Imikino
-
Rutahizamu Lionel Messi nawe yatoye Perezida ugomba kuyobora ikipe ya Barcelona
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi, ni umwe mu bitabiriye amatora ya Perezida w’iyi…
Read More » -
Lionel Messi yatowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi, niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare muri shampiyona…
Read More » -
Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 31 bagomba kwitegura Mozambique na Cameroon
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent, yamaze guhamagara abakinnyi 31 bagomba gutangira umwiherero bitegura imikino ibiri yo guhatanira itike yo…
Read More » -
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yamaze gusesekara mu gihugu cya Misiri
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’amagare yamaze gusesekara mu gihugu cya Misiri, ikaba igiyeyo kwitabira shampiyona ya Afurika y’umukino w’amagare…
Read More » -
Aubameyang yafashize Arsenal kubona insinzi nyuma yo gutsinda Hatrick ya mbere muri Premier League
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashize iyi kipe kwegukana amanota atatu…
Read More » -
Pep Guardiola yatowe nk’umutoza w’ukwezi kwa Mutarama muri shampiyona ya y’Abongereza
Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola ukomoka mu gihugu cya Espagne mu ntara ya Catalonya, watoje amakipe nka Barcelona…
Read More » -
Alex Iwobi yatangaje ko aticuza kuba yaravuye mu ikipe ya Arsenal
Umukinnyi wo ku mpande mu ikipe ya Everton ndetse n’ikipe y’igihugu ya Nigeria Alex Iwobi, yatangaje ko aticuza kuba yaravuye…
Read More » -
Ikipe ya PSG yavunikishije Neymar Jr mbere yo guhura n’ikipe ya Barcelona
Ikipe ya Paris Saint- Germain yo mu gihugu cy’Ubufaransa yamaze kuvunikisha Rutahizamu Neymar Jr mbere yo guhura n’ikipe ya Barcelona…
Read More » -
Asisat Oshoala yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu myaka 10 ishize mu bagore
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona y’abagore ndetse n’ikipe y’igihugu ya Nigeriya Asisat Oshoala yatowe nk’umukinnyi mwiza ukomoka muri Afurika mu myaka…
Read More » -
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’ibarurisha mibare ku mupira w’amaguru(IFFHS)ryatoye Lionel Messi nk’umukinnyi mwiza w’imyaka 10 ishize
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ndetse n’ikipe ya Argentine Lionel Messi yamaze gutorwa nk’umukinnyi wahiZe abandi mu myaka icumi ishize, aho…
Read More » -
Nizeyimana Mirafa ukina mu kibuga hagati yamaze gusinyira ikipe ya Zanaco Fc yo mu gihugu cya Zambiya
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati Nizeyimana Mirafa wahoze mu ikipe ya Rayon Sport, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Zanaco…
Read More » -
Myugariro Nirisarike Salomon yamaze gutandukana n’ikipe ya Fc Pyunik yo muri Arumeniya
Umunyarwanda usanzwe ukina nka Myugariro mu mutima w’ubwugarizi Nirisarike Salomon yamaze gutandukana n’ikipe ya Fc Pyunik yo mu gihugu cya…
Read More » -
Andre Onana yamaze guhagarikwa umwaka wose adakina umupira w’amaguru
Umunyezamu w’ikipe ya Ajax yo mu buholandi ndetse n’ikipe y’igihugu ya Cameroon Andre Onana yamaze guhagarikwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku…
Read More » -
Nyuma yo gutsinda igitego akambara nkuko yavutse yamaze guhanishwa imikino 8 adakina
Mu gihugu cya Brazil haravugwa amakuru y’umukinnyi witwa Emerson Carioca wahanwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri kiriya gihugu, kubera ukuntu yishimiye…
Read More » -
Habamahoro Vicent yatsinze urubanza yari yarezemo AFC Leopards yo muri Kenya
Umukinnyi w’umunyarwanda Habamahoro Vicent usanzwe akinira ikipe ya Kiyovu Sport nyuma yo kuva mu gihugu cya Kenya, yatsinze urubanza yari…
Read More » -
Dore zimwe muri Derby zikomeye cyane mu mupira w’amaguru kw’isi
Imikino izwi nka Derby ni imikino ikunzwe guhuza amakipe aturanye cyangwa se ayandi makipe ahora ahanganye buri kipe yumva ko…
Read More » -
Twitege iki kw’ikipe y’igihugu Amavubi yashyiriweho agahimbazamusyi karemereye
Mu gihugu cya Cameroon hakomeje kubera imikino y’irushanwa rya CHAN ku bakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, aho ikipe y’igihugu…
Read More » -
KNC Perezida wa Gasogi United yashyiriyeho intego Amavubi naramuka atsinze Maroc
Perezida w’ikipe ya Gasogi United Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yamaze gushyiriraho intego abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse na Staff yose,…
Read More » -
Ikipe ya Kiyovu Sport yamaze guha ikaze Rutahizamu Ishimwe Kevin
Rutahizamu wataka aciye mu mpande z’ikibuga Ishimwe Kevin wari usanzwe akinira ikipe ya APR Fc, yamaze guhabwa ikaze mu ikipe…
Read More » -
