Imikino
-
Arsenal yamaze gutandukana burundu n’umukinnyi Henrikh Mkhitaryan
Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan wari usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, ariko akaba yari yaratijwe mu ikipe ya As Roma yo mu…
Read More » -
Van de Beek yamaze kumvikana n’ikipe ya Manchester United
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Donny Van de Beek ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi , yamaze kwemeranya n’ikipe ya Manchester united…
Read More » -
Mikel Arteta yongeye gutangaza ko afite ikizere ko Aubameyang azongera amasezerano
Nyuma y’umukino ikipe ya Arsenal yatsinzemo ikipe ya Liverpool kuri penaliti, maze ikegukana igikombe cya Community Shield, umutoza Mikel Arteta…
Read More » -
Harry Maguire yatangaje ko yari afite ubwoba bwinshi ubwo yari afungiwe mu Bugereki
Nyuma y’uko Myugariro w’ikipe ya Manchester united ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Maguire yari yafatiwe mu gihugu cy’Ubugereki , yavuze…
Read More » -
Migi wavugwaga muri Namungo Fc yongereye amasezerano mu ikipe ya KMC
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati, Mugiraneza Jean Baptiste Migi wari warasoje amasezerano mu ikipe ya KMC , yamaze kuyongera.…
Read More » -
Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane yasinyishije Myugariro Ben Chilwell
Ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, mu mujyi wa London, ikomeje kwiyubaka mu buryo bukomeye cyane, kuri ubu yamaze…
Read More » -
Bidasubirwaho Willian yamaze kuba umukinnyi w’ikipe ya Arsenal
Nkuko ikipe ya Arsenal yamaze kubitangaza, umukinnyi Willian da Silva wari usanzwe akinira ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku…
Read More » -
Ikipe ya Juventus ngo yiteguye kurekura umukinnyi wayo Aaron Ramsey
Nkuko ikinyamakuru Sky Italia cyabitangaje, ikipe ya Juventus ngo yiteguye kugurisha umukinnyi wayo wo hagati mu kibuga Aaron Ramsey, kuko…
Read More » -
Juventus nyuma yo kwirukana Maurizio Sari yamaze kubona umutoza mushya
ikipe ya Juventus nyuma y’uko isezerewe n’ikipe ya Lyon mu mikino ya Uefa Champions league, yahise yirukana umutoza Maurizio Sari…
Read More » -
Bidasubirwaho Muhadjiri Hakizimana n’umukinnyi wa As Kigali
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yamaze gusinyira AS Kigali amasezerano y’umwaka umwe, ni nyuma yo gutera umugongo Rayon Sports yamwifuzaga. Hashize amezi…
Read More » -
Amatariki y’igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda izatangirira yamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(Ferwafa) ryamaze gutangaza ko shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda icyiciro cya mbere mu bagabo izatangira mu…
Read More » -
Manchester city yamaze gusinyisha Ferran Torres wakiniraga Valencia
Ikipe ya Manchester city yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi ukina ku mpande, Ferran Torres, wari usanzwe…
Read More » -
Aubameyang afashije ikipe ya Arsenal gutsinda Chelsea begukana Fa Cup ku nshuro ya 14.
Nyuma y’ibitego bibiri byose byatsinzwe na Rutahizamu Pierre Emerick Emiliano Aubameyang, ikipe ya Arsenal yegukanye igikombe cya Fa Cup ku…
Read More » -
Niyonzima Ally yateye umugongo Rayon Sport yerekeza muri Azam Fc mu gihugu cya Tanzaniya
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe y’iguhugu Amavubi Niyonzima Ally, yamaze gusinyira ikipe ya Azam Fc yo gihugu cya…
Read More » -
Impamvu As kigali ariyo izajyana na Apr fc mu marushanwa ny’afurika
Komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze kwemeza ko ikipe ya As Kigali ari yo izahagararira u Rwanda mu…
Read More » -
Mazimpaka Andre umukinnyi mushya wa Gasogi United yavuzeko atazishyuza Rayon sport amafaranga imufitiye
Uwari usanzwe ari umunyezamu w’ikipe ya Rayon sport Mazimpaka Andre, gusa kuri ubu akaba ari umukinnyi mushya w’ikipe ya Gasogi…
Read More » -
Biravugwako Kwizera Olivier ashobora kwerekeza mu ikipe ya Azam Fc
Umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier, wari umaze iminsi asinyiye ikipe ya Rayon sport nyuma yo kugurwa avuye mu ikipe…
Read More » -
Premier league yashyizweho akadomo Chelsea na Manchester united zisoza muri enye za mbere
