Bertrand IRADUKUNDA Munyaneza
-
Imikino
Nyuma y’imikino itatu gusa Mukura vs yamaze kwirukana uwari usanzwe ari umutoza wayo
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Algerie wari usanzwe atoza ikipe ya Mukura vs Bahloul Djilali, yamaze kwirukanwa Nyuma y’imikino itatu…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyo abakundana bakwiye gukora muri iki gihe turimo gusoza umwaka
Mu gihe habura amasaha macye kugirango dusoze umwaka wa 2020, abakundana bagakwiye kwicara bagasuzuma ibyo banyuzemo muri uyu mwaka ndetse…
Read More » -
Imikino
Amavubi yamaze gutegurirwa imikino ya gicuti mbere yo kwerekeza mu mikino ya CHAN
Mu kwezi gutaha tariki ya 16 Mutarama , mu gihugu cya Cameroon hateganijwe kubera igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bakinnyi…
Read More » -
Ubuzima
Abantu 86 bamaze guhitanwa na coronavirus, Ese biraterwa n’iki kugirango iki icyorezo gikomeze kwiyongera mu Rwanda?
Umwaka wa 2020 watangiye neza ndetse ntakibazo ntakimwe gihari ,abantu bishimye ibintu byose bimeze neza cyane, abantu basabana nkuko byari…
Read More » -
Imikino
Ese ikibazo cy’irangira ry’ingengo y’imari mu ikipe ya Musanze Fc mu ntangiriro za shampiyona gihagaze gute?
Ntabwo bikunze kugaragara cyane ko ingengo y’imari mu makipe ishobora kurangira shampiyona igitangira, kuko amakipe menshi aba afite uburyo bwinshi…
Read More » -
Imikino
Umutoza wa Barcelona Ronald Koeman yavuze ko abona bigoye kuzatwara shampiyona uyu mwaka
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’ubuholandi usanzwe atoza ikipe ya Fc Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, uwo ntawundi ni Ronald…
Read More » -
Imikino
Seninga Innocent utoza ikipe ya Musanze Fc yamaze kurekurwa
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent wari umaze igihe kigera ku minsi itanu mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano yamaze…
Read More » -
Imikino
Atletico Madrid yamaze kwemerera Diego costa kuzishakira indi kipe mu kwezi kwa mbere
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Brasil ariko akaba afite ubwenegihugu bwa Espagne Diego Costa, yamaze kumvikana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Atletico…
Read More » -
Ubuzima
Dore ubwoko bw’amafunguro ashobora gufasha umwana muto kongera ubwenge
Ku babyeyi bibaza indyo ikwiye kugaburirwa umwana ukiri muto kugira ngo ubwonko bwe burusheho gukura no gukora neza, dore amwe…
Read More » -
Imikino
Nyuma ya Thiago Alcantara ikipe ya Liverpool yamaze gusinyisha rutahizamu Diogo Jota
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe ukinira ikipe ya Wolves yo mu gihugu cy’Ubwongereza Diogo Jota, yamaze kugurwa…
Read More » -
Imikino
Bertrand Traore yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa
Rutahizamu wo mu mpande Bertrand Traore ukomoka mu gihugu cya Burkinafaso, wari usanzwe akinira ikipe ya Lyon yo mu gihugu…
Read More » -
Udushya
Umugore yibagishije amabere inshuro zirenga eshatu kugirango abe umunyamideli
Mu gihugu cy’Ubwongereza haravugwa umugore witwa Parker Leia ufite imyaka 25, usanzwe atuye mu majyepfo yicyo gihugu ,wibagishije inshuro zirenga…
Read More » -
Imikino
Thiago Alcantara yamaze kuba umukinnyi mushya w’ikipe ya liverpool
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Thiago Alcantara ukomoka mu gihugu cya Brazil, ariko akaba akinira ikipe y’igihugu ya Espagne, yamaze…
Read More » -
Imikino
UEFA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bazavamo abazahabwa ibihembo uyu mwaka rutarimo Christiano na Messi
Buri mwaka ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(Uefa),ritanga ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza kurusha abandi ku mugabane w’iburayi, bikaba ariko…
Read More » -
Imikino
Urutonde rw’abakinnyi 6 banyaruka cyane kurusha abandi ku isi muri 2020
Uru ni urutonde rw’abakinnyi bagera kuri batandatu banyaruka cyane ndetse bafite umuvuduko munini kurusha abandi bose muri uyu mwaka wa…
Read More » -
Imikino
Emiliano Martinez wari umuzamu w’ikipe ya Arsenal yasinye mu ikipe ya Aston Villa
Umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Argentine Emiliano Martinez wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa…