Ikipe ya APR Fc yamaze gutiza Rutahizamu Ishimwe Kevin
Rutahizamu usatira aca ku mpande Ishimwe Kevin wari usanzwe akinira ikipe ya APR Fc, yamaze gutizwa ikipe ya Kiyovu Sport…
Read More » -
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi yamaze guhagarikwa imikino ibiri
Rutahizamu Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentine usanzwe ukinira ikipe ya Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, yamaze guhagarikwa…
Read More » -
Federasiyo y’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA yagize Moïse Mutokambali Umuyobozi ushinzwe Tekiniki
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA , ryamaze gushyiraho umuyobozi ushinzwe Tekiniki uwo ntawundi ni Moïse Mutokambali wari usanzwe…
Read More » -
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryamaze kwimura Tour du Rwanda ya 2021
Muri iyi minsi icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza umurego hano mu Rwanda, byanatumye ibintu byinshi bihagarikwa ibindi birasubikwa. Ni nayo…
Read More » -
Ikipe ya Kiyovu Sport yamaze gusubika amasezerano y’abakozi bayo
Nyuma y’uko Minisiteri ya siporo mu Rwanda ifashe umwanzuro wo guhagarika Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Mupira w’amaguru mu Rwanda,…
Read More » -
Bruno Fernandez niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kw’Ukuboza kwa 2020
Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka mu gihugu cya Portugal usanzwe akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’ubwongereza…
Read More » -
Lionel Messi ayoboye urutonde rw’abakinnyi beza mu kurema uburyo bwinshi bw’ibitego mu myaka 10 ishize
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ukomoka mu gihugu cya Argentine Lionel Messi, niwe washyize ku mwanya wa mbere nk’umukinnyi wahize abandi…
Read More » -
Myugariro Rob Holding yongereye amasezerano mu ikipe ya Arsenal azamugeza muri 2024
Myugariro Rob Holding ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yongereye amasezerano muri iyi kipe azamugeza mu mwaka…
Read More » -
Ikipe ya As Kigali isezereye KCCA ikomeza urugendo ruyiganisha mu matsinda
Ikipe ya As Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya Caf Confederation Cup isezereye ikipe ya KCCA yo mu gihugu…
Read More » -
Ese twitege iki ku cyicaro cya FIFA kigiye kuza mu Rwanda?
Mu nama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wejo kuwa mbere tariki ya 4 Mutarama 2021, hafatiwemo ibyemezo bitandukanye birimo ibijyanye n’icyorezo…
Read More » -
Pele yanyomoje abavuga ko Christiano Ronaldo yamaze kumucaho mu bamaze gutsinda ibitego byinshi mu mateka ya Ruhago
Ikirangirire mu mupira w’amaguru kw’isi Pele ukomoka mu gihugu cya Brazil , yanyomoje amakuru yakomeje gucicikana avuga ko Christiano Ronaldo…
Read More » -
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru Ferwafa ryamaze gutangaza ingengo y’imari bazakoresha muri uyu mwaka
Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2021, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa batangaje ingengo y’imari bazakoresha muri…
Read More » -
Mauricio Pochettino yamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya PSG
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Argentine Mauricio Pochettino ,wari umaze igihe nta kazi afite nyuma yo kuva mu ikipe ya…
Read More » -
Abaganga b’ikipe ya Barcelona batangaje ko Coutinho agiye kumara amezi 5 hanze y’ikibuga
Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka mu gihugu cya Brazil Philippe Coutinho , usanzwe akinira ikipe ya Barcelona, agiye kumara…
Read More » -
Cassa Mbungo Andre yamaze kugirwa umutoza mushya wa Bandari Fc
Umutoza w’umunyarwanda Cassa Mbungo Andre wari usanzwe atoza ikipe ya Gasogi United, yamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya Bandari Fc…
Read More » -
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Edison Cavani yamaze guhagarikwa imikino itatu
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uruguay usanzwe akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’ubwongereza Edison Cavani, yamaze guhagarikwa…
Read More » -
Nyuma y’imikino itatu gusa Mukura vs yamaze kwirukana uwari usanzwe ari umutoza wayo
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Algerie wari usanzwe atoza ikipe ya Mukura vs Bahloul Djilali, yamaze kwirukanwa Nyuma y’imikino itatu…
Read More » -
Amavubi yamaze gutegurirwa imikino ya gicuti mbere yo kwerekeza mu mikino ya CHAN
Mu kwezi gutaha tariki ya 16 Mutarama , mu gihugu cya Cameroon hateganijwe kubera igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bakinnyi…
Read More » -
Ese ikibazo cy’irangira ry’ingengo y’imari mu ikipe ya Musanze Fc mu ntangiriro za shampiyona gihagaze gute?