Nyuma y’umukino w’umunsi wanyuma, Shampiyona y’igihugu y’abongereza premier league yamaze gushyirwaho akadomo, igikombe cyikaba cyaregukanwe n’ikipe ya Liverpool yari imaze…
Read More » -
Perezida w’ikipe ya Gasogi United yamaze gutangaza aho bateganya kubaka Stade
Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2019/20 utangira, Perezida w’ikipe ya Gasogi United yatangaje ko bafite umushinga wo…
Read More » -
Byamaze kwemezwako uyu mwaka Ballon d’or itazatangwa bitewe n’icyorezo cya coronavirus
Igihembo gisanzwe gihabwa umukinnyi witwaye neza kurusha abandi bose ku mugabane w’iburayi kizwi nka Ballon d’or, uyu mwaka ntabwo kizatangwa…
Read More » -
Djihad bizimana yagaragaye iminota 90 mu mukino ikipe ye ya Beveren yanyagiwemo na paris saint Germain
Kuri Stade ya Paris Saint Germain izwi nka Parc des Princes, iyi kipe yari yahakiriye ikipe ya Waasalnd Beveren yo…
Read More » -
Nyuma ya Iragire Saidi, Mukura Vs yamaze gusinyisha ba Myugariro 2, Nkomezi Alex na Nshimiyimana Marc Govin
Ikipe ya Mukura Victory sports, nyuma yo gutakaza bamwe mu bakinnyi bayo bari bayifatiye runini, kuri ubu nayo yatangiye kwiyubaka…
Read More » -
Police Fc ikomeje kwiyubaka cyane yamaze gusinyisha Myugariro Usengimana Faustin
Ubuyobozi bw’ikipe ya Police Fc binyuze mu munyamabanga mukuru w’iyi kipe CIP Karangwa Maurice, bamaze gutangazako basinyishije Myugariro w’ikipe y’igihugu…
Read More » -
Icyamamare mu mukino wa Basketball Russell Westbrook yanduye Coronavirus
Nkuko byatangajwe n’ikipe ya Houston Rockets, Russell Westbrook usanzwe ari inkingi ya mwamba muri iyi kipe yamaze kwandura icyorezo cya…
Read More » -
Raphael Bocco ukinira Simba Sc niwe wagukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kwa Kamena muri Tanzaniya
Rutahizamu usanzwe akinira ikipe ya Simba Sport club ndetse n’ikipe y’igihugu ya Tanzaniya Raphael Bocco, niwe wamaze kwegukana igihembo cy’umukinnyi…
Read More » -
Manchester city yamaze gukurirwaho ibihano yari yarafatiwe
Nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’iburayi(UEFA) ryari ryafatiye ibihano ikipe ya Manchester city byo kumara imyaka ibiri idakina…
Read More » -
Ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu Misiri rigiye gusaba kwakira imikino isigaye ya CAF Champions league mugihe Cameroon bisa nibyayigoye .
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri (EFA) ngo rizaganira ku gutanga icyifuzo mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru nyafurika (CAF) kwakira imikino isigaye…
Read More » -
Arsenal: Arteta yasobanuye impamvu Saka yakuwe kurutonde rw’ababanza mukibuga mu mukino warangiye Spurs istinze 2-1
Ku mugoroba wo ku cyumweru, ikipe ya Tottenham Hotspur yagiye hejuru ya Arsenal ku rutonde rwa Premier League nyuma yo…
Read More » -
Urutonde rw’abakinnyi beza babiciye bigacika mu mupira w’amaguru ku isi bibihe byose
Amazina yabakinnyi bagaragaye kururu rutonde ni abakinnyi beza bibihe byose mu mupira w’amaguru ku isi twifashishije wikipedia, sports update na…
Read More » -
Salomon Kalou yerekeje muri Botafogo ikina muri shampiyona ya Brazil
Salomon Kalou wakinye muri Ivory cost, nkumwataka kurubu akaba abarizwa muri Botafogo muri shampiona y’igihugu ya Brazil nyuma yokwirukanwa muri …
Read More » -
umuvugizi wa kiyovu sport yahakanye amakuru avuga ko inama rusange ya kiyovu sport izitabirwa n’abantu 19 gusa
Mu kiganiro vise President wa kiyovu sport Bwana ntarindwa Theodore yagiranye na radio10 mu kiganiro ten sport cyo kuri uyu…
Read More » -
Muhadjir Hakizimana mubiganiro byanyuma yinjira muri Rayon sport
Nyuma y’uko umuragemedia.rw wandikiye inkuru ivugako Hakizimana Muhadjir ko 99,5% ari Umukinnyi wa Rayon sport Kumunsi wejo ku itariki…
Read More » -
Uwari umutoza wungirije muri APR Fc Dr Nabyl Bekroui yamaze gutandukana nayo
Dr Nabyl wari umutoza wungirije mu ikipe ya APR Fc yamaze gutandukana nayo, nyuma yaho haribyo batumvikanyeho bijyanye no kuba…
Read More » -
Chelsea yiteguye gutanga abakinnyi batandatu kugirango ibone miliyoni 90 z’amayero zo kugura Kai Havertz
Ikipe ya Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane, kugirango umwaka utaha w’imikino izabe ihagaze neza kurushaho, kuri ubu yiteguye kugurisha abakinnyi bagera…
Read More » -
Igihombo gikomeye Kiyovu sport mugutakaza Babua Samson muri Simba football Club.
