Imikino
-
Misiri yamaze kwemezwa ko ariyo izakira imikino ya Basketball mu batarengeje imyaka 18
Igihugu cya Misiri nicyo cyamaze kwemezwa ko aricyo kigomba kwakira imikino ya Basketball y’abakinnyi batarengeje imyaka 18, haba mu bagore…
Read More » -
Lionel Messi yamaze kuba Umukinnyi wa Kabiri w’umupira w’amaguru utunze Miliyari y’amadorari
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentine, yamaze kuba umukinnyi wa kabiri w’umupira w’amaguru ugejeje Ku …
Read More » -
James Rodriguez wakiniraga Real Madrid yamaze kugurwa n’ikipe ya Everton
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombiya, James Rodriguez wari usanzwe akinira ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne,…
Read More » -
Los Angeles Lakers yatsinze umukino wa mbere muri NBA Playoffs
Muri shampiyona ya Basketball muri Leta Z’unze ubumwe z’Amerika(NBA), hakomeje kuba imikino ya Playoffs ihuza amakipe yitwaye neza kurusha ayandi…
Read More » -
Abandi bakinnyi batatu bagaragaweho Covid-19 muri Paris Staint Germain
Nyuma yaho abakinnyi barimo Angel Dimaria, Neymar Junior ndetse na Leandro Paredes basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, kuri ubu hakaba hamaze…
Read More » -
Gasogi United yasinyishije Tuyinge Hakim wakiniraga ikipe ya Etencelles
Ikipe ya Gasogi United ikomeje kwigaragaza cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yamaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi Tuyisenge Hakim bakunze…
Read More » -
Arsenal yongeye gutizwa umukinnyi Dani Ceballos ku nshuro ya kabiri
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Dani Ceballos ukomoka mu gihugu cya Espagne, usanzwe ari umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid, yongeye…
Read More » -
Ubuyozi bwa Rayon sport bwandikiye Ferwafa busaba ko ikipe yabo ariyo yasohokera iguhugu
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon sport bwamaze gushyikiriza ibaruwa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, busaba ko ikipe yabo ya Rayon…
Read More » -
Amakipe azahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika yamaze kumenya amatariki azakiniraho
Amakipe abiri ariyo ikipe ya APR fc ndetse n’ikipe ya As Kigali zizahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika , yamaze…
Read More » -
Thomas Partey yamaze gusaba Atletico Madrid kumureka akajya muri Arsenal
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Atletico Madrid ndetse n’ikipe y’igihugu ya Ghana Thomas Partey, yamaze kubwira ubuyobozi…
Read More » -
Donny Van de Beek yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester united
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima mu ikipe…
Read More » -
Arsenal yamaze gutandukana burundu n’umukinnyi Henrikh Mkhitaryan
Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, ariko akaba yari yaratijwe mu ikipe ya As Roma yo mu…
Read More » -
Van de Beek yamaze kumvikana n’ikipe ya Manchester United
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze kwemeranya n’ikipe ya Manchester united…
Read More » -
Mikel Arteta yongeye gutangaza ko afite ikizere ko Aubameyang azongera amasezerano
Nyuma y’umukino ikipe ya Arsenal yatsinzemo ikipe ya Liverpool kuri penaliti, maze ikegukana igikombe cya Community Shield, umutoza Mikel Arteta…
Read More » -
Harry Maguire yatangaje ko yari afite ubwoba bwinshi ubwo yari afungiwe mu Bugereki
Nyuma y’uko Myugariro w’ikipe ya Manchester united ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Maguire yari yafatiwe mu gihugu cy’Ubugereki , yavuze…
Read More » -
Migi wavugwaga muri Namungo Fc yongereye amasezerano mu ikipe ya KMC
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati, Mugiraneza Jean Baptiste Migi wari warasoje amasezerano mu ikipe ya KMC , yamaze kuyongera.…
Read More » -
Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane yasinyishije Myugariro Ben Chilwell
Ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, mu mujyi wa London, ikomeje kwiyubaka mu buryo bukomeye cyane, kuri ubu yamaze…
Read More » -
Bidasubirwaho Willian yamaze kuba umukinnyi w’ikipe ya Arsenal
Nkuko ikipe ya Arsenal yamaze kubitangaza, umukinnyi Willian da Silva wari usanzwe akinira ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku…
Read More » -
Ikipe ya Juventus ngo yiteguye kurekura umukinnyi wayo Aaron Ramsey
Nkuko ikinyamakuru Sky Italia cyabitangaje, ikipe ya Juventus ngo yiteguye kugurisha umukinnyi wayo wo hagati mu kibuga Aaron Ramsey, kuko…
Read More » -
Juventus nyuma yo kwirukana Maurizio Sari yamaze kubona umutoza mushya
ikipe ya Juventus nyuma y’uko isezerewe n’ikipe ya Lyon mu mikino ya Uefa Champions league, yahise yirukana umutoza Maurizio Sari…
Read More » -
Bidasubirwaho Muhadjiri Hakizimana n’umukinnyi wa As Kigali
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yamaze gusinyira AS Kigali amasezerano y’umwaka umwe, ni nyuma yo gutera umugongo Rayon Sports yamwifuzaga. Hashize amezi…
Read More » -
Amatariki y’igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda izatangirira yamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(Ferwafa) ryamaze gutangaza ko shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda icyiciro cya mbere mu bagabo izatangira mu…
Read More » -
Manchester city yamaze gusinyisha Ferran Torres wakiniraga Valencia
Ikipe ya Manchester city yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi ukina ku mpande, Ferran Torres, wari usanzwe…
Read More » -
Aubameyang afashije ikipe ya Arsenal gutsinda Chelsea begukana Fa Cup ku nshuro ya 14.
