi wayo Aaron Ramsey
Nkuko ikinyamakuru Sky Italia cyabitangaje, ikipe ya Juventus ngo yiteguye kugurisha umukinnyi wayo wo hagati mu kibuga Aaron Ramsey, kuko…
Read More » -
Juventus nyuma yo kwirukana Maurizio Sari yamaze kubona umutoza mushya
ikipe ya Juventus nyuma y’uko isezerewe n’ikipe ya Lyon mu mikino ya Uefa Champions league, yahise yirukana umutoza Maurizio Sari…
Read More » -
Bidasubirwaho Muhadjiri Hakizimana n’umukinnyi wa As Kigali
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yamaze gusinyira AS Kigali amasezerano y’umwaka umwe, ni nyuma yo gutera umugongo Rayon Sports yamwifuzaga. Hashize amezi…
Read More » -
Amatariki y’igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda izatangirira yamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(Ferwafa) ryamaze gutangaza ko shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda icyiciro cya mbere mu bagabo izatangira mu…
Read More » -
Manchester city yamaze gusinyisha Ferran Torres wakiniraga Valencia
Ikipe ya Manchester city yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi ukina ku mpande, Ferran Torres, wari usanzwe…
Read More » -
Aubameyang afashije ikipe ya Arsenal gutsinda Chelsea begukana Fa Cup ku nshuro ya 14.
Nyuma y’ibitego bibiri byose byatsinzwe na Rutahizamu Pierre Emerick Emiliano Aubameyang, ikipe ya Arsenal yegukanye igikombe cya Fa Cup ku…
Read More » -
Niyonzima Ally yateye umugongo Rayon Sport yerekeza muri Azam Fc mu gihugu cya Tanzaniya
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe y’iguhugu Amavubi Niyonzima Ally, yamaze gusinyira ikipe ya Azam Fc yo gihugu cya…
Read More » -
Impamvu As kigali ariyo izajyana na Apr fc mu marushanwa ny’afurika
Komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze kwemeza ko ikipe ya As Kigali ari yo izahagararira u Rwanda mu…
Read More » -
Mazimpaka Andre umukinnyi mushya wa Gasogi United yavuzeko atazishyuza Rayon sport amafaranga imufitiye
Uwari usanzwe ari umunyezamu w’ikipe ya Rayon sport Mazimpaka Andre, gusa kuri ubu akaba ari umukinnyi mushya w’ikipe ya Gasogi…
Read More »