Ibitangazamakuru byo muri Tanzania byemeza ko ibiganiro hagati y’umukinnyi n’ikipe byo byarangiye igisigaye ari ukumvikana hagati ya Kiyovu Sports na…
Read More » -
Real Madrid yagabanije igiciro cya James Rodriguez ku ikipe yose yaba imwifuza
Ikipe ya Real Madrid yamaze gukubita hasi igiciro ku musore wayo James Rodriguez, aho yakigejeje kuri miliyoni 20 z’amapawundi ku…
Read More » -
Umwambaro mushya wa Barcalona izakoresha murugo mu mwaka w’imikino wa 2020-2021
Nyuma y’ibibazo byagaragajwe nabafana byo kumesa imyenda yabo baguze mu mwaka wa 2019-2020 w’imikino ikavamo amarangi, ikanacuya kubera ibyuya gusa …
Read More » -
Rayon sport ibiganiro bigeze kure na Muhoza Tresor usanzwe akinira Musanze fc.
Nyuma yo gutakaza bamwe mu bakinnyi ba mwamba muri ekipe ya rayon sport aho Iradukunda Radu yerekeje mu ikipe ya…
Read More » -
Xavi Hernandez yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Al-Sadd nk’Umutoza mukuru mu mwaka 2020-2021
Xavi Hernandez yongereye amasezerano nkuko byatangajwe n’Abayobozi ba Al-sadd sports Club nkumutoza mukuru mu mwaka wa 2020-2021 binyujijwe kumbuga za…
Read More » -
Hakizimana Muhadjiri ku kigero cya 99,5% nk’Umukinnyi wa Rayon sport nkuko bitangazwa na President Munyakazi Sadati.
Rayon sports nyuma y’uko hagaragayemo ibibazo byinshi ku mpande zabafana ndetse nabayobozi bahoze bayobora Rayon sport fc n’ubuyobozi bwari busanzwe…
Read More » -
Steven Mukwala top score wa Uganda premier league mu marembo yinjira muri Sunrise fc.
Ikipe ya Sunrise nyuma yaho itakarije rutahizamu wayo witwaye neza mu mwaka w’imikino 2019-2020, Samson Babua wa yoboye urutonde rwabakinnyi…
Read More » -
-
Alex Sanchez & Mkhitaryan, Ibrahimovic & Etóo, …..deal 5 zabaye impfabusa mumateka
alex sanchez (Arsenal – Man united) Mkihitaryan( Man united – Aresenal). Ntawashidikanya kuvuga ko Alex mu ikipe ya Arsenal yahagiriye…
Read More » -
Imvo n’imvano yikoreshwa ryamakarita azwi nka(red card) na ( yellow card) muri ruhago kw’isi.
Zimwe muntwaro zikoreshwa mu kibuga cy’umupira w’amaguru kwisi zifashishwa mugutanga gasopo ndetse no guhana bidasubirwaho Ntawashidikanya ko aya makarita yifashishwa…
Read More » -
KNC ati: ibyacu na Kwizera olivier bigomba gukemurwa n’ubutabera
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje ubuyobozi bwa gasogi United bwari buhagarariwe na president wayo bwa kakuze Charles uzi nka KNC hamwe…
Read More » -
Kwizera Olivier na Issa Bigirimana bamaze gusinyira ikipe ya Rayon sport
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Nyakanga 2020, nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije…
Read More » -
Florian Maurice kumunsi wejo yahakanye €80 zitangwa na real Madrid kuri Eduardo Camavinga
nyuma yamakipe meshi yifuje umusore muto wa Rennens w’imyaka 17 yamavuko Eduardo Camavinga wavukiye muri Angola ahazwi nka Miconge,cabinda) washakwaga…
Read More » -
Caf yatangaje ko African cup ya 2021 Yimuriwe M’ukwambere 2022
Nyuma y’ibiganiro birebire hagati kumpande zose n’abafatanyabikorwa bigikombe cy’africa banzuye ko igikombe cy’africa cyari kuza kinirwa mu igihugu cya cameroon…
Read More » -
COVID-19: Steph Curry n’umuryango we biyemeje gushaka inkunga ingana na miliyoni imwe
Nubwo shampiyona ya NBA yahagaze Steph Curry avuga ko kuri we ibikorwa byo gukora kuri we bitahagaze. Uyu ukinnyi ukinira…
Read More » -
Shampiyona ya Basket irakomeza muri Kigali Arena, Bushari arasusurutsa abitabira, Corona yatekerejweho
Kuri uyu wa Gatanu abakunzi ba Basketball baraza kuba bongeye kuryoherwa, imikino ibiri iraza kuba ibera muri Kigali Arena. Kubisaha…
Read More »