Nyuma y’ibitego bibiri byose byatsinzwe na Rutahizamu Pierre Emerick Emiliano Aubameyang, ikipe ya Arsenal yegukanye igikombe cya Fa Cup ku…
Read More » -
Niyonzima Ally yateye umugongo Rayon Sport yerekeza muri Azam Fc mu gihugu cya Tanzaniya
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe y’iguhugu Amavubi Niyonzima Ally, yamaze gusinyira ikipe ya Azam Fc yo gihugu cya…
Read More » -
Impamvu As kigali ariyo izajyana na Apr fc mu marushanwa ny’afurika
Komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze kwemeza ko ikipe ya As Kigali ari yo izahagararira u Rwanda mu…
Read More » -
Mazimpaka Andre umukinnyi mushya wa Gasogi United yavuzeko atazishyuza Rayon sport amafaranga imufitiye
Uwari usanzwe ari umunyezamu w’ikipe ya Rayon sport Mazimpaka Andre, gusa kuri ubu akaba ari umukinnyi mushya w’ikipe ya Gasogi…
Read More » -
Biravugwako Kwizera Olivier ashobora kwerekeza mu ikipe ya Azam Fc
Umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier, wari umaze iminsi asinyiye ikipe ya Rayon sport nyuma yo kugurwa avuye mu ikipe…
Read More » -
Premier league yashyizweho akadomo Chelsea na Manchester united zisoza muri enye za mbere
Nyuma y’umukino w’umunsi wanyuma, Shampiyona y’igihugu y’abongereza premier league yamaze gushyirwaho akadomo, igikombe cyikaba cyaregukanwe n’ikipe ya Liverpool yari imaze…
Read More » -
Perezida w’ikipe ya Gasogi United yamaze gutangaza aho bateganya kubaka Stade
Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2019/20 utangira, Perezida w’ikipe ya Gasogi United yatangaje ko bafite umushinga wo…
Read More » -
Byamaze kwemezwako uyu mwaka Ballon d’or itazatangwa bitewe n’icyorezo cya coronavirus
Igihembo gisanzwe gihabwa umukinnyi witwaye neza kurusha abandi bose ku mugabane w’iburayi kizwi nka Ballon d’or, uyu mwaka ntabwo kizatangwa…
Read More » -
Djihad bizimana yagaragaye iminota 90 mu mukino ikipe ye ya Beveren yanyagiwemo na paris saint Germain
Kuri Stade ya Paris Saint Germain izwi nka Parc des Princes, iyi kipe yari yahakiriye ikipe ya Waasalnd Beveren yo…
Read More » -
Nyuma ya Iragire Saidi, Mukura Vs yamaze gusinyisha ba Myugariro 2, Nkomezi Alex na Nshimiyimana Marc Govin
Ikipe ya Mukura Victory sports, nyuma yo gutakaza bamwe mu bakinnyi bayo bari bayifatiye runini, kuri ubu nayo yatangiye kwiyubaka…
Read More » -
Police Fc ikomeje kwiyubaka cyane yamaze gusinyisha Myugariro Usengimana Faustin
Ubuyobozi bw’ikipe ya Police Fc binyuze mu munyamabanga mukuru w’iyi kipe CIP Karangwa Maurice, bamaze gutangazako basinyishije Myugariro w’ikipe y’igihugu…
Read More » -
Icyamamare mu mukino wa Basketball Russell Westbrook yanduye Coronavirus
Nkuko byatangajwe n’ikipe ya Houston Rockets, Russell Westbrook usanzwe ari inkingi ya mwamba muri iyi kipe yamaze kwandura icyorezo cya…
Read More » -
Raphael Bocco ukinira Simba Sc niwe wagukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kwa Kamena muri Tanzaniya
Rutahizamu usanzwe akinira ikipe ya Simba Sport club ndetse n’ikipe y’igihugu ya Tanzaniya Raphael Bocco, niwe wamaze kwegukana igihembo cy’umukinnyi…
Read More » -
Manchester city yamaze gukurirwaho ibihano yari yarafatiwe
Nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(UEFA) ryari ryafatiye ibihano ikipe ya Manchester city byo kumara imyaka ibiri idakina…
Read More » -
Ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu Misiri rigiye gusaba kwakira imikino isigaye ya CAF Champions league mugihe Cameroon bisa nibyayigoye .