Read More » -
Imyidagaduro
Ubutumwa Wizkid yashyize hanze ntabwo bwakiriwe neza n’abakunzi ba Davido
Icyamamare mu Muziki muri Nigeria ndetse na Afurika yose muri rusange, yagiranye ubushyamirane n’abakunzi b’Umuhanzi Davido, nyuma y’ubutumwa yashyize hanze…
Read More » -
Imikino
Kapiteni Aubameyang yongereye amasezerano mu ikipe ya Arsenal
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe ari Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, yamaze kongera amasezerano y’imyaka itatu azamugeza mu mwaka…
Read More » -
Imikino
Miralem Pijanic yamaze kwerekwa itangazamakuru ahita anahabwa nimero 8 muri Barcelona
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Miralem Pijanic ukomoka mu gihugu cya Bosnia , uherutse kugurwa n’ikipe ya Barcelona imukuye mu…
Read More » -
Imikino
Jack Grealish wifuzwaga na Manchester united ndetse na Arsenal yongereye amasezerano muri Aston Villa
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Jack Grealish, usanzwe akinira ikipe ya Aston Villa muri Premier league ndetse akaba anayibereye Kapiteni,…
Read More » -
Imikino
Misiri yamaze kwemezwa ko ariyo izakira imikino ya Basketball mu batarengeje imyaka 18
Igihugu cya Misiri nicyo cyamaze kwemezwa ko aricyo kigomba kwakira imikino ya Basketball y’abakinnyi batarengeje imyaka 18, haba mu bagore…
Read More » -
Imikino
Lionel Messi yamaze kuba Umukinnyi wa Kabiri w’umupira w’amaguru utunze Miliyari y’amadorari
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentine, yamaze kuba umukinnyi wa kabiri w’umupira w’amaguru ugejeje Ku …
Read More » -
Amakuru
Umugore watekeraga kanyanga iwe mu rugo yafashwe n’inzego z’umutekano
Umugore witwa Mukamusoni w’imyaka 50 utuye mu karere ka Kirehe, Umurenge wa Mushiriki, Akagali ka Rugarama mu Mudugudu wa Kamasharavu,…
Read More » -
Udushya
Umugabo warishaga amazirantoki umugati yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano
Umugabo witwa Emmanuel Edgu ukomoka mu gihugu cya Nigeria mu gace ka Oyo muri leta ya Oyo, yafashwe na polisi…
Read More » -
Amakuru
Ikipe ya As Kigali yaba igiye kwibikaho Myugariro Bayisenge Emery
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Bayisenge Emery, wari usanzwe akinira ikipe ya Saif Sporting Club yo mu gihugu cya Bangladesh, mu…
Read More » -
Amakuru
Gasabo: Abarimu bo mu mashuri yigenga baratakamba bibaza aho inkunga bagenewe n’Ubushinwa yaheze
Nyuma yaho igihugu cy’Ubushinwa gitanze inkunga yo kugoboka abarimu bagizweho ingaruka na Covid-19, binyuze mu muryango w’abanyarwanda bize mu gihugu…
Read More » -
Ubuzima
Dore ibyagufasha kudahora mu ntonganya n’umukunzi wawe buri gihe
Mu rukundo ntihashobora kubura igituma abakundana batongana, bakarakaranya hahandi ubona ko ibintu bitameze neza, kuko ntabwo burya uko mubona ibintu…
Read More » -
Imikino
James Rodriguez wakiniraga Real Madrid yamaze kugurwa n’ikipe ya Everton
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombiya, James Rodriguez wari usanzwe akinira ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne,…
Read More » -
Imikino
Los Angeles Lakers yatsinze umukino wa mbere muri NBA Playoffs
Muri shampiyona ya Basketball muri Leta Z’unze ubumwe z’Amerika(NBA), hakomeje kuba imikino ya Playoffs ihuza amakipe yitwaye neza kurusha ayandi…
Read More » -
Imikino
Abandi bakinnyi batatu bagaragaweho Covid-19 muri Paris Staint Germain
Nyuma yaho abakinnyi barimo Angel Dimaria, Neymar Junior ndetse na Leandro Paredes basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, kuri ubu hakaba hamaze…
Read More » -
Imikino
Gasogi United yasinyishije Tuyinge Hakim wakiniraga ikipe ya Etencelles
Ikipe ya Gasogi United ikomeje kwigaragaza cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yamaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi Tuyisenge Hakim bakunze…
Read More » -
Imikino
Arsenal yongeye gutizwa umukinnyi Dani Ceballos ku nshuro ya kabiri
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Dani Ceballos ukomoka mu gihugu cya Espagne, usanzwe ari umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid, yongeye…
Read More » -
Amakuru
Kubuzwa gushyingiranwa byatumye umusore n’umukobwa biyahura barapfa