Ntabwo bikunze kugaragara cyane ko ingengo y’imari mu makipe ishobora kurangira shampiyona igitangira, kuko amakipe menshi aba afite uburyo bwinshi…
Read More » -
Umutoza wa Barcelona Ronald Koeman yavuze ko abona bigoye kuzatwara shampiyona uyu mwaka
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’ubuholandi usanzwe atoza ikipe ya Fc Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, uwo ntawundi ni Ronald…
Read More » -
Seninga Innocent utoza ikipe ya Musanze Fc yamaze kurekurwa
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent wari umaze igihe kigera ku minsi itanu mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano yamaze…
Read More » -
Atletico Madrid yamaze kwemerera Diego costa kuzishakira indi kipe mu kwezi kwa mbere
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Brasil ariko akaba afite ubwenegihugu bwa Espagne Diego Costa, yamaze kumvikana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Atletico…
Read More » -
Nyuma ya Thiago Alcantara ikipe ya Liverpool yamaze gusinyisha rutahizamu Diogo Jota
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe ukinira ikipe ya Wolves yo mu gihugu cy’Ubwongereza Diogo Jota, yamaze kugurwa…
Read More » -
Bertrand Traore yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa
Rutahizamu wo mu mpande Bertrand Traore ukomoka mu gihugu cya Burkinafaso, wari usanzwe akinira ikipe ya Lyon yo mu gihugu…
Read More » -
Thiago Alcantara yamaze kuba umukinnyi mushya w’ikipe ya liverpool
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Thiago Alcantara ukomoka mu gihugu cya Brazil, ariko akaba akinira ikipe y’igihugu ya Espagne, yamaze…
Read More » -
UEFA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bazavamo abazahabwa ibihembo uyu mwaka rutarimo Christiano na Messi
Buri mwaka ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(Uefa),ritanga ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza kurusha abandi ku mugabane w’iburayi, bikaba ariko…
Read More » -
Urutonde rw’abakinnyi 6 banyaruka cyane kurusha abandi ku isi muri 2020
Uru ni urutonde rw’abakinnyi bagera kuri batandatu banyaruka cyane ndetse bafite umuvuduko munini kurusha abandi bose muri uyu mwaka wa…
Read More » -
Emiliano Martinez wari umuzamu w’ikipe ya Arsenal yasinye mu ikipe ya Aston Villa
Umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Argentine Emiliano Martinez wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa…
Read More » -
Kapiteni Aubameyang yongereye amasezerano mu ikipe ya Arsenal
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe ari Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, yamaze kongera amasezerano y’imyaka itatu azamugeza mu mwaka…
Read More » -
Miralem Pijanic yamaze kwerekwa itangazamakuru ahita anahabwa nimero 8 muri Barcelona
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Miralem Pijanic ukomoka mu gihugu cya Bosnia , uherutse kugurwa n’ikipe ya Barcelona imukuye mu…
Read More » -
Jack Grealish wifuzwaga na Manchester united ndetse na Arsenal yongereye amasezerano muri Aston Villa
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Jack Grealish, usanzwe akinira ikipe ya Aston Villa muri Premier league ndetse akaba anayibereye Kapiteni,…
Read More »