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri (EFA) ngo rizaganira ku gutanga icyifuzo mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru nyafurika (CAF) kwakira imikino isigaye…
Read More » -
Arsenal: Arteta yasobanuye impamvu Saka yakuwe kurutonde rw’ababanza mukibuga mu mukino warangiye Spurs istinze 2-1
Ku mugoroba wo ku cyumweru, ikipe ya Tottenham Hotspur yagiye hejuru ya Arsenal ku rutonde rwa Premier League nyuma yo…
Read More » -
Urutonde rw’abakinnyi beza babiciye bigacika mu mupira w’amaguru ku isi bibihe byose
Amazina yabakinnyi bagaragaye kururu rutonde ni abakinnyi beza bibihe byose mu mupira w’amaguru ku isi twifashishije wikipedia, sports update na…
Read More » -
Salomon Kalou yerekeje muri Botafogo ikina muri shampiyona ya Brazil
Salomon Kalou wakinye muri Ivory cost, nkumwataka kurubu akaba abarizwa muri Botafogo muri shampiona y’igihugu ya Brazil nyuma yokwirukanwa muri …
Read More » -
umuvugizi wa kiyovu sport yahakanye amakuru avuga ko inama rusange ya kiyovu sport izitabirwa n’abantu 19 gusa
Mu kiganiro vise President wa kiyovu sport Bwana ntarindwa Theodore yagiranye na radio10 mu kiganiro ten sport cyo kuri uyu…
Read More » -
Muhadjir Hakizimana mubiganiro byanyuma yinjira muri Rayon sport
Nyuma y’uko umuragemedia.rw wandikiye inkuru ivugako Hakizimana Muhadjir ko 99,5% ari Umukinnyi wa Rayon sport Kumunsi wejo ku itariki…
Read More » -
Uwari umutoza wungirije muri APR Fc Dr Nabyl Bekroui yamaze gutandukana nayo
Dr Nabyl wari umutoza wungirije mu ikipe ya APR Fc yamaze gutandukana nayo, nyuma yaho haribyo batumvikanyeho bijyanye no kuba…
Read More » -
Chelsea yiteguye gutanga abakinnyi batandatu kugirango ibone miliyoni 90 z’amayero zo kugura Kai Havertz
Ikipe ya Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane, kugirango umwaka utaha w’imikino izabe ihagaze neza kurushaho, kuri ubu yiteguye kugurisha abakinnyi bagera…
Read More » -
Igihombo gikomeye Kiyovu sport mugutakaza Babua Samson muri Simba football Club.
Ibitangazamakuru byo muri Tanzania byemeza ko ibiganiro hagati y’umukinnyi n’ikipe byo byarangiye igisigaye ari ukumvikana hagati ya Kiyovu Sports na…
Read More » -
Real Madrid yagabanije igiciro cya James Rodriguez ku ikipe yose yaba imwifuza
Ikipe ya Real Madrid yamaze gukubita hasi igiciro ku musore wayo James Rodriguez, aho yakigejeje kuri miliyoni 20 z’amapawundi ku…
Read More » -
Umwambaro mushya wa Barcalona izakoresha murugo mu mwaka w’imikino wa 2020-2021
Nyuma y’ibibazo byagaragajwe nabafana byo kumesa imyenda yabo baguze mu mwaka wa 2019-2020 w’imikino ikavamo amarangi, ikanacuya kubera ibyuya gusa …
Read More » -
Rayon sport ibiganiro bigeze kure na Muhoza Tresor usanzwe akinira Musanze fc.
Nyuma yo gutakaza bamwe mu bakinnyi ba mwamba muri ekipe ya rayon sport aho Iradukunda Radu yerekeje mu ikipe ya…
Read More » -
Xavi Hernandez yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Al-Sadd nk’Umutoza mukuru mu mwaka 2020-2021
Xavi Hernandez yongereye amasezerano nkuko byatangajwe n’Abayobozi ba Al-sadd sports Club nkumutoza mukuru mu mwaka wa 2020-2021 binyujijwe kumbuga za…
Read More »