kubera gukundana byakataraboneka hagati y’umusore n’umukobwa bari bamaranye igihe nkuko amakuru abivuga nyuma bakaza kwangirwa kubana byatumye aba bombi biyahura…
Read More » -
Imikino
Ubuyozi bwa Rayon sport bwandikiye Ferwafa busaba ko ikipe yabo ariyo yasohokera iguhugu
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon sport bwamaze gushyikiriza ibaruwa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, busaba ko ikipe yabo ya Rayon…
Read More » -
Amakuru
Zambiya: Umugabo yasabwe gatanya n’umugore we kubera guhora yifuza kuryamana nawe yambaye imyenda ya polisi
Umugabo wo mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambiya, yasabwe gatanya n’umugore we usanzwe ari umupolisikazi muri polisi yo…
Read More » -
Udushya
Ntibisanzwe: Nyuma yo kubengwa umusore yivuruguse mu byondo nk’umwana muto
Si kenshi tujya tubona cg ngo twumve umuntu wabenzwe maze agakora ibikorwa bitangaje cg ibindi runaka, ariko ibyakozwe n’musore wo…
Read More » -
Imikino
Amakipe azahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika yamaze kumenya amatariki azakiniraho
Amakipe abiri ariyo ikipe ya APR fc ndetse n’ikipe ya As Kigali zizahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika , yamaze…
Read More » -
Imikino
Thomas Partey yamaze gusaba Atletico Madrid kumureka akajya muri Arsenal
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Atletico Madrid ndetse n’ikipe y’igihugu ya Ghana Thomas Partey, yamaze kubwira ubuyobozi…
Read More » -
Imikino
Donny Van de Beek yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester united
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima mu ikipe…
Read More » -
Imikino
Arsenal yamaze gutandukana burundu n’umukinnyi Henrikh Mkhitaryan
Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, ariko akaba yari yaratijwe mu ikipe ya As Roma yo mu…
Read More » -
Imikino
Van de Beek yamaze kumvikana n’ikipe ya Manchester United
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze kwemeranya n’ikipe ya Manchester united…
Read More » -
Amakuru
Kubera amakimbirane mu muryango byatumye umugabo yiyahura
Mu murenge wa Kabare uherereye mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo uri mu kigero cy’imyaka 33 wiyahuye kubera kugirana ibibazo…
Read More » -
Imikino
Mikel Arteta yongeye gutangaza ko afite ikizere ko Aubameyang azongera amasezerano
Nyuma y’umukino ikipe ya Arsenal yatsinzemo ikipe ya Liverpool kuri penaliti, maze ikegukana igikombe cya Community Shield, umutoza Mikel Arteta…
Read More » -
Amakuru
Inkubi y’umuyaga yahitanye abantu 14 yahawe izina rya Laura
Muri Leta z’unze ubumwe z’Amerika, inkubi y’umuyaga yahawe izina rya Laura yahitanye abantu bagera kuri 14 ndetse yangiza n’ibindi bintu…
Read More » -
Ubuzima
Coronavirusi yahitanye umuntu wa 16 mu Rwanda
Icyorezo cya coronavirus gikomeje gukaza umurego mu gihugu cyacu, umunsi Ku munsi abandura iki cyorezo bakomeza kugenda biyongera cyane ndetse…
Read More » -
Ubuzima
Dore bimwe mu byagufasha kurinda uruhu rwawe gusaza imburagihe
Niba wifuza kugira uruhu rwiza ruhorana itoto, uruhu ruzira iminkanyari, uruhu ruhora ruhehereye, gerageza gukurikiza izi nama tukugira hano turizera…
Read More » -
Imikino
Harry Maguire yatangaje ko yari afite ubwoba bwinshi ubwo yari afungiwe mu Bugereki
Nyuma y’uko Myugariro w’ikipe ya Manchester united ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Maguire yari yafatiwe mu gihugu cy’Ubugereki , yavuze…
Read More » -
Imikino
Migi wavugwaga muri Namungo Fc yongereye amasezerano mu ikipe ya KMC
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati, Mugiraneza Jean Baptiste Migi wari warasoje amasezerano mu ikipe ya KMC , yamaze kuyongera.…
Read More » -
Imikino
Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane yasinyishije Myugariro Ben Chilwell
Ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, mu mujyi wa London, ikomeje kwiyubaka mu buryo bukomeye cyane, kuri ubu yamaze…
Read More » -
Ubuzima
Ese wari uziko umubare munini w’abandura ndetse bagahitanwa na coronavirus ari abagabo?? Sobanukirwa
Kugeza ubu isi yacu ikomeje kugarizwa n’icyorezo cya coronavirus , aho iki cyorezo gikomeje guhitana umubare munini w’abantu ndetse abatuye…
Read More »